• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, January 19, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Corneille Nangaa, uyoboye AFC/M23 yavuze akari kumutima, ahishura ibice bagiye kwambura Ingabo za Tshisekedi, birimo na Kivu y’Epfo.

minebwenews by minebwenews
March 29, 2024
in Regional Politics
0
Corneille Nangaa, uyoboye AFC/M23 yavuze akari kumutima, ahishura ibice bagiye kwambura Ingabo za Tshisekedi, birimo na Kivu y’Epfo.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ihuriro ry’imitwe ya politike harimo na M23 biteguye kuvanaho ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi, mu minsi ya vuba.

You might also like

Abasirikare b’u Burundi barenga 500 bari guhigwa bukware

Perezida Ndayishimiye Yizeje MONUSCO Kurinda U Rwanda, Ntiyashyigikira Gusenywa kwa FDLR

Uganda Yongeye Gufungura Internet Nyuma y’Itangazwa ry’Ibyavuye mu Matora ya Perezida

N’ibyatangajwe kuri uyu wa Kane, tariki ya 28/03/2024, bitangajwe n’umuhuza bikorwa w’i huriro ry’imitwe ya politike n’iyagisirikare rya Alliance Fleuve Congo (AFC).

Umuyobozi wayo ariwe Corneille Nangaa wigezeho kuyobora komisiyo ishinzwe gutegura amatora y’umukuru w’igihugu muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, yatangaje ko we nabagenze be biteguye kuvanaho ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi, wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, mu minsi iri mbere mike.

Avuga kandi ko ihuriro ryabo ribabajwe n’umutekano muke ukomeje kuzamba mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, ahanini mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, Ituri na Kivu y’Amajyepfo, aho yagaragaje ko ingaruka z’u mutekano muke zituma abaturage banyagwa ibyabo.

Yagize ati: “Aho gukemura ibibazo, leta ya perezida Félix Tshisekedi yahisemo gucyagaguramo ibice Abanyekongo ashingiye ku moko, aha intebe ivanguramoko, inzara, ubujura no gusahura imitungo y’abaturage, kwica Abanyapolitike no gukoresha ubutabera nabi. Yahisemo guhisha amakosa, maze akabirundurira byo se kuri Kagame.”

Yakomeje agira ati: “Mu minsi iri imbere tuzafata Goma, Kivu zombi, Grand-Oriental, Equateur, Katanga, Kasaï, Bandundu, Congo-Central n’umurwa mukuru. I Kinshasa tuzahagera kugira dushyireho ubutegetsi bw’i Gihugu ku bera ko turi mu karengane.”

Ibi biganiro byabereye i Kiwanja, muri teritware ya Rutsuru, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru. Byari ibiganiro by’itabiriwe n’abandi bayobozi bohejuru bagize iri huriro rya AFC, barimo Bertrand Bisimwa, n’abandi.

AFC yashinzwe ahagana mu mwaka w’2023. Kuyishinga byabereye i Nairobi mu gihugu cya Kenya.

Ibi biganiro AFC ya bikoresheje mu gihe kuri uyu wa Gatatu, w’iki Cyumweru turimo, i New York, muri leta Zunze Ubumwe z’Amerika, hari habereye i biganiro byabagize aka Nama gashinzwe umutekano ku Isi mu muryango w’Abibumbye.

Muri ibyo biganiro by’i New York abarimo Bintou Keita, intumwa idasanzwe y’umunyamabanga mukuru w’u muryango w’Abibumbye muri RDC, bavuze ko M23 irimo kwiyubaka cyane, ndetse ko kandi ikomeje gufata ibindi bice mu buryo butigeze bubaho kuva kera.

                 MCN.
Tags: AFC/m23Harimo Kivu zombiYavuze akari kumutimaYerekanye ibice binini igiye gufata
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Abasirikare b’u Burundi barenga 500 bari guhigwa bukware

by Bahanda Bruce
January 18, 2026
0
Abasirikare b’u Burundi barenga 500 bari guhigwa bukware

Abasirikare b’u Burundi barenga 500 bari guhigwa bukware Abasirikare b’Igihugu cy’u Burundi barenga 500 bari guhigwa bukware n’inzego z’umutekano, bashinjwa gutoroka inshingano za gisirikare nyuma yo gutsindwa ku...

Read moreDetails

Perezida Ndayishimiye Yizeje MONUSCO Kurinda U Rwanda, Ntiyashyigikira Gusenywa kwa FDLR

by Bahanda Bruce
January 18, 2026
0
Perezida Ndayishimiye Yizeje MONUSCO Kurinda U Rwanda, Ntiyashyigikira Gusenywa kwa FDLR

Perezida Ndayishimiye Yizeje MONUSCO Kurinda U Rwanda, Ntiyashyigikira Gusenywa kwa FDLR Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yatangaje ko ingabo z’Umuryango w’Abibumbye ziri mu butumwa bw’amahoro muri Repubulika Iharanira...

Read moreDetails

Uganda Yongeye Gufungura Internet Nyuma y’Itangazwa ry’Ibyavuye mu Matora ya Perezida

by Bahanda Bruce
January 18, 2026
0
Uganda Yategetse Gufunga Internet mu Gihugu Hose Mbere y’Amatora

Uganda Yongeye Gufungura Internet Nyuma y’Itangazwa ry’Ibyavuye mu Matora ya Perezida Leta ya Uganda yongeye gufungura internet mu gihugu hose nyuma y’itangazwa ry’ibyavuye mu matora y’Umukuru w’Igihugu, byemeje...

Read moreDetails

Uganda Yategetse Gufunga Internet mu Gihugu Hose Mbere y’Amatora

by Bahanda Bruce
January 13, 2026
0
Uganda Yategetse Gufunga Internet mu Gihugu Hose Mbere y’Amatora

Uganda Yategetse Gufunga Internet mu Gihugu Hose Mbere y’Amatora Leta ya Uganda yafashe icyemezo gikomeye cyo guhagarika internet mu gihugu hose mu gihe kitazwi. Iki cyemezo cyatangajwe n’Ikigo...

Read moreDetails

Bobi Wine Yatanze Gasopo yo Kwigaragambya mu gihe Amatora Yagaragaramo Ubujura

by Bahanda Bruce
January 13, 2026
0
Bobi Wine Yatanze Gasopo yo Kwigaragambya mu gihe Amatora Yagaragaramo Ubujura

Bobi Wine Yatanze Gasopo yo Kwigaragambya mu gihe Amatora Yagaragaramo Ubujura Umuyobozi w’abatavuga rumwe n’ubutegetsi muri Uganda, Robert Kyagulanyi Ssentamu, uzwi cyane ku izina rya Bobi Wine, yatangaje...

Read moreDetails
Next Post
Hashizweho ubundi buryo bushya bwo kurinda umutekano w’u murwa mukuru, Kinshasa, ninyuma y’uko umutekano waho ukomeje kuzamba.

Hashizweho ubundi buryo bushya bwo kurinda umutekano w'u murwa mukuru, Kinshasa, ninyuma y'uko umutekano waho ukomeje kuzamba.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kabila Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?