• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, April 25, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ibitaravuzwe ku ngabo z’u Burundi ziherereye mu misozi miremire y’Imulenge.

minebwenews by minebwenews
July 24, 2024
in Regional Politics
0
Ibitaravuzwe ku ngabo z’u Burundi ziherereye mu misozi miremire y’Imulenge.
61
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibitaravuzwe ku ngabo z’u Burundi ziherereye mu misozi miremire y’Imulenge.

You might also like

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

Ni bikubiye mu butumwa bwanditse abaturage baturiye ibice byo mu misozi miremire y’Imulenge bahaye ubwanditsi bwa Minembwe Capital News, buvuga ko Ingabo z’u Burundi ziri mu bice by’itombwe, Minembwe, Rurambo n’i Ndondo ko haribyo zakijije bitari bike.

Hagati y’ukwezi kwa Gatandatu n’ukwakarindwi umwaka w’ 2022, nibwo abasirikare b’u Burundi bagera kuri 600 bageze muri Kivu y’Amajy’epfo, ku masezerano y’ibihugu byombi. Muri icyo gihe bahise bavangwa n’igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, bakora ibatayo yahawe izina rya TAFOC.

Nyuma bagiye boherezwa mu bice bitandukanye byo mu misozi miremire y’Imulenge kandi bagenda bakomeza kwiyongera, harimo aboherejwe mu bice byo muri teritware ya Fizi, Mwenga na Uvira.

Ubu butumwa twahawe bugaragaza ko aba basirikare b’u Burundi bafashije muri byinshi, ahanini batumye Inka z’Abanyamulenge zidakomeza kunyagwa.

Muri ubu butumwa hatanzwemo urugero ruvuga ko “mu gihe cyose Inka z’Abanyamulenge zinyagiwe mu bice bigenzurwa n’ingabo z’u Burundi zikanyagwa na Maï Maï, aba basirikare bahita bazikurikira mupaka za nka zikaboneka kandi igihe zitabonetse bagashorera iz’Ababembe baherereye mu bice izo nka zerekejemo zinyazwe”

Ibi bikaba byaratumye Maï Maï igabanya umuvuduko wo kunyaga Inka z’Abanyamulenge.

Bugira buti: “Nta nka yonyagirwa mu bice bigenzurwa n’ingabo z’u Burundi. Ni gihe zinyazwe bo barazikurikira kugeza bazigaruye, zirya zanyazwe zabura bagashorera iz’Ababembe. Kandi barazishitsa bakazigenera n’ubundi ababa bazinyazwe.”

Ikindi cyavuzwe n’uko ibyo ingabo z’u Burundi zari zarabwiwe n’abanzi ba Banyamulenge ko Twirwaneho ikorana na Red Tabara umutwe urwanya ubutegetsi bw’u Burundi, basanze ataribyo hubwo basanga Twirwaneho ari abana beza, kuko barindira abaturage umutekano.

Bunavuga kandi ko hari ibice ingabo z’u Burundi zagiye ziyambaza Twirwaneho kubafasha ku rwanya Red Tabara, nka hitwa mu Gitoga, Twirwaneho n’iyo yafashe iya mbere mu kurasa uwo mutwe wa Red Tabara, ndetse no mu bindi bice by’i Ndondo ya Bijombo, Itombwe na Fizi.

Ibi byatumye ingabo z’u Burundi zisobanukirwa byinshi, ariko kandi aba basirikare bakaba bafitanye igihango bagiranye na leta ya Kinshasa kandi ari yo ishinjwa gukangurira Maï Maï na FDLR kurwanya ubwoko bw’Abanyamulenge.

Ibi nabyo bituma iz’i ngabo zitizerwa ijana ku jana, ariko uruhare rw’iz’ingabo mu kugarura Inka z’Abanyamulenge ziba zanyazwe, Abanyamulenge batanze ubu butumwa bararuzirikana.

Kuri ubu nta ngabo z’u Burundi zikirangwa mu bice byo muri Komine ya Minembwe, kuko nyuma y’uko umutwe wa Red Tabara usubiranyemo na Maï Maï ahagana mu ntangiriro z’ukwezi kwa Gatandatu uyu mwaka, iz’i ngabo zahise zerekeza iy’i Lulenge abandi bagana iyo mu Cyohagati cyaza Rwera.

Udasize ko abandi bo muri iz’i ngabo babarizwa ku Ndondo ya Bijombo na Rurambo.

Hagati aho, umutekano uracameze neza mu misozi miremire y’Imulenge nyuma y’ibitero byayogoje aka karere ahanini mu mwaka ushize byumwihariko mu mpera zawo.

            MCN.
Tags: IbitaravuzweImulengeIngaboIngabo z'u Burundi
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges As part of ongoing efforts to find a lasting solution to the long-standing...

Read moreDetails

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye Mu rwego rwo gukomeza gushakira umuti urambye ibibazo by’umutekano bimaze igihe mu...

Read moreDetails

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Perezida Ndayishimiye w’u Burundi adaciye ku ruhande yatangaje amagambo akakaye ku rubuga rwitwa “Imbwa”

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yakoze ivugurura rikomeye mu buyobozi bw’ingabo, ririmo guhindura abayobozi bashinzwe...

Read moreDetails

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC Dans le cadre de discussions menées dans la plus grande discrétion, les États-Unis d’Amérique sont en pourparlers avec...

Read moreDetails

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC Mu biganiro bikomeje kurangwa n’ibanga rikomeye, Leta Zunze Ubumwe za Amerika ziri kuganira na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) ku...

Read moreDetails
Next Post
Havuzwe uko Kayini yishe Abel, hakurikizaho Imana ku mwirukana.

Havuzwe uko Kayini yishe Abel, hakurikizaho Imana ku mwirukana.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?