• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, June 10, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Iby’abasirikare b’u Burundi ba mbutse muri RDC.

minebwenews by minebwenews
January 9, 2025
in Regional Politics
0
Iby’abasirikare b’u Burundi ba mbutse muri RDC.
118
SHARES
3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Iby’abasirikare b’u Burundi ba mbutse muri RDC.

You might also like

INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari

RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubuyobozi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa

Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo

Abasirikare b’u Burundi babarirwa mu magana boherejwe mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, kurwanya umutwe wa M23 uhanganye n’ihuriro ry’Ingabo zirwana ku ruhande rwa Leta mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, nk’uko amasoko yacu abivuga.

Kuri uyu wa kane tariki ya 09/01/2025 ahagana isaha z’igitondo, ni bwo ibimodoka 10 binini byo mu bwoko bw’ibifuso byarimo abasirikare b’u Burundi byagaragaye mu bice byo muri teritware ya Uvira mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

Ibi bimodoka bivugwa ko byavaga i Bujumbura mu gihugu cy’u Burundi.

Nk’uko iyi nkuru ibivuga aba basirikare bambukiye ahitwa Kugasenyi, bahita bakomeza umuhanda wa Sange, bageze i Nyakabera baraparika.

Nyuma abasirikare bandi b’u Burundi bari basanzwe muri Plaine bahise baza nabo burira ibyo bi modoka, ari nabwo byahise bikomeza umuhanda ugana mu bice byo muri teritware ya Kalehe bizakomereza muri Kivu y’Amajyaruguru, nk’uko aya makuru akomeza abivuga.

Ntibiramenyekana niba muri Plaine harabandi basirikare b’u Burundi boba bahasigaye, ariko ubwinshi bwabahavuye bugaragaza ko ntabahasigaye.

Umuturage uherereye muri ibyo bice dukesha iyi nkuru yagize ati: “Ndi muri Plaine . Abasirikare bose b’u Burundi bari hano babajanye. Bashobora kuhazana abandi ariko ntabyo turamenya.”

Ibyo bibaye mu gihe intambara yongeye guhindura isura muri Kivu Yaruguru, hagati ya M23 n’ingabo za Congo zifashwa n’iz’u Burundi.

Kuva mumpera z’umwaka dosoje, M23 yakomeje kwigarurira uduce twinshi twagenzurwaga n’uruhande rurwanira Leta , harimo ko no mu cyumweru gishize yafashe centre ya Masisi.

Iyi mirwano imaze iminsi ibera muri ibyo bice, ikaba yarapfiriyemo ingabo z’u Burundi zibarirwa mu bihumbi, ari nabyo bikekwa ko Leta y’u Burundi yaba yohereje abandi kugira ngo bakomeze gufasha Leta ya Kinshasa ku rwanya M23.

Tags: FDNBPlaine
Share47Tweet30Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari

by Bahanda Bruce
June 9, 2026
0
INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari

INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari MINEMBWE CAPITAL NEWS Mu gihe...

Read moreDetails

RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubuyobozi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa

by Bahanda Bruce
June 8, 2026
0
RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubuyobozi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa

RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubutegetsi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa Mu gihe umutwe wa Rwanda National Congress (RNC), washinzwe n’abarwanya ubutegetsi bw’u Rwanda bari...

Read moreDetails

Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo

by Bahanda Bruce
June 8, 2026
0
Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo

Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yongeye guteza impaka mu ruhando rwa politiki...

Read moreDetails

Le Rwanda Réaffirme Ses Attentes dans le Cadre de l’Accord de Washington avec la RDC

by Bahanda Bruce
June 6, 2026
0
U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC

Le Rwanda Réaffirme Ses Attentes dans le Cadre de l’Accord de Washington avec la RDC Le Gouvernement du Rwanda a publié un communiqué important en réponse aux déclarations...

Read moreDetails

U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC

by Bahanda Bruce
June 6, 2026
0
U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC

U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC Guverinoma y’u Rwanda yasohoye itangazo rikomeye risubiza ku magambo yatangajwe n’Umunyamabanga wa Leta Zunze...

Read moreDetails
Next Post
Tshisekedi n’ingabo ze biyemeje gukora amateka, mu rugamba barimo na M23.

Tshisekedi n'ingabo ze biyemeje gukora amateka, mu rugamba barimo na M23.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?