• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, August 1, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Religion

Hejuru mu kirere cya Minembwe hagaragaye ibyiswe igitangaza gusura ibyenda kuba.

minebwenews by minebwenews
November 13, 2024
in Religion
3
Hejuru mu kirere cya Minembwe hagaragaye ibyiswe igitangaza gusura ibyenda kuba.
158
SHARES
3.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Hejuru mu kirere cya Minembwe hagaragaye ibyiswe igitangaza gusura ibyenda kuba.

You might also like

Bishop Harrison Ng’ang’a Highlights “A Powerful Weapon” That Can Change the Course of History, Prays for Minembwe and Pledges Support for the Banyamulenge Community

Bishop Harrison Ng’ang’a Yagaragaje “Intwaro Ikomeye” Ishobora Guhindura Amateka y’Intambara, Asengera Minembwe kandi Yiyemeza Gushyigikira Abanyamulenge

“Impaka zikomeye mu bakirisitu: Apôtre Gitwaza yavuze icyo atekereza ku muco wo gutera ivi mu gihe cyo gusaba uwo muzabana”

Inyenyeri zidasanzwe zagaragaye mu kirere cya Minembwe mu ijoro ryaraye rikeye rishyira kuri uyu wa gatatu tariki ya 13/11/2024, nk’uko Abasenga babibwiye ubwanditsi bwa MCN.

Bavuga ko izo nyenyeri zari 23 kandi ko zagaragaye igihe c’isaha ya saa moya n’igice z’ijoro ryo ku wa kabiri.

Alexis Cyubahiro uba muri team y’Abayumbe(Abasenzi) bo mu Minembwe wavuganye na MCN yagaragaje ko izo nyenyeri ari bitangaza Imana yenda gukora mu misozi miremire y’Imulenge.

Avuga ko zagaragaye uruhande rugana mu Rutigita. Aha ni aha herereye amajyepfo ashyira uburenganzuba bwa Komine Minembwe.

Yanavuze ko zagiye kuzima ubwo zari zerekeje mu Kabanju ho mu Lulenge, ibice bikunze kuvugwamo cyane inyeshamba zirwanya ubwoko bw’Abanyamulenge.

Yagize ati: “Izi nyenyeri zarimo zaka cyane bidasanzwe. Zariko zakira hejuru ya Rutigita kandi zirenguka zigana mu Kabandju, ni nabwo zahise zizima.”

Yashimangiye ibi avuga ko byabayobeye ahanini ku basenga. Ariko ko ari gitangaza Imana ishaka gukorera muri aka karere k’i misozi miremire y’Imulenge.

Ati: “Cyabaye ikimenyetso cyatuyobeye twese abasenga, ariko ntawashidikanya n’igitangaza cy’Imana.”

Mu busanzwe inyenyeri isobanura umucyo ndetse ahandi ikagereranywa n’umucyo uva ku Mana.

Ntiyahwemye kuvuga ko ahari Imana yaba ishaka gutanga amahoro n’umutekano mu misozi miremire y’Imulenge. Ni mugihe Intambara imaze igihe kingana n’imyaka ikabakaba umunani yarazonze aka karere.

Abenshi mu Banyamulenge barahunze basiga igihugu cyabo, abandi benshi barapfa ndetse kandi ikibabaje ibintu byabo byaranyazwe harimo n’inka zabo zibarirwa mu bihumbi amagana na magana.

Usibye nibyo n’imihana yabo imyinshi yarasenyutse n’amakanisa bahimbarizagamo Imana yabo y’i Mulenge(iyo Abahuhudi bita Imana ya Israel).

Tags: InyenyeriMinembweMu kirere
Share63Tweet40Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Bishop Harrison Ng’ang’a Highlights “A Powerful Weapon” That Can Change the Course of History, Prays for Minembwe and Pledges Support for the Banyamulenge Community

by Bahanda Bruce
July 27, 2026
0
Bishop Harrison Ng’ang’a Yagaragaje “Intwaro Ikomeye” Ishobora Guhindura Amateka y’Intambara, Asengera Minembwe kandi Yiyemeza Gushyigikira Abanyamulenge

Bishop Harrison Ng'ang'a Highlights “A Powerful Weapon” That Can Change the Course of History, Prays for Minembwe and Pledges Support for the Banyamulenge Community MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN)...

Read moreDetails

Bishop Harrison Ng’ang’a Yagaragaje “Intwaro Ikomeye” Ishobora Guhindura Amateka y’Intambara, Asengera Minembwe kandi Yiyemeza Gushyigikira Abanyamulenge

by Bahanda Bruce
July 27, 2026
0
Abanyamulenge Bahuriye i Nairobi mu Gikorwa Cy’Amateka cyo Gufasha Abahuye n’Intambara: Hatanzwe Imisanzu Minini irimo Ibihumbi by’Amadolari

Bishop Harrison Ng'ang'a Yagaragaje “Intwaro Ikomeye” Ishobora Guhindura Amateka y’Intambara, Asengera Minembwe kandi Yiyemeza Gushyigikira Abanyamulenge MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Mu gikorwa gikomeye cy’ubwitange cyabereye ku Cyumweru muri...

Read moreDetails

“Impaka zikomeye mu bakirisitu: Apôtre Gitwaza yavuze icyo atekereza ku muco wo gutera ivi mu gihe cyo gusaba uwo muzabana”

by Bahanda Bruce
July 23, 2026
0
“Impaka zikomeye mu bakirisitu: Apôtre Gitwaza yavuze icyo atekereza ku muco wo gutera ivi mu gihe cyo gusaba uwo muzabana”

“Impaka zikomeye mu bakirisitu: Apôtre Gitwaza yavuze icyo atekereza ku muco wo gutera ivi mu gihe cyo gusaba uwo muzabana” MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Umushumba Mukuru w’Itorero Zion...

Read moreDetails

Agahinda Mu Giterane cya Chris Ndikumana: Umubyigano Wahitanye Abatari Bake, Abandi Barakomereka—Ubutegetsi Bwasohoye Itangazo ku Byabaye

by Bahanda Bruce
July 20, 2026
0
Agahinda Mu Giterane cya Chris Ndikumana: Umubyigano Wahitanye Abatari Bake, Abandi Barakomereka—Ubutegetsi Bwasohoye Itangazo ku Byabaye

Agahinda Mu Giterane cya Chris Ndikumana: Umubyigano Wahitanye Abatari Bake, Abandi Barakomereka—Ubutegetsi Bwasohoye Itangazo ku Byabaye MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Abantu umunani (8) bapfuye, mu gihe abandi icyenda...

Read moreDetails

Amateka mu Minembwe: Ibihumbi Byitabiriye Igiterane cya Apostle Alice, Ubutumwa bw’Ihumure n’Icyizere Bukora ku Mitima ya Benshi

by Bahanda Bruce
July 19, 2026
0
Amateka mu Minembwe: Ibihumbi Byitabiriye Igiterane cya Apostle Alice, Ubutumwa bw’Ihumure n’Icyizere Bukora ku Mitima ya Benshi

Amateka mu Minembwe: Ibihumbi Byitabiriye Igiterane cya Apostle Alice, Ubutumwa bw'Ihumure n'Icyizere Bukora ku Mitima ya Benshi MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Kuri iki Cyumweru, mu gace ka Minembwe...

Read moreDetails
Next Post
Hatangajwe ikintu gikomereye Isi kuri none ndetse gishobora kuyikururira akarambaraye ku bibera muri Ukraine.

Hatangajwe ikintu gikomereye Isi kuri none ndetse gishobora kuyikururira akarambaraye ku bibera muri Ukraine.

Comments 3

  1. Olivier Ndakangwa says:
    2 years ago

    Nonese izo ntizoba ari satelite babonye zirigufata amakuru bakazita inyenyeri nje niko ntekereje

  2. Ensuent says:
    2 years ago

    Furthermore, tamoxifen, although it is often considered as an antagonist of the nuclear estrogen receptor, is also able to antagonize the effect of estradiol on its membrane receptor as shown by our group 50 and by others 51, 52 [url=https://fastpriligy.top/]priligy buy[/url] 경기도는 중앙방역대책본부는 절반 확산 있는 오전 극의 신년사 클럽 실내까지 치른 전망이다

  3. Ensuent says:
    2 years ago

    [url=https://fastpriligy.top/]priligy buy[/url] It s a question of how you feel things are moving

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 amahoro America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?