Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Fardc nyuma yokuvugutirwa umuti mu Minembwe iri gukora ibisa no guhahamuka.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
November 29, 2024
in Regional Politics
0
Fardc nyuma yokuvugutirwa umuti mu Minembwe iri gukora ibisa no guhahamuka.
150
SHARES
3.7k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Fardc nyuma yokuvugutirwa umuti mu Minembwe iri gukora ibisa no guhahamuka.

You might also like

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Aka kanya ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo (FARDC) mu Minembwe ziri kurasa amasasu menshi, bikavugwa ko zikanze nyuma y’uko ahar’ejo zagabye igitero mu baturage mu Kalingi, Twirwaneho iratabara irabarasa abenshi muri yo birangira baburiwe irengero abandi barapfa.

Aya masusu yo gupfusha ubusa, yarashwe muri aya masaha y’iki gitondo cyo ku itariki ya 29/11/2024, yarashwe n’abasirikare baherereye hafi n’ikibuga cy’indege cya Minembwe ku Kiziba.

Ni nyuma y’uko ku wa Kane tariki ya 28/11/2024 abaturage bo mu Kalingi bagabweho igitero n’ingabo za FARDC zari ziturutse mu Madegu muri centre ya Minembwe. Iki gitero kikaba cyaraguyemo abaturage bane n’ubwo umubare nyawo utarabamenyekana, kuko ahar’ejo byavuzwe ko hapfuye batatu, ariko ubu hatowe undi murambo.

Icyakurikiyeho Twirwaneho yatabaye abaturage bagabweho igitero, maze birangira bavugutiye umuti ingabo za FARDC.

Twirwaneho mu gutabara, yahise irasa ingabo za FARDC zari zigeze ku gasozi kitwa ku Kimimera ko mu Kalingi aho nazo zari zitanze umusaada kuri bariya bari bagabye igitero, zirapfa izindi zirakomereka ndetse zinahunga ugutandukanye.

Ni mu gihe n’abari bagabye igitero nyuma yokwica abaturage, Twirwaneho na bo yarafungiye ntibakomeza inzira ya Mikenke, kandi ntibahunga basubira mu Minembwe, hubwo bakomeza kurasirwa hagati.

Ibi biri mu byatumye FARDC mu Minembwe ihahamuka, nk’uko ikomeje kubigaragaza.

Ndetse komanda ureba brigade y’izi ngabo mu Minembwe yazindutse asaba Twirwaneho kureka abasirikare be bakaja gutora intumbi zababo zaguye mu Kalingi no gushaka ababuriwe irengero. Gusa nta gisubizo barahabwa.

Ariko nubwo bivugwa ko FARDC yafungiwe amayira yose, abapfuye bayo cyangwa bakomeretse ntibaramenyekana, usibye intumbi 8 zaguye hafi no kwa Gitambara mu Kalingi.

Hagati aho, hari amakuru yemeza ko FARDC yarimaze iminsi iri gutegura gutera abaturage, nubwo byavugwaga ko ibyo bitero ishobora kubitangirira ku Ndondo ya Bijombo.
Binasobanurwa ko interahamwe, Maï Maï n’indi mitwe y’itwaje imbunda ikorana byahafi n’igisirikare cya FARDC iri gukomeza kw’ihuriza mu Rurambo no mu bindi bice byo ku mushyasha wa Uvira.

Ibyo bikaba bikomeje guteza imvurururu n’umutekano muke mu misozi miremire y’Imulenge muri Kivu y’Amajy’epfo.

Tags: FardcGuhahamukaumuti
Share60Tweet38Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk'abamaraika, agaragaza n'impamvu yabyo. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi, yatangaje ko umukuru w'igihugu cy'u Rwanda Paul...

Read moreDetails

Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe.

Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe. Mu buryo budasanzwe umudipolomate wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Mutebwa Mulumba Jean Dieu, usanzwe ari umujyanama wa kabiri muri ambasade...

Read moreDetails

U Rwanda rwagize icyo ruvuga ku ntambwe imaze guterwa hagati ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 20, 2025
0
Icyo minisitiri Nduhungirehe yavuze ku biganiro biri kubera i Doha bihuza RDC na AFC/M23.

U Rwanda rwagize icyo ruvuga ku ntambwe imaze guterwa hagati ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Leta y'u Rwanda yatangaje ko yishimiye isinywa ry'inyandiko y'amahame y'ibanze ngenderwaho aganisha...

Read moreDetails
Next Post
Menya ibyo perezida Paul Kagame yaganiriye na perezida João Lourenço kuri telefone.

Menya ibyo perezida Paul Kagame yaganiriye na perezida João Lourenço kuri telefone.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?