• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, October 24, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Donald Trump yise Abanye-kongo abicanyi, avuga impamvu yabyo.

minebwenews by minebwenews
August 14, 2024
in Regional Politics
0
Donald Trump yise Abanye-kongo abicanyi, avuga impamvu yabyo.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Donald Trump yise Abanye-kongo abicanyi, avuga impamvu yabyo.

You might also like

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

Hari mu kiganiro Trump wahoze ari perezida w’Amerika yagiranye n’umuherwe Elon Musk, ku ya 11/08/2024, cyabereye ku rubuga rwa X rwahoze rwitwa Twitter, avuga ko mu gihugu cye ko haheruka kwinjira Abanye-kongo 22 b’abicanyi.

Donald Trump ushaka kongera kuyobora leta Zunze Ubumwe z’Amerika, yibasiye Abanye-kongo, aho yabise abicanyi kandi avuga ko binjiye muri Amerika bavuye muri gereza.

Yagize ati: “Bari kuva muri Afrika, muri Congo. Hari abantu 22 baherutse kuva muri RDC kandi ni abicanyi. Bari kubajugunya. Bari kubakura muri gereza, urabizi ko kubafunga bihenze. Bari kubohereza muri Amerika.”

Si ubwa mbere Trump yibasira abimukira ahanini b’Abanye-kongo kuko no mu kwezi kwa Kabiri 2024 yarabikoze ubwo yari mu kiganiro cyateguwe na Fox News.

Yagize ati: “Abantu bari kuva ahantu hose. Bari kuva muri RDC. Mu ijoro rya keye babajije abantu bamwe bati: ‘mwabagahe?’ muri gereza. Bose bari gusohoka gerezazabo, baza mu gihugu cyacu.”

Ubwo Trump yasuraga umupaka wa Amerika mu mpera z’uku kwezi gushize na bwo yasubiyemo ko Abanyekongo bari kwisukiranya mu gihugu cyabo, bavuye muri za gereza.

Ati: “Abantu benshi bari kuza bavuye muri gereza muri RDC. Murebe muri gereza mu karere no ku Isi yose, bari gushiramo kuko bari kubohereza muri Amerika.”

Umuvugizi wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Patrick Muyaya aheruka gutangariza televisiyo ya CNN ko ibyo Trump ari kuvuga atari ukuri, ndetse asaba ko uwo munyapolitiki yoreka ibinyoma.

Ati: “Ibyo avuga si byo.ntabwo byigeze biba. Turamusabye kubihagarika kuko ni bibi ku gihugu.”

Iyi televisiyo ya CNN nayo ubwayo yatangaje ko ibyo Trump yatangaje bidafite ishingiro ndetse kandi ivuga ko uyu munyapolitiki ko yabeshe inshuro zigera kuri 20 mu kiganiro yagiranye na Elon Musk.

          MCN.
Tags: AbicanyiDonald TrumpYise Abanyekongo
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye

by Bahanda Bruce
October 24, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye Ihuriro rya Allience Fleuve Congo, AFC /M23 ryavuze ko amakuru avuga ko yagiranye ibiganiro na perezida w'u Burundi, Evariste...

Read moreDetails

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC U Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo, byongeye guhurira i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe z'Amerika, mu...

Read moreDetails

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n'abarwanye intambara yo kubohora u Rwanda Ababarirwa mu mirongo barimo abahungu n'abagabo, bavuye mu gice kizwi nk'i Rukombe binjira igisirikare cy'umutwe wa FDL...

Read moreDetails

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by'ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n'u Rwanda Perezida w'u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yasabye u Bufaransa ngo bumuhurize mu biganiro n'u Rwanda,...

Read moreDetails

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yagiranye ibiganiro na AFC/M23 Perezida w'u Burundi Evariste Ndayishimiye yagiranye ibiganiro by'ibanga n'intumwa z'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails
Next Post
Ingabo za FARDC ziri mu Bibogobogo zahawe amabwiriza mashya.

Ingabo za FARDC ziri mu Bibogobogo zahawe amabwiriza mashya.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?