• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, March 5, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Hatanzwe umucyo icyatumye Abanyamulenge babuzwa kugera i Baraka.

minebwenews by minebwenews
January 9, 2025
in Regional Politics
0
Hatanzwe umucyo icyatumye Abanyamulenge babuzwa kugera i Baraka.
115
SHARES
2.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Hatanzwe umucyo icyatumye Abanyamulenge babuzwa kugera i Baraka.

You might also like

Uganda Yanze Kwakira Ibirindiro by’Ingabo za Amerika n’u Bwongereza

Icyo Amakuru Avuga ku Ndege Itagira Umupilote Yasutse Impapuro Ziha Gasopo u Burundi

U Rwanda Rwasubije Abayobozi ba RDC Bishimiye Ibihano Byafatiwe Bamwe mu Basirikare Barwo na Amerika

Wazalendo cyangwa se abarwanyi ba Maï-Maï, bafunze inzira zose ziturukamo Abanyamulenge zinjira mu mujyi wa Baraka uzwi nk’umurwa mukuru wa teritwari ya Fizi, nyuma y’uko abo barwanyi baguye ari benshi mu ntambara iheruka mu Minembwe, nk’uko babyivugira.

Ahar’ejo tariki ya 08/1/2025 ni bwo bamwe mu Banyamulenge bagaruriwe mu marembo y’umujyi wa Baraka, babwirwa ko Wazalendo bafunze imihanda y’injira muri iyo centre, kandi ko bayifunze bavuga ko nta munyamulenge uzongera gukandagira muri aka gace.

Minembwe.com, ubutumwa bwanditse yahawe bugaragaza ko koko aya makuru ko ari kuri, bugira buti: “Hari motari w’Umunyamulenge witwa Sebitereko Alembe, yamanukanye i Baraka, abagenzi babiri ba Banyamulenge, yari abakuye mu Bibogobogo, ageze mu nzira FARDC iramwitanga! Imubwira ko ‘Wazalendo bafunze umuhanda w’injira muri centre ya Baraka’ kandi ko ibyo babikoze ngo kubera ko ‘mu ntambara iheruka mu Minembwe, hagati ya Twirwaneho n’ihuriro ry’ingabo za RDC yaguyemo Wazalendo benshi.”

Ubutumwa bukavuga ko aba basirikare bategetse uwo mu motari n’abagenzi yari atwaye gusubira inyuma, ngo kuko badashaka kubona aho bapfa! Bityo bahita basubira iyo baje bava.

Aya makuru anagaragaza ko uwo mu motari n’abagenzi yari atwaye bagarukiye ahitwa Tujenge.

Aka akaba ari agace gaherereye muri Bibogobogo ni ko abagenzi bo muri ibyo bice banyuraho bagana i Baraka.

Ni agace kandi kagenzurwa na regima y’ingabo za Leta ya Kinshasa zikorera mu Bibogobogo.

Bikavugwa ko abasirikare b’i Baraka kwaribo bahamagaye abari mu Bibogobogo kubuza Abanyamulenge kwerekeza i Baraka, kuko ihari yahindutse.

Mu busanzwe i Baraka niho Abanya-Bibogobogo bahahira, kuko niho hari ibicuruzwa byinshi by’ubwoko butandukanye, harimo n’ibiryo.

Aya makuru asoza avuga ko ibitaro by’i Baraka ko “birimo inkomeri nyinshi, zaje ziva mu Minembwe” aho FARDC n’abambari bayo bafatanyije tariki ya 25,26 na 27/12/2024 bagaba ibitero bikomeye mu mihana y’Abanyamulenge, maze Twirwaneho yirwanaho, ikubita inshuro iryo huriro.

Hagataho umutekano w’Abanyamulenge muri teritware ya Fizi no mu Burasirazuba bw’iki gihugu hose, ukomeza kurushaho kuzamba.

Tags: AbanyamulengeBarakaBibogobogoWazalendo
Share46Tweet29Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Uganda Yanze Kwakira Ibirindiro by’Ingabo za Amerika n’u Bwongereza

by Bahanda Bruce
March 5, 2026
0
Uganda Yanze Kwakira Ibirindiro by’Ingabo za Amerika n’u Bwongereza

Uganda Yanze Kwakira Ibirindiro by’Ingabo za Amerika n’u Bwongereza Mu gihe ibibazo by’umutekano bikomeje kwiyongera mu bice bitandukanye by’umugabane wa Afurika, Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yatangaje...

Read moreDetails

Icyo Amakuru Avuga ku Ndege Itagira Umupilote Yasutse Impapuro Ziha Gasopo u Burundi

by Bahanda Bruce
March 4, 2026
0
Icyo Amakuru Avuga ku Ndege Itagira Umupilote Yasutse Impapuro Ziha Gasopo u Burundi

Icyo Amakuru Avuga ku Ndege Itagira Umupilote Yasutse Impapuro Ziha Gasopo u Burundi Mu gihe umwuka w’intambara ukomeje gufata indi ntera mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya...

Read moreDetails

U Rwanda Rwasubije Abayobozi ba RDC Bishimiye Ibihano Byafatiwe Bamwe mu Basirikare Barwo na Amerika

by Bahanda Bruce
March 3, 2026
0
U Rwanda Rwasubije Abayobozi ba RDC Bishimiye Ibihano Byafatiwe Bamwe mu Basirikare Barwo na Amerika

U Rwanda rwasubije abayobozi ba RDC bishimiye ibihano byafatiwe bamwe mu basirikare barwo na Amerika Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda, Yolande Makolo, yatangaje ko ibihano bifatirwa uruhande rumwe...

Read moreDetails

U Burundi mu Mwijima w’Imiyoborere: Aho Abaturage Bishyura Ibyo Batabona

by Bahanda Bruce
March 3, 2026
0
U Burundi mu Mwijima w’Imiyoborere: Aho Abaturage Bishyura Ibyo Batabona

U Burundi mu Mwijima w’Imiyoborere: Aho Abaturage Bishyura Ibyo Batabona Amakuru Minembwe Capital News dukesha inyandiko ya Pacifique Ninanahazwe, uhagarariye ishyirahamwe FECODE ritabariza Abarundi bari mu kaga, agaragaza...

Read moreDetails

RDC Yashimye Ibihano bya Amerika ku Ngabo z’u Rwanda

by Bahanda Bruce
March 3, 2026
0
RDC Yashimye Ibihano bya Amerika ku Ngabo z’u Rwanda

RDC Yashimye Ibihano bya Amerika ku Ngabo z’u Rwanda Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yatangaje ko yakiriye neza icyemezo cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika...

Read moreDetails
Next Post
Iby’abasirikare b’u Burundi ba mbutse muri RDC.

Iby'abasirikare b'u Burundi ba mbutse muri RDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?