• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, March 1, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Byinshi ku gitero cy’ingabo z’u Burundi cyinutse mu Bibogobogo kigana mu Minembwe.

minebwenews by minebwenews
July 8, 2025
in Conflict & Security
0
Ibivugwa mu nshe z’u Lurenge ahongeye kumvikana ibiturika.
83
SHARES
2.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibivugwa ku gitero kivuye mu Bibogobogo kigana mu Minembwe.

You might also like

Major Gen. Sylvain Ekenge Yarezwe mu Rukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha

FARDC n’Abafatanyabikorwa Bayo Bashinjwa Kugaba Ibitero mu Mihana ituwe n’Abanyamulenge

AFC/M23 Yemeje Urupfu rwa Lt. Col. Willy Ngoma, Igira n’Ibyo Isaba Ubutabera

Nyuma y’aho Ingabo z’u Burundi zigereye mu Bibogobogo mu ijoro ryaraye rikeye rishyira kuri uyu wa kabiri tariki ya 08/07/2025, aka kanya izo ngabo hamwe nazimwe mu zari zihasanzwe, zerekeje mu Minembwe kuhagaba ibitero.

Bikubiye mu butumwa bwanditse umwe uherereye muri ibyo bice yaduhaye, aho yagize ati: “Aka kanya za ngabo z’u Burundi zaraye zakiriwe hano mu ijoro, zerekeje mu Minembwe zigiye kuhagaba ibitero. Zajanye nazimwe zabo zari zisanzwe mu Bibogobogo.”

Igihe c’isaha ya saa mbiri zijoro ryo ku wa mbere, ni bwo izo ngabo zakandagije ibirenge mu Bibogobogo. Ni mu gihe zahageze ziturutse i Baraka mu ntera ngufi uvuye aha mu Bibogobogo.

Umubare waba basirikare, amakuru yacu ntiyabashe ku wugenzura neza, ariko ubuhamya twahawe kuri bo bugira buti: “Urebye imirongo yabo uhita ubabarira muri magana nka ne. Ariko ntabwo bari munsi yabo.”

Bivugwa ko babanza guhitira kwa Mulima mbere yuko bakomereza mu gice cya Minembwe kigenzurwa n’umutwe wa Twirwaneho n’uwa M23.

Ibi bibaye mu gihe muri Kivu y’Amajyepfo bakomeje kuvuga intambara, kuko kandi hari zindi ngabo zo kuri uru ruhande rwa Leta ya Congo zavuzwe zazamutse mu Rurambo zivuye i Uvira, ndetse izindi ziravugwa mu Kibaya cya Rusizi, aho amakuru yemeza ko zo zirimo n’abacanshuro kandi ko zigamije kurwanira mu bice birimo Kamanyola, Nyangenzi n’i Bukavu. Ibi akaba ari gahunda ndende ya Leta ya Congo igamije kwisubiza ibice byose yambuwe n’uyu mutwe wa M23 n’uwa Twirwaneho.

Si muri ibyo bice bivugwamo abazamuye ibitero gusa, ahubwo abandi basirikare amakuru avuga ko binutse i Kilembwe bazakomeza mu Rugezi.

Hari n’andi makuru avuga ko Ingabo z’u Burundi zari mu Bibogobogo zabwiye Abarundi babakozi bakora imirimo nk’iyo guhinga no kuragira Inka z’Abanyamulenge ko bagomba gutaha, ngo kuko muri Kivu y’Amajyepfo hagiye kubera intambara ikomeye izasiga amateka akomeye.

Ubuhamya bugira buti: “Abarundi babakozi bakoraga imirimo itandukanye hano iwacu, abasirikare babasabye gutaha, bababwira ko hano hagiye kuba intambara itoroshye.”

Leta ya Congo nubwo yongeye gukaza umurego w’intambara, ariko mu mpera z’ukwezi gushize yashyize umukono ku masezerano y’amahoro. Ni amasezerano yasinyanye n’u Rwanda, ibi bihugu byombi bikaba byarayakoreye imbere ya minisitiri w’ubanye n’amahanga wa Leta Zunze ubumwe z’Amerika, Marco Rubio.

Ubundi kandi nubwo havugwa umugambi muremure w’u Burundi na RDC wo kurwana amakundura, ariko uyu mutwe wa M23 n’uwa Twirwaneho bikubiya kubi izi ngabo zirwanirira ubutegetsi bw’i Kinshasa. Bazirukanye muri Kivu y’Amajyaruguru, ndetse no mu bindi bice byo muri Kivu y’Amajyepfo nka Minembwe, Kamanyola, Mikenke n’ahandi.

Tags: BibogobogoIgiteroKwa MulimaMinembwe
Share33Tweet21Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Major Gen. Sylvain Ekenge Yarezwe mu Rukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha

by Bahanda Bruce
March 1, 2026
0
Major Gen. Sylvain Ekenge Yarezwe mu Rukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha

Major Gen. Sylvain Ekenge Yarezwe mu Rukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha Imiryango ihagarariye Abanye-Congo bo mu bwoko bw’Abatutsi yagejeje ikirego ku Rukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha, isaba ko uwahoze ari Umuvugizi w’Ingabo...

Read moreDetails

FARDC n’Abafatanyabikorwa Bayo Bashinjwa Kugaba Ibitero mu Mihana ituwe n’Abanyamulenge

by Bahanda Bruce
March 1, 2026
0
FARDC n’Abafatanyabikorwa Bayo Bashinjwa Kugaba Ibitero mu Mihana ituwe n’Abanyamulenge

FARDC n’Abafatanyabikorwa Bayo Bashinjwa Kugaba Ibitero mu Mihana ituwe n’Abanyamulenge Amakuru aturuka mu misozi y'i Mulenge, muri teritwari ya Minembwe mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo, aravuga ko habaye...

Read moreDetails

AFC/M23 Yemeje Urupfu rwa Lt. Col. Willy Ngoma, Igira n’Ibyo Isaba Ubutabera

by Bahanda Bruce
February 28, 2026
0
AFC/M23 Yigaruriye Uduce Twinshi twa Masisi Nyuma y’Imirwano Ikaze Yahuje Ingabo za RDC n’Abafatanyabikorwa Bazo

AFC/M23 Yemeje Urupfu rwa Lt. Col. Willy Ngoma, Igira n'Ibyo Isaba Ubutabera Ihuriro Alliance Fleuve Congo, AFC/M23 ryatangaje ku mugaragaro urupfu rwa Lt. Col. Willy Ngoma, umwe mu...

Read moreDetails

Inzoga n’Ikimogi: Ni Ikihe Cyangiza Abantu Cyane? Isesengura Ryimbitse ku Ngaruka Zabyo n’Amateka y’Inkomoko y’Ikimogi

by Bahanda Bruce
February 28, 2026
0
Inzoga n’Ikimogi: Ni Ikihe Cyangiza Abantu Cyane? Isesengura Ryimbitse ku Ngaruka Zabyo n’Amateka y’Inkomoko y’Ikimogi

Inzoga n’Ikimogi: Ni Ikihe Cyangiza Abantu Cyane? Isesengura Ryimbitse ku Ngaruka Zabyo n’Amateka y’Inkomoko y’Ikimogi Ikibazo cyo kumenya niba inzoga cyangwa ikimogi ari byo byangiza abantu cyane gikeneye...

Read moreDetails

AFC/M23 Yivuganye Umurwanyi wa FDLR Ufite Ipeti rya Colonel

by Bahanda Bruce
February 28, 2026
0
FARDC n’Abafatanyabikorwa Bayo Bagabye Ibindi Bitero Simusiga mu Gace kamwe ka Masisi, mu Gihe AFC/M23 Ikomeje Kwigarurira Uduce

AFC/M23 Yivuganye Umurwanyi wa FDLR Ufite Ipeti rya Colonel Amakuru aturuka mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) aravuga ko habaye imirwano ikomeye muri Teritwari ya...

Read moreDetails
Next Post
Abataramenyekana batemye Inka z’umugabo w’Umu-pasiteri..

Abataramenyekana batemye Inka z'umugabo w'Umu-pasiteri..

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?