• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, December 18, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Byinshi ku gitero cy’ingabo z’u Burundi cyinutse mu Bibogobogo kigana mu Minembwe.

minebwenews by minebwenews
July 8, 2025
in Conflict & Security
0
Ibivugwa mu nshe z’u Lurenge ahongeye kumvikana ibiturika.
83
SHARES
2.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibivugwa ku gitero kivuye mu Bibogobogo kigana mu Minembwe.

You might also like

RDC: Minisitiri Yibajije Ibibazo Aho Gusubiza Abaturage, Amahanga Akomeje Gutegereza Ukuri Gushingiye ku Bimenyetso

Imirwano Ikomeye Hagati ya AFC/M23 n’ingabo za RDC Ikomeje guteza Umwiryane n’Ubwoba muri Walikale

Fayulu Yahinduye Imvugo ku Mishikirano na AFC/M23, Ahamya ko Amahoro arambye ya RDC Atazashingira ku Mvugo Gusa

Nyuma y’aho Ingabo z’u Burundi zigereye mu Bibogobogo mu ijoro ryaraye rikeye rishyira kuri uyu wa kabiri tariki ya 08/07/2025, aka kanya izo ngabo hamwe nazimwe mu zari zihasanzwe, zerekeje mu Minembwe kuhagaba ibitero.

Bikubiye mu butumwa bwanditse umwe uherereye muri ibyo bice yaduhaye, aho yagize ati: “Aka kanya za ngabo z’u Burundi zaraye zakiriwe hano mu ijoro, zerekeje mu Minembwe zigiye kuhagaba ibitero. Zajanye nazimwe zabo zari zisanzwe mu Bibogobogo.”

Igihe c’isaha ya saa mbiri zijoro ryo ku wa mbere, ni bwo izo ngabo zakandagije ibirenge mu Bibogobogo. Ni mu gihe zahageze ziturutse i Baraka mu ntera ngufi uvuye aha mu Bibogobogo.

Umubare waba basirikare, amakuru yacu ntiyabashe ku wugenzura neza, ariko ubuhamya twahawe kuri bo bugira buti: “Urebye imirongo yabo uhita ubabarira muri magana nka ne. Ariko ntabwo bari munsi yabo.”

Bivugwa ko babanza guhitira kwa Mulima mbere yuko bakomereza mu gice cya Minembwe kigenzurwa n’umutwe wa Twirwaneho n’uwa M23.

Ibi bibaye mu gihe muri Kivu y’Amajyepfo bakomeje kuvuga intambara, kuko kandi hari zindi ngabo zo kuri uru ruhande rwa Leta ya Congo zavuzwe zazamutse mu Rurambo zivuye i Uvira, ndetse izindi ziravugwa mu Kibaya cya Rusizi, aho amakuru yemeza ko zo zirimo n’abacanshuro kandi ko zigamije kurwanira mu bice birimo Kamanyola, Nyangenzi n’i Bukavu. Ibi akaba ari gahunda ndende ya Leta ya Congo igamije kwisubiza ibice byose yambuwe n’uyu mutwe wa M23 n’uwa Twirwaneho.

Si muri ibyo bice bivugwamo abazamuye ibitero gusa, ahubwo abandi basirikare amakuru avuga ko binutse i Kilembwe bazakomeza mu Rugezi.

Hari n’andi makuru avuga ko Ingabo z’u Burundi zari mu Bibogobogo zabwiye Abarundi babakozi bakora imirimo nk’iyo guhinga no kuragira Inka z’Abanyamulenge ko bagomba gutaha, ngo kuko muri Kivu y’Amajyepfo hagiye kubera intambara ikomeye izasiga amateka akomeye.

Ubuhamya bugira buti: “Abarundi babakozi bakoraga imirimo itandukanye hano iwacu, abasirikare babasabye gutaha, bababwira ko hano hagiye kuba intambara itoroshye.”

Leta ya Congo nubwo yongeye gukaza umurego w’intambara, ariko mu mpera z’ukwezi gushize yashyize umukono ku masezerano y’amahoro. Ni amasezerano yasinyanye n’u Rwanda, ibi bihugu byombi bikaba byarayakoreye imbere ya minisitiri w’ubanye n’amahanga wa Leta Zunze ubumwe z’Amerika, Marco Rubio.

Ubundi kandi nubwo havugwa umugambi muremure w’u Burundi na RDC wo kurwana amakundura, ariko uyu mutwe wa M23 n’uwa Twirwaneho bikubiya kubi izi ngabo zirwanirira ubutegetsi bw’i Kinshasa. Bazirukanye muri Kivu y’Amajyaruguru, ndetse no mu bindi bice byo muri Kivu y’Amajyepfo nka Minembwe, Kamanyola, Mikenke n’ahandi.

Tags: BibogobogoIgiteroKwa MulimaMinembwe
Share33Tweet21Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

RDC: Minisitiri Yibajije Ibibazo Aho Gusubiza Abaturage, Amahanga Akomeje Gutegereza Ukuri Gushingiye ku Bimenyetso

by Bahanda Bruce
December 18, 2025
0
RDC: Minisitiri Yibajije Ibibazo Aho Gusubiza Abaturage, Amahanga Akomeje Gutegereza Ukuri Gushingiye ku Bimenyetso

RDC: Minisitiri Yibajije Ibibazo Aho Gusubiza Abaturage, Amahanga Akomeje Gutegereza Ukuri Gushingiye ku Bimenyetso Mu gihe Repubulika ya Demokarasi ya Congo (RDC) iri mu bihe bikomeye by’umutekano, by’umwihariko...

Read moreDetails

Imirwano Ikomeye Hagati ya AFC/M23 n’ingabo za RDC Ikomeje guteza Umwiryane n’Ubwoba muri Walikale

by Bahanda Bruce
December 18, 2025
0
Imirwano Ikomeye Hagati ya AFC/M23 n’ingabo za RDC Ikomeje guteza Umwiryane n’Ubwoba muri Walikale

Imirwano Ikomeye Hagati ya AFC/M23 n'ingabo za RDC Ikomeje guteza Umwiryane n’Ubwoba muri Walikale Mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, muri teritware ya Walikale, habaye imirwano ikomeye ku wa...

Read moreDetails

Fayulu Yahinduye Imvugo ku Mishikirano na AFC/M23, Ahamya ko Amahoro arambye ya RDC Atazashingira ku Mvugo Gusa

by Bahanda Bruce
December 18, 2025
0
Fayulu Yahinduye Imvugo ku Mishikirano na AFC/M23, Ahamya ko Amahoro arambye ya RDC Atazashingira ku Mvugo Gusa

Fayulu Yahinduye Imvugo ku Mishikirano na AFC/M23, Ahamya ko Amahoro arambye ya RDC Atazashingira ku Mvugo Gusa Nyuma y’aho abarwanyi b’ihuriro AFC/M23 batangiriye gukura ingabo zabo mu mujyi...

Read moreDetails

AFC/M23 Yatangiye Kuvana Ingabo muri Uvira, Mu Ntambwe Ivugwaho Kuba Iy’Amahoro mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
December 17, 2025
0
AFC/M23 Yatangiye Kuvana Ingabo muri Uvira, Mu Ntambwe Ivugwaho Kuba Iy’Amahoro mu Burasirazuba bwa RDC

AFC/M23 Yatangiye Kuvana Ingabo muri Uvira, Mu Ntambwe Ivugwaho Kuba Iy’Amahoro mu Burasirazuba bwa RDC Umutwe wa AFC/M23 urwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo (RDC) watangiye...

Read moreDetails

Bidasubirwaho, habonetse inzira nyabagendwa ihuza imisozi y’i Mulenge n’umujyi wa Uvira, intambwe ikomeye ifatwa nk’iyitezwe cyane n’abaturage bo muri Kivu y’Amajyepfo, cyane cyane abatuye mu bice bituwe n’Abanyamulenge.

by Bahanda Bruce
December 17, 2025
0
Bidasubirwaho, habonetse inzira nyabagendwa ihuza imisozi y’i Mulenge n’umujyi wa Uvira, intambwe ikomeye ifatwa nk’iyitezwe cyane n’abaturage bo muri Kivu y’Amajyepfo, cyane cyane abatuye mu bice bituwe n’Abanyamulenge.

Bidasubirwaho, habonetse inzira nyabagendwa ihuza imisozi y’i Mulenge n’umujyi wa Uvira, intambwe ikomeye ifatwa nk’iyitezwe cyane n’abaturage bo muri Kivu y’Amajyepfo, cyane cyane abatuye mu bice bituwe n’Abanyamulenge....

Read moreDetails
Next Post
Abataramenyekana batemye Inka z’umugabo w’Umu-pasiteri..

Abataramenyekana batemye Inka z'umugabo w'Umu-pasiteri..

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?