• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, September 11, 2026
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
  • Login
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Donald Trump yise Abanye-kongo abicanyi, avuga impamvu yabyo.

minebwenews by minebwenews
August 14, 2024
in Regional Politics
0
Donald Trump yise Abanye-kongo abicanyi, avuga impamvu yabyo.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Donald Trump yise Abanye-kongo abicanyi, avuga impamvu yabyo.

Hari mu kiganiro Trump wahoze ari perezida w’Amerika yagiranye n’umuherwe Elon Musk, ku ya 11/08/2024, cyabereye ku rubuga rwa X rwahoze rwitwa Twitter, avuga ko mu gihugu cye ko haheruka kwinjira Abanye-kongo 22 b’abicanyi.

READ ALSO

Amayobera ku Ifatwa ry’Abapasitori Batatu b’Abanyamulenge mu Burundi: Pasitori Jelos Yafatiwe ku Kibuga cy’Indege

Rwanda–RDC : L’ambassadrice Urujeni accuse Kinshasa de poursuivre sa coopération avec les FDLR et les Wazalendo et appelle à traiter le problème à la racine

Donald Trump ushaka kongera kuyobora leta Zunze Ubumwe z’Amerika, yibasiye Abanye-kongo, aho yabise abicanyi kandi avuga ko binjiye muri Amerika bavuye muri gereza.

Yagize ati: “Bari kuva muri Afrika, muri Congo. Hari abantu 22 baherutse kuva muri RDC kandi ni abicanyi. Bari kubajugunya. Bari kubakura muri gereza, urabizi ko kubafunga bihenze. Bari kubohereza muri Amerika.”

Si ubwa mbere Trump yibasira abimukira ahanini b’Abanye-kongo kuko no mu kwezi kwa Kabiri 2024 yarabikoze ubwo yari mu kiganiro cyateguwe na Fox News.

Yagize ati: “Abantu bari kuva ahantu hose. Bari kuva muri RDC. Mu ijoro rya keye babajije abantu bamwe bati: ‘mwabagahe?’ muri gereza. Bose bari gusohoka gerezazabo, baza mu gihugu cyacu.”

Ubwo Trump yasuraga umupaka wa Amerika mu mpera z’uku kwezi gushize na bwo yasubiyemo ko Abanyekongo bari kwisukiranya mu gihugu cyabo, bavuye muri za gereza.

Ati: “Abantu benshi bari kuza bavuye muri gereza muri RDC. Murebe muri gereza mu karere no ku Isi yose, bari gushiramo kuko bari kubohereza muri Amerika.”

Umuvugizi wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Patrick Muyaya aheruka gutangariza televisiyo ya CNN ko ibyo Trump ari kuvuga atari ukuri, ndetse asaba ko uwo munyapolitiki yoreka ibinyoma.

Ati: “Ibyo avuga si byo.ntabwo byigeze biba. Turamusabye kubihagarika kuko ni bibi ku gihugu.”

Iyi televisiyo ya CNN nayo ubwayo yatangaje ko ibyo Trump yatangaje bidafite ishingiro ndetse kandi ivuga ko uyu munyapolitiki ko yabeshe inshuro zigera kuri 20 mu kiganiro yagiranye na Elon Musk.

          MCN.
Tags: AbicanyiDonald TrumpYise Abanyekongo

Related Posts

Amayobera ku Ifatwa ry’Abapasitori Batatu b’Abanyamulenge mu Burundi: Pasitori Jelos Yafatiwe ku Kibuga cy’Indege
Regional Politics

Amayobera ku Ifatwa ry’Abapasitori Batatu b’Abanyamulenge mu Burundi: Pasitori Jelos Yafatiwe ku Kibuga cy’Indege

September 11, 2026
Rwanda–RDC: Ambasaderi Urujeni yashinje Kinshasa gukomeza gukorana na FDLR na Wazalendo, asaba gukemura ikibazo mu mizi
Regional Politics

Rwanda–RDC : L’ambassadrice Urujeni accuse Kinshasa de poursuivre sa coopération avec les FDLR et les Wazalendo et appelle à traiter le problème à la racine

September 10, 2026
Rwanda–RDC: Ambasaderi Urujeni yashinje Kinshasa gukomeza gukorana na FDLR na Wazalendo, asaba gukemura ikibazo mu mizi
Regional Politics

Rwanda–RDC: Ambasaderi Urujeni yashinje Kinshasa gukomeza gukorana na FDLR na Wazalendo, asaba gukemura ikibazo mu mizi

September 9, 2026
Uganda: Arrests of Former CMI Chiefs Bring Military Intelligence Back Into the Spotlight of the Country’s History
Regional Politics

Uganda: Arrests of Former CMI Chiefs Bring Military Intelligence Back Into the Spotlight of the Country’s History

September 9, 2026
Uganda: Ifatwa ry’abahoze bayobora CMI ryasubije ubutasi bwa gisirikare mu isura y’amateka akomeye y’igihugu
Regional Politics

Uganda: Ifatwa ry’abahoze bayobora CMI ryasubije ubutasi bwa gisirikare mu isura y’amateka akomeye y’igihugu

September 9, 2026
Gen. Muhoozi yavuze abo atinya, anagaruka ku cyo avuga ko atigeze ageraho muri RDC
Regional Politics

Gen. Muhoozi yavuze abo atinya, anagaruka ku cyo avuga ko atigeze ageraho muri RDC

September 9, 2026
Next Post
Ingabo za FARDC ziri mu Bibogobogo zahawe amabwiriza mashya.

Ingabo za FARDC ziri mu Bibogobogo zahawe amabwiriza mashya.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Conflict & Security Regional Politics Religion Shop & Explore sport & entertainment Uncategorized World News

RECENT POSTS

  • Amayobera ku Ifatwa ry’Abapasitori Batatu b’Abanyamulenge mu Burundi: Pasitori Jelos Yafatiwe ku Kibuga cy’Indege
  • FARDC, Ingabo z’u Burundi n’Imitwe Yitwaje Intwaro Bageze mu Bice bya Rurambo na Ndondo: Amakuru Mashya ku Miterere y’Ingabo Ziri Kuzamuka Ziva i Uvira
  • Shaka Nyamusaraba Ari He? Amakuru Mashya Atandukanye Yagaragaje Ibyihishe ku Rugendo Rwe i Kinshasa
  • About Us
  • Home
  • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In
Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?