• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, July 30, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Havuzwe icyatumye Twirwaneho igabwaho igitero cyaje kugwamo abarwanyi 10 bibumbiye mu cyiswe Wazalendo yo mu Rurambo.

minebwenews by minebwenews
June 26, 2024
in World News
0
Havuzwe icyatumye Twirwaneho igabwaho igitero cyaje kugwamo abarwanyi 10 bibumbiye mu cyiswe Wazalendo yo mu Rurambo.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Havuzwe icyatumye Twirwaneho igabwaho igitero cyaje kugwamo abarwanyi 10 bibumbiye mu cyiswe Wazalendo yo mu Rurambo.

You might also like

Impaka Zakomeje Kwiyongera mu Burundi Nyuma y’Amagambo ya Pacifique Nininahazwe ku Ruhare rw’u Burundi muri RDC: Igisirikare Cyamusubije ko Atanga Amakuru Ashobora Guhungabanya Umutekano

Perezida Trump Yashyize Hanze Ibyo Putin na Xi Jinping Bamwijeje kuri Iran; Tehran na Yo Isubiza Amerika mu Magambo Akakaye, Intambara ya Dipolomasi Ikomeza Gushyushya Isi

Inkuru Itangaje Yahindutse Amateka: Perezida wa Bangladesh Yeguye ku Bushake, Dore Icyatumye Afata Iki Cyemezo n’Ibyaranze Ubuyobozi Bwe

Iki gitero cyabaye ku wa Mbere w’iki Cyumweru turimo(tariki ya 24/06/2024), kigabwe na Gumino ifatanije na Maï Maï, bakigaba ahitwa mu Bijojwe ahari Twirwaneho yarimo irindira umutekano abaturage ba Banyamulenge bari mu bikorwa byo gusarura imirima yabo.

Amakuru dukesha abaturage baturiye ibi bice byo mu Rurambo muri teritware ya Uvira mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, avuga ko Abanyarurambo ahanini abo mu bwoko bw’Abanyamulenge bahinze ku misozi iherereye mu Marungu, Gitembe, Bibangwa no mu Bijojwe mu ntera y’ibirometro bike uvuye Nyarurambi aho Gumino na Maï Maï baturutse ubwo bagabaga iki gitero.

Bavuga ko iki gitero cyagabwe kuri Twirwaneho mu Bijojwe mu gihe yari yaherekeje Abagore gusarura imirima yabo yari hinze muri aka gace Gumino ivuga ko kari mu bice byo hafi naho bagenzura.

Basobanura ko iki gitero Maï Maï na Gumino bagikoze mu rwego rwo kugira ngo iyo mirima y’abaturage bayigarurire.

Gusa Twirwaneho yaje kurwana ku baturage no kwirwanaho, maze ikubita inshuro abarwanyi ba Gumino na Maï Maï, bamanuka umusozi wa Kanani bahunga bambutswa hakurya ari nako bakizwa n’amaguru biruka ukwabo kose.

Aha kuruzi rwa Kanani hanaguye abarwanyi ba Maï Maï 10 harimo n’umwe wo muri Gumino ufite ipeti rya Major, nk’uko iy’inkuru ikomeza ivugwa n’abaturiye ibyo bice.

Nyuma y’uko abarwanyi bibumbiye mu cyiswe Wazalendo bahunze mu mirwano yamaze iminota nka 50, abaturage bakomeje ibikorwa byo gusarura imirima yabo, kandi Twirwaneho irushyaho gukaza umutekano kugira ngo utongera guhungabanywa na Wazalendo.

Ubutumwa bwanditse twahawe bugira buti: “Imirwano yabaye ku wa Mbere, yabereye mu Bijojwe. Abaturage bagabweho igitero na Maï Maï ifatanije na Gumino.”

Bukomeza bugira buti: “Ubu Abaturage bari gusarura kuko Gumino na Maï bahungiye kw’i Remezo. Rwose twarabarashe kandi cyane barahunga kandi abenshi barapfuye barimo na Major wa Gumino.”

Ay’amakuru kandi avuga ko FDLR bikekwa ko yari mu ruhande rwa Gumino na Maï Maï, ndetse biranavugwa ko aba barwanyi bazwiho kuba barimo abasize bakoze genocide mu Rwanda bamaze kuba benshi mu bice bigenzurwa na Maï Maï mu misozi ya Uvira, Mwenga na Fizi mu Ntara ya Kivu y’Epfo.

           MCN.
Tags: BijojweFDLRGuminoIgiteroMaï MaïRuramboWazalendo
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Impaka Zakomeje Kwiyongera mu Burundi Nyuma y’Amagambo ya Pacifique Nininahazwe ku Ruhare rw’u Burundi muri RDC: Igisirikare Cyamusubije ko Atanga Amakuru Ashobora Guhungabanya Umutekano

by Bahanda Bruce
July 28, 2026
0
Impaka Zakomeje Kwiyongera mu Burundi Nyuma y’Amagambo ya Pacifique Nininahazwe ku Ruhare rw’u Burundi muri RDC: Igisirikare Cyamusubije ko Atanga Amakuru Ashobora Guhungabanya Umutekano

MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Impaka Zakomeje Kwiyongera mu Burundi Nyuma y’Amagambo ya Pacifique Nininahazwe ku Ruhare rw’u Burundi muri RDC: Igisirikare Cyamusubije ko Atanga Amakuru Ashobora Guhungabanya Umutekano...

Read moreDetails

Perezida Trump Yashyize Hanze Ibyo Putin na Xi Jinping Bamwijeje kuri Iran; Tehran na Yo Isubiza Amerika mu Magambo Akakaye, Intambara ya Dipolomasi Ikomeza Gushyushya Isi

by Bahanda Bruce
July 28, 2026
0
Perezida Trump Yashyize Hanze Ibyo Putin na Xi Jinping Bamwijeje kuri Iran; Tehran na Yo Isubiza Amerika mu Magambo Akakaye, Intambara ya Dipolomasi Ikomeza Gushyushya Isi

Perezida Trump Yashyize Hanze Ibyo Putin na Xi Jinping Bamwijeje kuri Iran; Tehran na Yo Isubiza Amerika mu Magambo Akakaye, Intambara ya Dipolomasi Ikomeza Gushyushya Isi MINEMBWE CAPITAL...

Read moreDetails

Inkuru Itangaje Yahindutse Amateka: Perezida wa Bangladesh Yeguye ku Bushake, Dore Icyatumye Afata Iki Cyemezo n’Ibyaranze Ubuyobozi Bwe

by Bahanda Bruce
July 27, 2026
0
Inkuru Itangaje Yahindutse Amateka: Perezida wa Bangladesh Yeguye ku Bushake, Dore Icyatumye Afata Iki Cyemezo n’Ibyaranze Ubuyobozi Bwe

Inkuru Itangaje Yahindutse Amateka: Perezida wa Bangladesh Yeguye ku Bushake, Dore Icyatumye Afata Iki Cyemezo n'Ibyaranze Ubuyobozi Bwe MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Mu gikorwa cyatunguranye cyakuruye impaka n'inyungu...

Read moreDetails

Perezida Trump Yongeye Guteza Impaka Nyuma yo Gutangaza Umugambi wo Kwiyamamariza Indi Manda muri Amerika

by Bahanda Bruce
July 25, 2026
0
Perezida Trump Yongeye Guteza Impaka Nyuma yo Gutangaza Umugambi wo Kwiyamamariza Indi Manda muri Amerika

Perezida Trump Yongeye Guteza Impaka Nyuma yo Gutangaza Umugambi wo Kwiyamamariza Indi Manda muri Amerika MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump,...

Read moreDetails

Uko Perezida Trump Yongeye Kwibasira Itangazamakuru muri White House

by Bahanda Bruce
July 25, 2026
0
Uko Perezida Trump Yongeye Kwibasira Itangazamakuru muri White House

Uko Perezida Trump Yongeye Kwibasira Itangazamakuru muri White House MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yongeye gutangaza amagambo akomeye anenga itangazamakuru...

Read moreDetails
Next Post
Umuryango wa Afrika y’Amajy’epfo, SADC, wongereye Ingabo zawo mu Burasirazuba bwa RDC kugira ngo bahashye M23.

Umuryango wa Afrika y'Amajy'epfo, SADC, wongereye Ingabo zawo mu Burasirazuba bwa RDC kugira ngo bahashye M23.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 amahoro America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?