• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, April 25, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

FARDC, Mai Mai, FDNB na FDLR byakubiswe iza kabwana mu mirwano yirije umunsi i Mulenge.

minebwenews by minebwenews
April 7, 2025
in Conflict & Security
0
FARDC, FDLR na Wazalendo bagabye ibitero bikomeye ku Banyamulenge.
98
SHARES
2.4k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

FARDC, Mai Mai, FDNB na FDLR byakubiswe iza kabwana mu mirwano yirije umunsi i Mulenge.

You might also like

L’AFC/M23 annonce un programme d’échange de prisonniers avec le gouvernement de Kinshasa, basé sur les accords de la Suisse

AFC/M23 yatangaje gahunda yo guhererekanya imfungwa na Leta ya Kinshasa hashingiwe ku masezerano yo mu Busuwisi

James Swan Visits Goma, an Area Controlled by the AFC/M23 Alliance

Nyuma y’aho ihuriro ry’ingabo za Congo rigabye ibitero ku Banyamulenge mu nkengero za komine ya Minembwe, Twirwaneho na m23 imitwe ya gisirikare ibarizwa mu ihuriro rya Alliance Fleuve Congo(AFC), yarwaniriye abaturage ubundi ikubita kubi ririya huriro ryagabye ibitero birangira riyabangiye ingata, nk’uko amakuru ava muri ibyo bice abivuga.

Ni ibitero byatangiye mu gitondo cya kare cyo kuri uyu wa mbere tariki ya 07/04/2025, bikaba byirije umunsi wose.

Amakuru Minembwe Capital News imaze kwakira ubu mu ijoro agira ati: “Imirwano yagejeje saa moya z’ijoro ku masaha ya Minembwe na Bukavu, ariko ihuriro ry’ingabo za Congo ryaje gukizwa n’amaguru. Ubu tuvugana uwateye(Fardc, FDLR, FDNB na Mai Mai) Abanyamulenge yahunze.”

Aya makuru akomeza avuga ko abarwanyi b’uyu mutwe wa m23 n’uwa Twirwaneho bafashe uduce twinshi ahanini duherereye hakurya y’uruzi runini rwa Rwiko, ari natwo iri huriro ryaturutsemo, ubwo ryagabaga ibi bitero.

Ati: “Twafashe ku Kaitaji, kwa Shembwa, kwa Magara n’ahandi.”

Ibindi bice Twirwaneho na m23 byabohoje birimo ahitwa kwa Ronderi n’inkengero zayo. Ndetse kandi bivugwa ko ahabereye imirwano hose byarangiraga ihuriro ry’ingabo zirwana ku ruhande rwa Leta zibikuwemo.

Ni mu gihe kandi iri huriro ry’ingabo za Congo zagabye ibindi bitero muri Mukoko no mu nkengero zayo, ariko naho byarangiye iriya mitwe ibiri ibarizwa mu ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC, ibisubije inyuma.

Ubuhamya Minembwe Capital News yahawe n’umuturage uri mu Minembwe bugaragaza ko uyu munsi muri ako karere kiriwemo ibituruka byinshi, kandi ko byarimo byumvikanira impande zose.

Yagize ati: “Uyu munsi hiriwe imirwano, kandi yaberaga mu bice byinshi. Imbunda ziremereye zumvikanye kandi twumvaga n’izindi ntoya.”

Yakomeje agira ati: “Ariko dushimira Imana ikomeje kuturinda. Nti tworeka no gushimira abana bacu ba Twirwaneho na m23 baje kuturwanirira. Birukanaga umwanzi tureba.”

Nyamara nubwo amakuru amwe avuga ko ihuriro ry’ingabo za Congo ryahunze, ariko andi makuru yo ku ruhande avuga ko ritahungiye kure, ngo kuko rikiri hafi aho, kuburyo impande zombi zishobora kongera kuramukira mu mirwano ejo ku wa kabiri.

Tags: I MulengeIhuriro ry'ingabo za CongoImirwanoM23Twirwaneho
Share39Tweet25Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

L’AFC/M23 annonce un programme d’échange de prisonniers avec le gouvernement de Kinshasa, basé sur les accords de la Suisse

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
L’AFC/M23 annonce un programme d’échange de prisonniers avec le gouvernement de Kinshasa, basé sur les accords de la Suisse

L’AFC/M23 annonce un programme d’échange de prisonniers avec le gouvernement de Kinshasa, basé sur les accords de la Suisse Le porte-parole adjoint en charge des affaires politiques de...

Read moreDetails

AFC/M23 yatangaje gahunda yo guhererekanya imfungwa na Leta ya Kinshasa hashingiwe ku masezerano yo mu Busuwisi

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
AFC/M23 yatangaje gahunda yo guhererekanya imfungwa na Leta ya Kinshasa hashingiwe ku masezerano yo mu Busuwisi

AFC/M23 yatangaje gahunda yo guhererekanya imfungwa na Leta ya Kinshasa hashingiwe ku masezerano yo mu Busuwisi Umuvugizi wungirije mu rwego rwa politiki w’ihuriro AFC/M23, Dr Balinda, yatangaje ko...

Read moreDetails

James Swan Visits Goma, an Area Controlled by the AFC/M23 Alliance

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
James Swan yagiriye uruzinduko i Goma ahagenzurwa n’ihuriro AFC/M23

James Swan Visits Goma, an Area Controlled by the AFC/M23 Alliance James Swan, the Special Representative of the UN Secretary-General and Head of MONUSCO, arrived this Friday, April...

Read moreDetails

James Swan yagiriye uruzinduko i Goma ahagenzurwa n’ihuriro AFC/M23

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
James Swan yagiriye uruzinduko i Goma ahagenzurwa n’ihuriro AFC/M23

James Swan yagiriye uruzinduko i Goma ahagenzurwa n’ihuriro AFC/M23 James Swan, Intumwa yihariye y’Umunyamabanga Mukuru wa Loni akaba n’Umuyobozi wa MONUSCO, yageze kuri uyu wa Gatanu tariki ya...

Read moreDetails

Impunzi z’Abanyekongo zatangiye gutahuka iwabo

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
Impunzi z’Abanyekongo zatangiye gutahuka iwabo

Impunzi z’Abanyekongo zatangiye gutahuka iwabo Nubwo umutekano utaragaruka uko bikwiye mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, impunzi z’Abanyekongo zari zarahungiye mu Burundi zatangiye gutahuka ku bushake,...

Read moreDetails
Next Post
Amafaranga ya Wazalendo yahindutse ideal,” ibivugwa na Leta .

Amafaranga ya Wazalendo yahindutse ideal," ibivugwa na Leta .

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?