• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, November 4, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Corneille Nangaa, uyoboye AFC/M23 yavuze akari kumutima, ahishura ibice bagiye kwambura Ingabo za Tshisekedi, birimo na Kivu y’Epfo.

minebwenews by minebwenews
March 29, 2024
in Regional Politics
0
Corneille Nangaa, uyoboye AFC/M23 yavuze akari kumutima, ahishura ibice bagiye kwambura Ingabo za Tshisekedi, birimo na Kivu y’Epfo.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ihuriro ry’imitwe ya politike harimo na M23 biteguye kuvanaho ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi, mu minsi ya vuba.

You might also like

Perezida Tshisekedi yavuze ko RDC igiye gucibwamo ibice

Perezida Tshisekedi yatangaje ko Leta ye igiye kugirana ibiganiro na M23

U Burundi mu bibangamiye amahoro y’Abanyamulenge n’amasezerano u Rwanda rwasinyanye na RDC-Minisitiri Nduhungirehe

N’ibyatangajwe kuri uyu wa Kane, tariki ya 28/03/2024, bitangajwe n’umuhuza bikorwa w’i huriro ry’imitwe ya politike n’iyagisirikare rya Alliance Fleuve Congo (AFC).

Umuyobozi wayo ariwe Corneille Nangaa wigezeho kuyobora komisiyo ishinzwe gutegura amatora y’umukuru w’igihugu muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, yatangaje ko we nabagenze be biteguye kuvanaho ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi, wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, mu minsi iri mbere mike.

Avuga kandi ko ihuriro ryabo ribabajwe n’umutekano muke ukomeje kuzamba mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, ahanini mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, Ituri na Kivu y’Amajyepfo, aho yagaragaje ko ingaruka z’u mutekano muke zituma abaturage banyagwa ibyabo.

Yagize ati: “Aho gukemura ibibazo, leta ya perezida Félix Tshisekedi yahisemo gucyagaguramo ibice Abanyekongo ashingiye ku moko, aha intebe ivanguramoko, inzara, ubujura no gusahura imitungo y’abaturage, kwica Abanyapolitike no gukoresha ubutabera nabi. Yahisemo guhisha amakosa, maze akabirundurira byo se kuri Kagame.”

Yakomeje agira ati: “Mu minsi iri imbere tuzafata Goma, Kivu zombi, Grand-Oriental, Equateur, Katanga, Kasaï, Bandundu, Congo-Central n’umurwa mukuru. I Kinshasa tuzahagera kugira dushyireho ubutegetsi bw’i Gihugu ku bera ko turi mu karengane.”

Ibi biganiro byabereye i Kiwanja, muri teritware ya Rutsuru, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru. Byari ibiganiro by’itabiriwe n’abandi bayobozi bohejuru bagize iri huriro rya AFC, barimo Bertrand Bisimwa, n’abandi.

AFC yashinzwe ahagana mu mwaka w’2023. Kuyishinga byabereye i Nairobi mu gihugu cya Kenya.

Ibi biganiro AFC ya bikoresheje mu gihe kuri uyu wa Gatatu, w’iki Cyumweru turimo, i New York, muri leta Zunze Ubumwe z’Amerika, hari habereye i biganiro byabagize aka Nama gashinzwe umutekano ku Isi mu muryango w’Abibumbye.

Muri ibyo biganiro by’i New York abarimo Bintou Keita, intumwa idasanzwe y’umunyamabanga mukuru w’u muryango w’Abibumbye muri RDC, bavuze ko M23 irimo kwiyubaka cyane, ndetse ko kandi ikomeje gufata ibindi bice mu buryo butigeze bubaho kuva kera.

                 MCN.
Tags: AFC/m23Harimo Kivu zombiYavuze akari kumutimaYerekanye ibice binini igiye gufata
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Perezida Tshisekedi yavuze ko RDC igiye gucibwamo ibice

by Bahanda Bruce
November 3, 2025
0
Perezida Tshisekedi yavuze ko RDC igiye gucibwamo ibice

Perezida Tshisekedi yavuze ko RDC igiye gucibwamo ibice Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo (RDC), Félix Tshisekedi, yongeye gushinja u Rwanda umugambi wo kwiyomekaho igice cy’uburasirazuba bw’igihugu...

Read moreDetails

Perezida Tshisekedi yatangaje ko Leta ye igiye kugirana ibiganiro na M23

by Bahanda Bruce
November 3, 2025
0
Perezida Tshisekedi yatangaje ko Leta ye igiye kugirana ibiganiro na M23

Perezida Tshisekedi yatangaje ko Leta ye igiye kugirana ibiganiro na M23 Perezida Felix Tshisekedi wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, yatangaje ko Leta ye igiye gusubukura ibiganiro n'umutwe...

Read moreDetails

U Burundi mu bibangamiye amahoro y’Abanyamulenge n’amasezerano u Rwanda rwasinyanye na RDC-Minisitiri Nduhungirehe

by Bahanda Bruce
November 2, 2025
0
I Burundi hikanzwe coup d’etat bituma Ndayishimiye asubika uruzinduko yagombaga kugira

U Burundi mu bibangamiye amahoro y'Abanyamulenge n'amasezerano y'amahoro u Rwanda rwagiranye na RDC- minisitiri Nduhungirehe Igihugu cy'u Burundi byavuzwe ko kiri mu bibangamiye amasezerano y'amahoro yasinywe hagati y'u...

Read moreDetails

Abarimo ibyamamare mu muziki muri Tanzania bahunze igihugu

by Bahanda Bruce
November 1, 2025
0
Abarimo ibyamamare mu muziki muri Tanzania bahunze igihugu

Abarimo ibyamamare mu muziki muri Tanzania bahunze igihugu Mu gihe imyigaragambyo ikomeje kuzamura ubukana mu gihugu cya Tanzania, abaririmbyi barimo n'icyamamare Diamond Platnumz berekeje iy'ubuhungiro. Iyi myigaragambyo yatangiye...

Read moreDetails

U Rwanda rwasubije u Bufaransa busaba AFC/M23 gufungura ikibuga cy’indege cya Goma

by Bahanda Bruce
October 31, 2025
0
U Rwanda rwasubije u Bufaransa busaba AFC/M23 gufungura ikibuga cy’indege cya Goma

U Rwanda rwasubije u Bufaransa busaba AFC/M23 gufungura ikibuga cy'indege cya Goma U Rwanda rubinyujije kuri minisitiri warwo w'ubanye n'amahanga, Olivier Nduhungurehe, yavuze ko ikibuga cy'indege cya Goma...

Read moreDetails
Next Post
Hashizweho ubundi buryo bushya bwo kurinda umutekano w’u murwa mukuru, Kinshasa, ninyuma y’uko umutekano waho ukomeje kuzamba.

Hashizweho ubundi buryo bushya bwo kurinda umutekano w'u murwa mukuru, Kinshasa, ninyuma y'uko umutekano waho ukomeje kuzamba.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Manage options Manage services Manage {vendor_count} vendors Read more about these purposes
View preferences
{title} {title} {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?