• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, July 30, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Gumino n’abo bafatanije nyuma yogukora igitero ku baturage b’irwanaho, bahungiye kure y’ibirindiro byabo bikuru.

minebwenews by minebwenews
June 28, 2024
in World News
0
Gumino n’abo bafatanije nyuma yogukora igitero ku baturage b’irwanaho, bahungiye kure y’ibirindiro byabo bikuru.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Gumino n’abo bafatanije nyuma yogukora igitero ku baturage b’irwanaho, bahungiye kure y’ibirindiro byabo bikuru.

You might also like

Impaka Zakomeje Kwiyongera mu Burundi Nyuma y’Amagambo ya Pacifique Nininahazwe ku Ruhare rw’u Burundi muri RDC: Igisirikare Cyamusubije ko Atanga Amakuru Ashobora Guhungabanya Umutekano

Perezida Trump Yashyize Hanze Ibyo Putin na Xi Jinping Bamwijeje kuri Iran; Tehran na Yo Isubiza Amerika mu Magambo Akakaye, Intambara ya Dipolomasi Ikomeza Gushyushya Isi

Inkuru Itangaje Yahindutse Amateka: Perezida wa Bangladesh Yeguye ku Bushake, Dore Icyatumye Afata Iki Cyemezo n’Ibyaranze Ubuyobozi Bwe

Ni umutwe wa Gumino witwara gisirikare uyobowe na Col Alex Nyamusaraba, ku bufatanye na Maï Maï baheruka kugaba igitero kuri Twirwaneho, maze yirwanaho ibakubita inshuro, bahungira mu bice biri kure naho bari barubatse ikambi yabo, ira hitwa i Nyarurambi.

Igitero cya Gumino ku bufatanye na Maï Maï cya gabwe kuri Twirwaneho ku mugoroba wo ku wa Kabiri, tariki ya 25/062024, bakigaba ahitwa mu Bijojwe aho Twirwaneho yariri, ikaba yari yaherekeje Abagore gusarura imirima yabo.

Iki gitero Gumino na Maï Maï bagikoze mu rwego rwo kugira ngo bigarurire iy’imirima y’abaturage, nk’uko biri mu butumwa bwa majwi Minembwe Capital News yahawe.

Bivugwa ko Twirwaneho yaje kw’irwanaho, kandi irwana no ku baturage, maze yirukana bariya barwanyi bitwara gisirikare bari bagabye iki gitero baturutse mu birindiro byabo bikuru biri ahitwa i Nyarurambi.

Icyo gihe amakuru yaje avuga ko Gumino na Maï Maï, bahunze berekeza ku ruzi rwa Kanani, ahaje no kurwa abarwanyi ba barirwa mu icumi bo k’uruhande rwa Gumino na Maï, mu gihe ku ruhande rwa Twirwaneho batashye amahoro, nk’uko Minembwe Capital News yahawe inkuru iri mu jwi.

Muri iyo mirwano yari sakiranije Twirwaneho na Maï Maï ifatanije na Gumino, aba barwanyi bari bagabye kuri Twirwaneho, bakijijwe n’amaguru, kugeza naho komanda wabo, Fureko usanzwe areba abarwanyi ba Gumino mu Rurambo, na Col Rushaba umukuru wa Maï Maï yo muri ibyo bice, bataye ibirindiro byabo bikuru biri ahitwa i Nyarurambi, bahungira mu duce dutandukanye two muri Rurambo.

Amakuru ava aha mu Rurambo, avuga ko abarwanyi bari kumwe na Col Rushaba na Fureko bahungiye ahitwa Mukono, hejuru mu Marango yo kw’i Remezo (aha niho teritware ya Mwenga ihana imbibi na teritware ya Uvira), abarwanyi bo bayoboye na Nzeyimana bahungira ku misozi imanukira i Lemera (ahatuwe n’Abapfulero), mu gihe Col Kitwamaja wari watabaye uruhande rwa Gumino na Maï Maï, yahise yerekeza mu bice byo muri teritware ya Mwenga aho avuka, avuga ko atakomeza intambara hamwe na Gumino.

Kurubu Twirwaneho iyoboye igice kinini cyo muri Rurambo, ndetse n’ahahoze ari mu birindiro bikuru bya Gumino bya Nyarurambi.

              MCN.
Tags: GuminoMai Mai yahunzeNyarurambiRuramboTwirwaneho
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Impaka Zakomeje Kwiyongera mu Burundi Nyuma y’Amagambo ya Pacifique Nininahazwe ku Ruhare rw’u Burundi muri RDC: Igisirikare Cyamusubije ko Atanga Amakuru Ashobora Guhungabanya Umutekano

by Bahanda Bruce
July 28, 2026
0
Impaka Zakomeje Kwiyongera mu Burundi Nyuma y’Amagambo ya Pacifique Nininahazwe ku Ruhare rw’u Burundi muri RDC: Igisirikare Cyamusubije ko Atanga Amakuru Ashobora Guhungabanya Umutekano

MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Impaka Zakomeje Kwiyongera mu Burundi Nyuma y’Amagambo ya Pacifique Nininahazwe ku Ruhare rw’u Burundi muri RDC: Igisirikare Cyamusubije ko Atanga Amakuru Ashobora Guhungabanya Umutekano...

Read moreDetails

Perezida Trump Yashyize Hanze Ibyo Putin na Xi Jinping Bamwijeje kuri Iran; Tehran na Yo Isubiza Amerika mu Magambo Akakaye, Intambara ya Dipolomasi Ikomeza Gushyushya Isi

by Bahanda Bruce
July 28, 2026
0
Perezida Trump Yashyize Hanze Ibyo Putin na Xi Jinping Bamwijeje kuri Iran; Tehran na Yo Isubiza Amerika mu Magambo Akakaye, Intambara ya Dipolomasi Ikomeza Gushyushya Isi

Perezida Trump Yashyize Hanze Ibyo Putin na Xi Jinping Bamwijeje kuri Iran; Tehran na Yo Isubiza Amerika mu Magambo Akakaye, Intambara ya Dipolomasi Ikomeza Gushyushya Isi MINEMBWE CAPITAL...

Read moreDetails

Inkuru Itangaje Yahindutse Amateka: Perezida wa Bangladesh Yeguye ku Bushake, Dore Icyatumye Afata Iki Cyemezo n’Ibyaranze Ubuyobozi Bwe

by Bahanda Bruce
July 27, 2026
0
Inkuru Itangaje Yahindutse Amateka: Perezida wa Bangladesh Yeguye ku Bushake, Dore Icyatumye Afata Iki Cyemezo n’Ibyaranze Ubuyobozi Bwe

Inkuru Itangaje Yahindutse Amateka: Perezida wa Bangladesh Yeguye ku Bushake, Dore Icyatumye Afata Iki Cyemezo n'Ibyaranze Ubuyobozi Bwe MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Mu gikorwa cyatunguranye cyakuruye impaka n'inyungu...

Read moreDetails

Perezida Trump Yongeye Guteza Impaka Nyuma yo Gutangaza Umugambi wo Kwiyamamariza Indi Manda muri Amerika

by Bahanda Bruce
July 25, 2026
0
Perezida Trump Yongeye Guteza Impaka Nyuma yo Gutangaza Umugambi wo Kwiyamamariza Indi Manda muri Amerika

Perezida Trump Yongeye Guteza Impaka Nyuma yo Gutangaza Umugambi wo Kwiyamamariza Indi Manda muri Amerika MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump,...

Read moreDetails

Uko Perezida Trump Yongeye Kwibasira Itangazamakuru muri White House

by Bahanda Bruce
July 25, 2026
0
Uko Perezida Trump Yongeye Kwibasira Itangazamakuru muri White House

Uko Perezida Trump Yongeye Kwibasira Itangazamakuru muri White House MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yongeye gutangaza amagambo akomeye anenga itangazamakuru...

Read moreDetails
Next Post
Ibisasu byatewe i Kanyabayonga, byishe abasivile benshi bikomeretsa abandi batari bake, kuri uyu wa Gatanu.

Ibisasu byatewe i Kanyabayonga, byishe abasivile benshi bikomeretsa abandi batari bake, kuri uyu wa Gatanu.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 amahoro America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?