Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Donald Trump yise Abanye-kongo abicanyi, avuga impamvu yabyo.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
August 14, 2024
in Regional Politics
0
Donald Trump yise Abanye-kongo abicanyi, avuga impamvu yabyo.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Donald Trump yise Abanye-kongo abicanyi, avuga impamvu yabyo.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Hari mu kiganiro Trump wahoze ari perezida w’Amerika yagiranye n’umuherwe Elon Musk, ku ya 11/08/2024, cyabereye ku rubuga rwa X rwahoze rwitwa Twitter, avuga ko mu gihugu cye ko haheruka kwinjira Abanye-kongo 22 b’abicanyi.

Donald Trump ushaka kongera kuyobora leta Zunze Ubumwe z’Amerika, yibasiye Abanye-kongo, aho yabise abicanyi kandi avuga ko binjiye muri Amerika bavuye muri gereza.

Yagize ati: “Bari kuva muri Afrika, muri Congo. Hari abantu 22 baherutse kuva muri RDC kandi ni abicanyi. Bari kubajugunya. Bari kubakura muri gereza, urabizi ko kubafunga bihenze. Bari kubohereza muri Amerika.”

Si ubwa mbere Trump yibasira abimukira ahanini b’Abanye-kongo kuko no mu kwezi kwa Kabiri 2024 yarabikoze ubwo yari mu kiganiro cyateguwe na Fox News.

Yagize ati: “Abantu bari kuva ahantu hose. Bari kuva muri RDC. Mu ijoro rya keye babajije abantu bamwe bati: ‘mwabagahe?’ muri gereza. Bose bari gusohoka gerezazabo, baza mu gihugu cyacu.”

Ubwo Trump yasuraga umupaka wa Amerika mu mpera z’uku kwezi gushize na bwo yasubiyemo ko Abanyekongo bari kwisukiranya mu gihugu cyabo, bavuye muri za gereza.

Ati: “Abantu benshi bari kuza bavuye muri gereza muri RDC. Murebe muri gereza mu karere no ku Isi yose, bari gushiramo kuko bari kubohereza muri Amerika.”

Umuvugizi wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Patrick Muyaya aheruka gutangariza televisiyo ya CNN ko ibyo Trump ari kuvuga atari ukuri, ndetse asaba ko uwo munyapolitiki yoreka ibinyoma.

Ati: “Ibyo avuga si byo.ntabwo byigeze biba. Turamusabye kubihagarika kuko ni bibi ku gihugu.”

Iyi televisiyo ya CNN nayo ubwayo yatangaje ko ibyo Trump yatangaje bidafite ishingiro ndetse kandi ivuga ko uyu munyapolitiki ko yabeshe inshuro zigera kuri 20 mu kiganiro yagiranye na Elon Musk.

          MCN.
Tags: AbicanyiDonald TrumpYise Abanyekongo
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
Ingabo za FARDC ziri mu Bibogobogo zahawe amabwiriza mashya.

Ingabo za FARDC ziri mu Bibogobogo zahawe amabwiriza mashya.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?