• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, June 10, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Gufungwa kwa bayobozi ba kuru muri polisi y’u Burundi biravuza ubuhuha.

minebwenews by minebwenews
August 19, 2025
in Conflict & Security
0
Gufungwa kwa bayobozi ba kuru muri polisi y’u Burundi biravuza ubuhuha.
75
SHARES
1.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Gufungwa kwa bayobozi ba kuru muri polisi y’u Burundi biravuza ubuhuha.

You might also like

Forces burundaises présentes à Bibogobogo et mouvement vers Minembwe : des opérations offensives signalées

Ingabo z’u Burundi Zari mu Bibogobogo Zerekeje mu Minembwe: Haravugwa Ibikorwa by’Ibitero Bikomeje

Les attaques se poursuivent dans les villages habités par les Banyamulenge alors que Kinshasa se concentre sur la révision de la Constitution

Nyuma y’aho Leta y’u Burundi ifunze Colonel Moïse Arakaza uzwi cyane ku izina rya Nyeganyega, yongeye gufunga n’abarimo umu-jenerali.

Tariki ya 13/08/2025, ni bwo Col. Arakaza yahagaritswe n’inzego zishinzwe umutekano zikorera muri komine ya Rumonge mu ntara ya Burunga, hari nyuma y’aho bamenye ko imodoka ye itwaye litiro 60 za lisansi, ariko baramureka aragenda.

Nyuma polisi yagiye gusaka iwe mu rugo ruherereye muri komine ya Nyanza mu ntara ya Burunga, banafatiramo imyambaro myinshi y’igipolisi.

Amakuru ahari kuri ubu ni uko mu ijoro ryaraye rikeye rishyira kuri uyu wa kabiri yaraye yinjijwe muri gereza nkuru ya Bururi.

Colonel Arakaza, akurikiranyweho icyaha cyo guhungabanya ubukungu bw’igihugu n’icyo kugerageza kwica, gifitanye isano no kuba yaratunze imbunda Abapolisi bamuhagaritse ubwo yaragifatwa bwa mbere.

Undi na we wafanzwe ni Colonel Habyarimana Jean Bosco ndetse kandi na General Jean Bosco Ndayikengurukiye.

General Jean Bosco Ndayikengurukiye, yahoze ayoboye CNDD-FDD ikiri mu ishyamba, afungiwe muri gereza nkuru ya Mpimba iherereye ku Musaga i Bujumbura.

Uyu muyobozi akurikiranyweho icyaha cyo gukora ubucuruzi butemewe bw’ibikomoka kuri peteroli.

Uyu ni we watangije ishami ry’ishyaka rya CNDD-FDD ryagiye ku butegetsi kuva muri 2005 ku bw’amasezerano ya Arusha muri Tanzania.

Naho Colonel Habyarimana Jean Bosco na we watawe muri yombi, yari ayoboye polisi muri komine Nyabikere mu yahoze ari intara ya Karuzi, afungiwe i Bujumbura kubera uruhare rukomeye akekwaho mu iyicarubuzo no kuburirwa irengero k’umuturage.

Umuturage azira, yitwa Daniel Ndimuminwe, yatawe muri yombi n’abapolisi ba Col.Habyarimana tariki ya 11/08/2025, ba muziza kubura amafaranga yo kwishyura muri restaurant yari yariyemo.

Col.Habyarimana, ubwo yaherekezagwa n’abapolisi bajya kuri iyi restaurant, bari bahamagawe na nyirayo. Bahageze, bakubitaguye Ndikuminwe, we agasobanura ko yahamagaye inshuti ye ngo imwishyurire.

Nyuma yo kumugira intere, Col. Habyarimana ya mujanye muri kasho ya Nyabikere. Mu ijoro ry’uwo munsi yategetse ko yoherezwa ku ivuriro, abapolisi bamugejejeyo basubizwa ko ibitaro bya Karuzi ari byo byashobora kumuvura.

Nyuma baba polisi bashyize Ndikuminwe kuri moto nk’aho bamujanye muri ibyo bitaro ariko ntibamugezayo, ntibanamusubiza muri kasho bari bamufungiyemo. Ibyo bigakekwa ko baba baramujugunye, agapfira ahantu hatazwi.

Urwego rw’u Burundi rushinzwe iperereza, SNR, rwahamagaje Col. Habyarimana i Bujumbura kugira ngo asobanure irengero rya Ndikuminwe. Agezeyo asobanura ko yacitse abapolisi, bityo ko atazi aho aherereye.

SNR, nyuma yo kutanyurwa n’ibisobanuro byatanzwe na Col.Habyarimana yafashe icyemezo cyo kumufunga mu gihe hakomeje iperereza ku irengero ry’uyu muturage.

Tags: Biravuza ubuhuhaBurundiCNRGufunga
Share30Tweet19Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Forces burundaises présentes à Bibogobogo et mouvement vers Minembwe : des opérations offensives signalées

by Bahanda Bruce
June 10, 2026
0
Forces burundaises présentes à Bibogobogo et mouvement vers Minembwe : des opérations offensives signalées

Forces burundaises présentes à Bibogobogo et mouvement vers Minembwe : des opérations offensives signalées Des informations en provenance de la zone de Minembwe et de ses environs indiquent...

Read moreDetails

Ingabo z’u Burundi Zari mu Bibogobogo Zerekeje mu Minembwe: Haravugwa Ibikorwa by’Ibitero Bikomeje

by Bahanda Bruce
June 10, 2026
0
Ingabo z’u Burundi Zari mu Bibogobogo Zerekeje mu Minembwe: Haravugwa Ibikorwa by’Ibitero Bikomeje

Ingabo z’u Burundi Zari mu Bibogobogo Zerekeje mu Minembwe: Haravugwa Ibikorwa by’Ibitero Bikomeje Amakuru akomeje guturuka mu gace ka Minembwe no mu nkengero zako avuga ko hakomeje kugaragara...

Read moreDetails

Les attaques se poursuivent dans les villages habités par les Banyamulenge alors que Kinshasa se concentre sur la révision de la Constitution

by Bahanda Bruce
June 10, 2026
0
BREAKING NEWS:FARDC n’abo bafatanyije bagabye ibitero mu duce dutuwe n’Abanyamulenge mu misozi y’i Mulenge – imirwano ikomeye iracyakomeje

Les attaques se poursuivent dans les villages habités par les Banyamulenge alors que Kinshasa se concentre sur la révision de la Constitution Alors que la République démocratique du...

Read moreDetails

Ibitero Bikomeje Kugabwa mu Mihana y’Abanyamulenge mu Gihe Kinshasa Ihugiye mu Mpaka zo Guhindura Itegeko Nshinga

by Bahanda Bruce
June 10, 2026
0
BREAKING NEWS: Imirwano Ikaze i Mulenge Yafashe Indi Ntera – Mikenke Mu Maboko ya MRDP-Twirwaneho, Ibitero bya FARDC n’Abafatanyabikorwa Bayo Byongeye Kuburizwamo

Ibitero Bikomeje Kugabwa mu Mihana y'Abanyamulenge mu Gihe Kinshasa Ihugiye mu Mpaka zo Guhindura Itegeko Nshinga Mu gihe Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ikomeje kujya impaka ku mushinga...

Read moreDetails

Umwuka w’Akababaro n’Amayobera Wibasiye FARDC Nyuma y’Urupfu Rutunguranye rwa Colonel Makelele

by Bahanda Bruce
June 10, 2026
0
Umwuka w’Akababaro n’Amayobera Wibasiye FARDC Nyuma y’Urupfu Rutunguranye rwa Colonel Makelele

Umwuka w’Akababaro n’Amayobera Wibasiye FARDC Nyuma y’Urupfu Rutunguranye rwa Colonel Makelele Umwuka w’akababaro n’amayobera wibasiye Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) nyuma y’urupfu rutunguranye rwa Colonel...

Read moreDetails
Next Post
Semenyo yakorewe racism mu mukino wa Liverpool na Bournemouth.

Semenyo yakorewe racism mu mukino wa Liverpool na Bournemouth.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?