• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, April 27, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Guverinoma ya Kinshasa, yagize icyo ivuga kucyemezo cy’u bumwe bw’u Buraya bwokuvana Indorerezi zabo muri RDC .

minebwenews by minebwenews
November 30, 2023
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Guverinoma ya Repubulika ya Demokorasi ya Congo, ivuga ko yatangajwe n’icyemezo umuryango w’ubumwe bw’u Buraya, bafashe kuri uy’u wa Gatatu, tariki ya 29/11/23, cyoguhagarika misiyo y’indorerezi ku Matora ateganijwe kuba muri RDC mu mpera z’u kwezi kwa Cumi nabiri (12), uyu mwaka w’2023.

You might also like

Bukavu: Intsinzi Ikomeye ya Ntungababyeyi Mu Matora, Ariko Igice cy’Abanyeshuri Gisiga Ibimenyetso by’Amakimbirane

U Bubiligi Bwateye Utwatsi Ibirego byo Guha u Burundi Intwaro Zigamije Gutera u Rwanda

Analyse approfondie de la visite du chef de la MONUSCO à Goma, sous contrôle de la coalition AFC/M23

Leta ya Kinshasa ibinyujije mw’itangazo ririho umukono w’umuvugizi wayo Patrick Muyaya, amenyesha ko iriya delegation ko kuza mu gihugu cyabo n’ubundi yariyasabwe n’ubutegetsi bwa Kinshasa kugira baze gukurikirana Amatora azaba kw’itariki ya 20/12/2023.

Kinshasa ikaba ivugako kiriya cyemezo cy’ubumwe bw’u Buraya gifashwe mugihe hari hataraba ibiganiro binoze k’umpande zombi byiga uko iriya delegation izakora mugihe cyariya Matora naho izakorera.

Ubutegetsi bwa Republika ya Demokarasi ya Congo, bukaba bumenyeshako n’ubwo u Buraya bwihuse gufata kiriya cyemezo amatora ateganijwe muri iki gihugu azaba mu mahoro no mu mutekano no mu bwisanzure ati kuri ubworero imiryango irakinguye kandi yiteguye kwakira ibitekerezo n’ibyifuzo byokugirango amatora azagende neza ndetse ngo ikaba yiteguriye kandi kwakira abifuza kuba Indorerezi mu matora ngo mugihe bogendera ku mategeko n’amabwiriza agenga itegeko nshinga rireba Amatora muri RDC.

Bruce Bahanda.

Tags: Guverinoma ya Kinshasa yagize icyo ivuga kucymezo cy'u bumwe bw'u Buraya bwokuvana Indorerezi zabo muri RDC
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Bukavu: Intsinzi Ikomeye ya Ntungababyeyi Mu Matora, Ariko Igice cy’Abanyeshuri Gisiga Ibimenyetso by’Amakimbirane

by Bahanda Bruce
April 26, 2026
0
Bukavu: Intsinzi Ikomeye ya Ntungababyeyi Mu Matora, Ariko Igice cy’Abanyeshuri Gisiga Ibimenyetso by’Amakimbirane

Bukavu: Intsinzi Ikomeye ya Ntungababyeyi Mu Matora, Ariko Igice cy’Abanyeshuri Gisiga Ibimenyetso by’Amakimbirane Amatora yo gutora ubuyobozi bushya yabereye mu Mujyi wa Bukavu, mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo,...

Read moreDetails

U Bubiligi Bwateye Utwatsi Ibirego byo Guha u Burundi Intwaro Zigamije Gutera u Rwanda

by Bahanda Bruce
April 26, 2026
0
U Bubiligi Bwateye Utwatsi Ibirego byo Guha u Burundi Intwaro Zigamije Gutera u Rwanda

U Bubiligi Bwateye Utwatsi Ibirego byo Guha u Burundi Intwaro Zigamije Gutera u Rwanda Minisitiri w’Intebe Wungirije w’u Bubiligi, akaba na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Maxime Prévot, yamaganye yivuye...

Read moreDetails

Analyse approfondie de la visite du chef de la MONUSCO à Goma, sous contrôle de la coalition AFC/M23

by Bahanda Bruce
April 26, 2026
0
Analyse approfondie de la visite du chef de la MONUSCO à Goma, sous contrôle de la coalition AFC/M23

Analyse approfondie de la visite du chef de la MONUSCO à Goma, sous contrôle de la coalition AFC/M23 Dans le cadre des efforts visant à instaurer une paix...

Read moreDetails

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges As part of ongoing efforts to find a lasting solution to the long-standing...

Read moreDetails

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye Mu rwego rwo gukomeza gushakira umuti urambye ibibazo by’umutekano bimaze igihe mu...

Read moreDetails
Next Post

Kuri uy'u wa Kane, u mutwe wa M23 washize itangazo hanze rishinja ihuriro ry'ingabo za Republika ya Demokarasi ya Congo, ubwicanyi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?