• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, June 10, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Havuzwe ikigenza ingabo z’u Burundi mu Bibogobogo zahisutse ku bwinshi.

minebwenews by minebwenews
February 21, 2025
in Regional Politics
0
Havuzwe ikigenza ingabo z’u Burundi mu Bibogobogo zahisutse ku bwinshi.
105
SHARES
2.6k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Havuzwe ikigenza ingabo z’u Burundi mu Bibogobogo zahisutse ku bwinshi.

You might also like

INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari

RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubuyobozi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa

Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo

Ingabo z’u Burundi zazindutse zimena mu Bibogobogo ahatuwe n’abaturage bo mu bwoko bw’Abanyamulenge batari bake, bigakekwa ko zaje ku kibazo cyavutse ahar’ejo hagati y’abasore ba Banyamulenge n’abapolisi.

Ingabo z’u Burundi zageze mu Bibogobogo zinutse i Baraka ahazwi nko ku mushyasha, nk’uko Abanyamulenge bahita.

Mu kugera muri aka gace ka Bibogobogo gaherereye muri teritware ya Fizi,muri Kivu y’Epfo, agatuwe n’ingo z’Abanyamulenge zibarirwa mu magana, zakiriwe na Col.Ntagawa uyoboye abasirikare ba FARDC bakagenzura.

Umuturage uri muri aka gace yabwiye ubwanditsi bwa Minembwe.com ko bakeka ko izi ngabo zaba zahamagajwe n’abachefs na FARDC.

Yasobanuye ko ejo hashize habaye ukutumvukana hagati ya Polisi y’iki gihugu ikorera muri aka gace n’abasore ba Banyamulenge. Kandi ko byavuye kukuba Polisi idashaka kumva izina Twirwaneho muri Bibogobogo.

Nyamara kandi ibi byagiye bigaragara muri bamwe baturiye Bibogobogo, aho bavuga ko izina Twirwaneho rishobora gutuma iwabo haba intambara, nubwo bazi neza ko Twirwaneho yabayeho kugira ngo irengere Abanyamulenge kuko batangiye kurenganywa kuva mu mwaka w’ 1960 kugeza uyu munsi bakaba bakirenganywa n’ingabo z’iki gihugu, rimwe narimwe zibinyuza mu mitwe yitwaje intwaro irimo uwa Maï-Maï n’indi ishamikiye kuri yo.

Ibitero biheruka gushegesha aka gace mu myaka itatu ishize na mbere yaho, ibya size bamwe muribo babaye impunzi abandi benshi baricwa n’abandi barasenyerwa banyagwa n’inka zabo, byikomwe imbere n’abasore babaga birwanaho; uku kwirwanaho niho hakomoka izina Twirwaneho.

Uriya muturage waduhaye aya makuru yagize ati: “Izi ngabo z’u Burundi zaje hano iwacu turakeka ko zahamagajwe n’aba-Chefs n’ukuriye abapolisi bahano.”

Yakomeje agira ati: “Ejo Imana yakinze ukuboko, ariko byari byarangiye abapolisi bari bagiye kurasa abasore bo mu bwoko bw’Abanyamulenge. Kandi nta kindi bazira usibye kuba ari Abanyamulenge bakunda ubwoko bwabo.”

Yashimangiye ibi avuga ko kera Polisi yari yakase sefu, ariko abagabo babita hagati.

Muri aba bapolisi barimwo bamwe bo mu bwoko bw’Abanyamulenge n’abandi bo muyandi moko y’abavuga ibindi birimi iby’ikibembe n’igipfulero n’ibindi.

Nyuma y’aho izi ngabo z’u Burundi zizindutse zisuka mu Bibogobogo zikakirwa na FARDC, zahise zifata inzira zerekeza mu muhana wo kwa Chef Ngiraumukiza.

Mu kwerekeza muri uwo muhana zajanye na Colonel Ntagawa uwo bavuga ko ari gusaba aba-chefs gufatisha abasore b’Abanyamulenge bose boba bashigikira ibikorwa byo kwirwanaho.

Tukaba dukomeje gukurikirana uko biza kugenda, maze tubagezeho ibiza kuvamo.

Tags: BibogobogoIngabo z'u BurundiTwirwaneho
Share42Tweet26Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari

by Bahanda Bruce
June 9, 2026
0
INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari

INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari MINEMBWE CAPITAL NEWS Mu gihe...

Read moreDetails

RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubuyobozi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa

by Bahanda Bruce
June 8, 2026
0
RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubuyobozi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa

RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubutegetsi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa Mu gihe umutwe wa Rwanda National Congress (RNC), washinzwe n’abarwanya ubutegetsi bw’u Rwanda bari...

Read moreDetails

Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo

by Bahanda Bruce
June 8, 2026
0
Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo

Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yongeye guteza impaka mu ruhando rwa politiki...

Read moreDetails

Le Rwanda Réaffirme Ses Attentes dans le Cadre de l’Accord de Washington avec la RDC

by Bahanda Bruce
June 6, 2026
0
U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC

Le Rwanda Réaffirme Ses Attentes dans le Cadre de l’Accord de Washington avec la RDC Le Gouvernement du Rwanda a publié un communiqué important en réponse aux déclarations...

Read moreDetails

U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC

by Bahanda Bruce
June 6, 2026
0
U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC

U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC Guverinoma y’u Rwanda yasohoye itangazo rikomeye risubiza ku magambo yatangajwe n’Umunyamabanga wa Leta Zunze...

Read moreDetails
Next Post
Umunyamulenge basanze aho yiciwe i Kalemi.

Umunyamulenge basanze aho yiciwe i Kalemi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?