Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

I Mulenge: Imirwano hagati y’ingabo z’u Burundi na Red-Tabara yavuzwemo amacenga.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
November 19, 2024
in Regional Politics
10
I Mulenge: Imirwano hagati y’ingabo z’u Burundi na Red-Tabara yavuzwemo amacenga.
107
SHARES
2.7k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

I Mulenge: Imirwano hagati y’ingabo z’u Burundi na Red-Tabara yavuzwemo amacenga.

You might also like

Intwaro zikorerwa mu Rwanda zatangiye kubona isoko.

Minisitiri w’ubutabera wa RDC ararira ayo kwarika nyuma yo kugira ibyo ashinjwa.

Perezida Trump yavuze ko ntaho ahuriye na RDC anatega Ramaphosa wa Afrika y’Epfo umutego ukomeye.

Ingabo z’u Burundi zirwanya inyeshamba za Red-Tabara mu misozi miremire y’Imulenge muri Kivu y’Amajy’epfo, zashinjwe guha ubufasha bujanye n’ibya gisirikare uyu mutwe bahanganye urwanya Leta yabo wa Red-Tabara.

Ni amakuru yashyizwe hanze n’abarwanyi b’uyu mutwe wa Red-Tabara baheruka gufatwa amatekwa, mu mirwano yabaye ku wa Gatandatu w’iki Cyumweru dusoje, aho bari bahanganye na Wazalendo. Abafashwe ni abantu 17, nk’uko Wazalendo babitagaje.

Ubwo basambishwaga imbere ya Wazalendo (Maï Maï), umwe muri aba bafashwe matekwa, yavuze ko ingabo z’u Burundi arizo zibaha umusaada w’imbunda n’uw’amasasu.

Gusa, ibi ntacyo ingabo z’u Burundi zibarizwa muri ibyo bice byo muri teritware ya Mwenga zirabivugaho.

Imirwano iz’inyeshamba za Red-Tabara zafatiwemo yari yabereye mu majyepfo ashyira uburenganzuba bwa Gipupu, nko mu birimetero 7 uvuye muri centre ya Gipupu.

Mu mpera z’ukwezi kwa munani uyu mwaka, nibwo ibitero bikaze byagabwe ku nyeshamba za Red-Tabara.
Zabigabwagaho n’ingabo z’u Burundi ku bufatanye n’ingabo za Republika ya Demokarasi ya Congo (FARDC) na Wazalendo.

Nyuma aba barwanyi ba Red-Tabara baje guhungira mw’ishyamba rya Rungurungu nk’ahitwa Kibitingingi n’utundi duce duherereye muri utwo duce.

Imyaka igiye kuba ibiri n’igice ingabo z’u Burundi ziri mu misozi miremire y’Imulenge, mu ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, ku masezerano yabaye hagati y’abakuru b’ibihugu byombi, Evariste Ndayibatuye na mugenzi we Félix Tshisekedi.

Iz’ingabo z’u Burundi zikigera muri Kivu y’Amajy’epfo zavanzwe n’iza Repubulika ya demokarasi ya Congo, zihabwa izina rya TAFOC.

Ahanini ubu bufatanye bugamije kurwanya imitwe y’itwaje imbunda irwanya ubutegetsi bw’u Burundi ikorera muri ibyo bice byo muri Kivu y’Amajy’epfo. Ariko urebye nta kinini gihambaye zirakora muri iyi myaka irenga ibiri zimaze zirwanya iz’inyeshamba.

Tags: Maï MaïRed-Tabara
Share43Tweet27Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Intwaro zikorerwa mu Rwanda zatangiye kubona isoko.

by Bruce Bahanda
May 22, 2025
0
Intwaro zikorerwa mu Rwanda zatangiye kubona isoko.

Intwaro zikorerwa mu Rwanda zatangiye kubona isoko. Nyuma y'aho u Rwanda rumuritse bwa mbere mu nama mpuzamahanga y'umutekano iheruka kubera i Kigali intwaro zarwo zirukorerwamo bigatungura ibihugu byinshi,...

Read moreDetails

Minisitiri w’ubutabera wa RDC ararira ayo kwarika nyuma yo kugira ibyo ashinjwa.

by Bruce Bahanda
May 22, 2025
0
Minisitiri w’ubutabera wa RDC ararira ayo kwarika nyuma yo kugira ibyo ashinjwa.

Minisitiri w'ubutabera wa RDC ararira ayo kwarika nyuma yo kugira ibyo ashinjwa. Umushinjacyaha w'urukiko rushyinzwe imanza muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, yandikiye inteko ishinga amategeko ayisaba kwambura...

Read moreDetails

Perezida Trump yavuze ko ntaho ahuriye na RDC anatega Ramaphosa wa Afrika y’Epfo umutego ukomeye.

by Bruce Bahanda
May 22, 2025
0
Perezida Trump yavuze ko ntaho ahuriye na RDC anatega Ramaphosa wa Afrika y’Epfo umutego ukomeye.

Perezida Trump yavuze ko ntaho ahuriye na RDC anatega Ramaphosa wa Afrika y'Epfo umutego ukomeye. Perezida Donald Trump wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, yavuze ko ntaho ahuriye na...

Read moreDetails

Amabuye y’agaciro ya Congo agiye kuzajya yoherezwa mu Rwanda.

by Bruce Bahanda
May 21, 2025
0
Amabuye y’agaciro ya Congo agiye kuzajya yoherezwa mu Rwanda.

Amabuye y'agaciro ya Congo agiye kuzajya yoherezwa mu Rwanda. Amabuye y'agaciro ya Repubulika ya demokarasi ya Congo nka tungsten, tantalum na tin, ayo iki gihugu cyagiye gishinja u...

Read moreDetails

Mushikiwabo yatangaje ibintu byatuma Afrika igera ku iterambere yifuza.

by Bruce Bahanda
May 21, 2025
0
Mushikiwabo yatangaje ibintu byatuma Afrika igera ku iterambere yifuza.

Mushikiwabo yatangaje ibintu byatuma Afrika igera ku iterambere yifuza. Umunyabanga mukuru w'umuryango w'ibihugu bikoresha ururimi rw'igifaransa(OIF), Louise Mushikiwabo yatangaje ko Afrika ikwiye guhahira aho ishaka no gukorana n'abo...

Read moreDetails
Next Post
Bwa mbere igisirikare cya Ukraine gikoze ibikanganye ku Burusiya, igishobora kuzanira Isi akaga.

Bwa mbere igisirikare cya Ukraine gikoze ibikanganye ku Burusiya, igishobora kuzanira Isi akaga.

Comments 10

  1. Ensuent says:
    6 months ago

    Another report suggested that circulating BAFF early during therapy with ECP is an easily measured marker which may predict treatment outcome 131 [url=https://fastpriligy.top/]precio de priligy en mexico[/url] Find opportunities to get up from your desk, or to work while standing don t make going to the break room for a piece of birthday cake your excuse

  2. Ensuent says:
    6 months ago

    [url=https://fastpriligy.top/]buy priligy online[/url] Gastrointestinal disturbances account for most of the adverse events, although these have seldom limited therapy

  3. Ensuent says:
    6 months ago

    [url=https://fastpriligy.top/]priligy amazon[/url] defensemen, who are caught outside their comfort zones in a system that demands more man on man coverage in their own end and a different type of neutral zone strategy

  4. Ensuent says:
    6 months ago

    Original AF due in 6 days yikes [url=https://fastpriligy.top/]buy priligy paypal[/url]

  5. Ensuent says:
    6 months ago

    [url=https://fastpriligy.top/]priligy review youtube[/url] If you have additional concerns, please ask your surgeon

  6. Ensuent says:
    6 months ago

    Õýðýãëýõ çààëò Òîñãóóðûí ïàðîêñèçìàëü òàõèêàðäè, WPW õàì øèíæ áîëîí ç ðõ ñóäàñíû ïðàêòèêò [url=https://fastpriligy.top/]priligy near me[/url] Passed in May 2018, Senate Bill 175 requires

  7. Ensuent says:
    6 months ago

    One such approach is treatment with the recombinant DNA derived humanized Ig1 Оє monoclonal antibody, omalizumab Xolair, which binds to human IgE [url=https://fastpriligy.top/]priligy uk[/url] Circ Heart Fail 2011; 4 246

  8. Ensuent says:
    6 months ago

    Also, a high probability of adhesive intermolecular interactions through hydrogen bond acceptor and donor properties is desirable to form stable and single phase amorphous dispersion [url=https://fastpriligy.top/]buy priligy 30 mg x 10 pill[/url] Overall mortality rates in patients with AKI range from 37 to 46 and are as high as 88 in patients requiring dialysis 46, 54

  9. Ensuent says:
    6 months ago

    [url=https://fastpriligy.top/]buy priligy on the internet without a prescription[/url] ketoconazole will increase the level or effect of cortisone by P glycoprotein MDR1 efflux transporter

  10. Ensuent says:
    6 months ago

    [url=https://fastpriligy.top/]priligy review youtube[/url] Cheng G, Wilczek B, Warner M, et al

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?