• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Havuzwe ikigenza ingabo z’u Burundi mu Bibogobogo zahisutse ku bwinshi.

minebwenews by minebwenews
February 21, 2025
in Regional Politics
0
Havuzwe ikigenza ingabo z’u Burundi mu Bibogobogo zahisutse ku bwinshi.
105
SHARES
2.6k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Havuzwe ikigenza ingabo z’u Burundi mu Bibogobogo zahisutse ku bwinshi.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Ingabo z’u Burundi zazindutse zimena mu Bibogobogo ahatuwe n’abaturage bo mu bwoko bw’Abanyamulenge batari bake, bigakekwa ko zaje ku kibazo cyavutse ahar’ejo hagati y’abasore ba Banyamulenge n’abapolisi.

Ingabo z’u Burundi zageze mu Bibogobogo zinutse i Baraka ahazwi nko ku mushyasha, nk’uko Abanyamulenge bahita.

Mu kugera muri aka gace ka Bibogobogo gaherereye muri teritware ya Fizi,muri Kivu y’Epfo, agatuwe n’ingo z’Abanyamulenge zibarirwa mu magana, zakiriwe na Col.Ntagawa uyoboye abasirikare ba FARDC bakagenzura.

Umuturage uri muri aka gace yabwiye ubwanditsi bwa Minembwe.com ko bakeka ko izi ngabo zaba zahamagajwe n’abachefs na FARDC.

Yasobanuye ko ejo hashize habaye ukutumvukana hagati ya Polisi y’iki gihugu ikorera muri aka gace n’abasore ba Banyamulenge. Kandi ko byavuye kukuba Polisi idashaka kumva izina Twirwaneho muri Bibogobogo.

Nyamara kandi ibi byagiye bigaragara muri bamwe baturiye Bibogobogo, aho bavuga ko izina Twirwaneho rishobora gutuma iwabo haba intambara, nubwo bazi neza ko Twirwaneho yabayeho kugira ngo irengere Abanyamulenge kuko batangiye kurenganywa kuva mu mwaka w’ 1960 kugeza uyu munsi bakaba bakirenganywa n’ingabo z’iki gihugu, rimwe narimwe zibinyuza mu mitwe yitwaje intwaro irimo uwa Maï-Maï n’indi ishamikiye kuri yo.

Ibitero biheruka gushegesha aka gace mu myaka itatu ishize na mbere yaho, ibya size bamwe muribo babaye impunzi abandi benshi baricwa n’abandi barasenyerwa banyagwa n’inka zabo, byikomwe imbere n’abasore babaga birwanaho; uku kwirwanaho niho hakomoka izina Twirwaneho.

Uriya muturage waduhaye aya makuru yagize ati: “Izi ngabo z’u Burundi zaje hano iwacu turakeka ko zahamagajwe n’aba-Chefs n’ukuriye abapolisi bahano.”

Yakomeje agira ati: “Ejo Imana yakinze ukuboko, ariko byari byarangiye abapolisi bari bagiye kurasa abasore bo mu bwoko bw’Abanyamulenge. Kandi nta kindi bazira usibye kuba ari Abanyamulenge bakunda ubwoko bwabo.”

Yashimangiye ibi avuga ko kera Polisi yari yakase sefu, ariko abagabo babita hagati.

Muri aba bapolisi barimwo bamwe bo mu bwoko bw’Abanyamulenge n’abandi bo muyandi moko y’abavuga ibindi birimi iby’ikibembe n’igipfulero n’ibindi.

Nyuma y’aho izi ngabo z’u Burundi zizindutse zisuka mu Bibogobogo zikakirwa na FARDC, zahise zifata inzira zerekeza mu muhana wo kwa Chef Ngiraumukiza.

Mu kwerekeza muri uwo muhana zajanye na Colonel Ntagawa uwo bavuga ko ari gusaba aba-chefs gufatisha abasore b’Abanyamulenge bose boba bashigikira ibikorwa byo kwirwanaho.

Tukaba dukomeje gukurikirana uko biza kugenda, maze tubagezeho ibiza kuvamo.

Tags: BibogobogoIngabo z'u BurundiTwirwaneho
Share42Tweet26Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Umunyamulenge basanze aho yiciwe i Kalemi.

Umunyamulenge basanze aho yiciwe i Kalemi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?