• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, January 29, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Fardc nyuma yokuvugutirwa umuti mu Minembwe iri gukora ibisa no guhahamuka.

minebwenews by minebwenews
November 29, 2024
in Regional Politics
0
Fardc nyuma yokuvugutirwa umuti mu Minembwe iri gukora ibisa no guhahamuka.
150
SHARES
3.7k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Fardc nyuma yokuvugutirwa umuti mu Minembwe iri gukora ibisa no guhahamuka.

You might also like

Jean Maurice Uwera Yagizwe Umuvugizi Wungirije wa Leta y’u Rwanda: Ibyo Ukeneye Kumenya ku Muvugizi Mushya

Perezida Museveni yibutsa Amateka y’Urugamba rwo mu Mashyamba, Anenga Igitutu cy’Amahanga ku Miyoborere ya Uganda

Ishimutwa ry’Imishahara mu Gisirikare cy’u Burundi: Harasabwa Umucyo ku Mafaranga Yaburiwe Irengero mu Masaha Make

Aka kanya ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo (FARDC) mu Minembwe ziri kurasa amasasu menshi, bikavugwa ko zikanze nyuma y’uko ahar’ejo zagabye igitero mu baturage mu Kalingi, Twirwaneho iratabara irabarasa abenshi muri yo birangira baburiwe irengero abandi barapfa.

Aya masusu yo gupfusha ubusa, yarashwe muri aya masaha y’iki gitondo cyo ku itariki ya 29/11/2024, yarashwe n’abasirikare baherereye hafi n’ikibuga cy’indege cya Minembwe ku Kiziba.

Ni nyuma y’uko ku wa Kane tariki ya 28/11/2024 abaturage bo mu Kalingi bagabweho igitero n’ingabo za FARDC zari ziturutse mu Madegu muri centre ya Minembwe. Iki gitero kikaba cyaraguyemo abaturage bane n’ubwo umubare nyawo utarabamenyekana, kuko ahar’ejo byavuzwe ko hapfuye batatu, ariko ubu hatowe undi murambo.

Icyakurikiyeho Twirwaneho yatabaye abaturage bagabweho igitero, maze birangira bavugutiye umuti ingabo za FARDC.

Twirwaneho mu gutabara, yahise irasa ingabo za FARDC zari zigeze ku gasozi kitwa ku Kimimera ko mu Kalingi aho nazo zari zitanze umusaada kuri bariya bari bagabye igitero, zirapfa izindi zirakomereka ndetse zinahunga ugutandukanye.

Ni mu gihe n’abari bagabye igitero nyuma yokwica abaturage, Twirwaneho na bo yarafungiye ntibakomeza inzira ya Mikenke, kandi ntibahunga basubira mu Minembwe, hubwo bakomeza kurasirwa hagati.

Ibi biri mu byatumye FARDC mu Minembwe ihahamuka, nk’uko ikomeje kubigaragaza.

Ndetse komanda ureba brigade y’izi ngabo mu Minembwe yazindutse asaba Twirwaneho kureka abasirikare be bakaja gutora intumbi zababo zaguye mu Kalingi no gushaka ababuriwe irengero. Gusa nta gisubizo barahabwa.

Ariko nubwo bivugwa ko FARDC yafungiwe amayira yose, abapfuye bayo cyangwa bakomeretse ntibaramenyekana, usibye intumbi 8 zaguye hafi no kwa Gitambara mu Kalingi.

Hagati aho, hari amakuru yemeza ko FARDC yarimaze iminsi iri gutegura gutera abaturage, nubwo byavugwaga ko ibyo bitero ishobora kubitangirira ku Ndondo ya Bijombo.
Binasobanurwa ko interahamwe, Maï Maï n’indi mitwe y’itwaje imbunda ikorana byahafi n’igisirikare cya FARDC iri gukomeza kw’ihuriza mu Rurambo no mu bindi bice byo ku mushyasha wa Uvira.

Ibyo bikaba bikomeje guteza imvurururu n’umutekano muke mu misozi miremire y’Imulenge muri Kivu y’Amajy’epfo.

Tags: FardcGuhahamukaumuti
Share60Tweet38Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Jean Maurice Uwera Yagizwe Umuvugizi Wungirije wa Leta y’u Rwanda: Ibyo Ukeneye Kumenya ku Muvugizi Mushya

by Bahanda Bruce
January 29, 2026
0
Jean Maurice Uwera Yagizwe Umuvugizi Wungirije wa Leta y’u Rwanda: Ibyo Ukeneye Kumenya ku Muvugizi Mushya

Jean Maurice Uwera Yagizwe Umuvugizi Wungirije wa Leta y’u Rwanda: Ibyo Ukeneye Kumenya ku Muvugizi Mushya Ku mugoroba wo ku wa Gatatu tariki ya 28/01/2026, Perezida w’u Rwanda,...

Read moreDetails

Perezida Museveni yibutsa Amateka y’Urugamba rwo mu Mashyamba, Anenga Igitutu cy’Amahanga ku Miyoborere ya Uganda

by Bahanda Bruce
January 28, 2026
0
Perezida Museveni yibutsa Amateka y’Urugamba rwo mu Mashyamba, Anenga Igitutu cy’Amahanga ku Miyoborere ya Uganda

Perezida Museveni yibutsa Amateka y’Urugamba rwo mu Mashyamba, Anenga Igitutu cy’Amahanga ku Miyoborere ya Uganda Mu ijambo rikomeye ryagarutse ku mateka n’icyerekezo cya politiki ya Uganda, Perezida Yoweri...

Read moreDetails

Ishimutwa ry’Imishahara mu Gisirikare cy’u Burundi: Harasabwa Umucyo ku Mafaranga Yaburiwe Irengero mu Masaha Make

by Bahanda Bruce
January 28, 2026
0
Ishimutwa ry’Imishahara mu Gisirikare cy’u Burundi: Harasabwa Umucyo ku Mafaranga Yaburiwe Irengero mu Masaha Make

Ishimutwa ry’Imishahara mu Gisirikare cy’u Burundi: Harasabwa Umucyo ku Mafaranga Yaburiwe Irengero mu Masaha Make Mu gihe igihugu cy’u Burundi gikomeje guhura n’imbogamizi z’ubukungu n’imibereho igoye ku baturage...

Read moreDetails

RDC Yashizwe mu bihugu bya Afurika bifite igisirikare gikomeye kurusha ibindi muri 2026

by Bahanda Bruce
January 28, 2026
0
RDC Yashizwe mu bihugu bya Afurika bifite igisirikare gikomeye kurusha ibindi muri 2026

RDC Yashizwe mu bihugu bya Afurika bifite igisirikare gikomeye kurusha ibindi muri 2026 Mu mwaka wa 2026, Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yongeye kugaragara ku rutonde rw’ibihugu...

Read moreDetails

Uko Igeragezwa ry’Intwaro za Kirimbuzi Rigenda Risigira Isi Ibikomere Bitazibagirana

by Bahanda Bruce
January 27, 2026
0
Uko Igeragezwa ry’Intwaro za Kirimbuzi Rigenda Risigira Isi Ibikomere Bitazibagirana

Uko Igeragezwa ry’Intwaro za Kirimbuzi Rigenda Risigira Isi Ibikomere Bitazibagirana Raporo nshya yashyizwe ahagaragara n’umuryango Norwegian People’s Aid (NPA) igaragaza ishusho iteje impungenge ku ngaruka ndende z’igeragezwa ry’intwaro...

Read moreDetails
Next Post
Menya ibyo perezida Paul Kagame yaganiriye na perezida João Lourenço kuri telefone.

Menya ibyo perezida Paul Kagame yaganiriye na perezida João Lourenço kuri telefone.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?