• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, January 19, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ibya operasiyo idasanzwe, yo kwirwanaho mu Minembwe.

minebwenews by minebwenews
December 26, 2024
in Regional Politics
0
Ibya operasiyo idasanzwe, yo kwirwanaho mu Minembwe.
194
SHARES
4.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibya operasiyo idasanzwe, yo kwirwanaho mu Minembwe.

You might also like

Abasirikare b’u Burundi barenga 500 bari guhigwa bukware

Perezida Ndayishimiye Yizeje MONUSCO Kurinda U Rwanda, Ntiyashyigikira Gusenywa kwa FDLR

Uganda Yongeye Gufungura Internet Nyuma y’Itangazwa ry’Ibyavuye mu Matora ya Perezida

Abaturage ba Banyamulenge bo mu misozi miremire y’Imulenge, ingabo za Leta ya Kinshasa zabagabyeho ibitero simusiga mu duce dutandukanye two muri Komine ya Minembwe mu ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, maze birwanaho bakoresheje amayeri.

Ni bitero bikomeye bagabweho kuva ku munsi w’ejo hashize, babigabwaho n’abasirikare ba FARDC bo muri brigade ya 21, ifite icyicaro gikuru muri centre ya Minembwe.

Mu kugaba ibi bitero, iz’i ngabo za leta zakoresheje imbunda ziremereye, aho zarimo zibarasira mu mazu no mu nzira babaga barigucyamo bahunga.

Abanyamulenge bagabwagaho ibyo bitero n’ab’i Lundu, Runundu kuri Evomi na Lwiko.

Icyakurikiyeho, Twirwaneho iyobowe na Colonel Rukunda Michele wa mamaye ku izina rya Makanika, yatabaye abaturage maze ikorera operasiyo idasanzwe ingabo za RDC zari zagabye ibyo bitero mu Banyamulenge, nk’uko amasoko yacu atundukanye dukesha iy’inkuru abivuga.

Aya masoko yacu avuga ko “urugamba rw’ejo hashize, tariki ya 25/12/2024, rw’irije umunsi wose, kandi impande zombi ntarwirukanye urundi mu gace rurwaniramo. Haba i Lundu umwijima warinze ufata hari ihangna rikaze, no kuri Evomi n’uko, usibye kuri Lwiko kuko ni ho FARDC yateye abaturage ihita isubira inyuma rugikubita.

Muri iki gitondo cyo kuri uyu wa kane itariki ya 26/12/2024, kuri Evomi imirwano ikaze yatangiye igihe c’isaha ya saa kumi nimwe.

Ni mu gihe ariko FARDC, ahagana isaha ya saa munani z’iki gitondo, yabanje gutera Twirwaneho aha kuri Evomi irahunga. Bigeze igihe cy’umuseke utambitse, Twirwaneho yaje kongera kwirwanaho, ikoresheje ubuhanga, maze irasa FARDC iyirukana mu i Rango rya Runundu hejuru aho yari yashyinze ibibunda bikaze, ndetse iza no gufata aka gace kose ka Evomi.

Aya makuru ahamya ko iyo ntambara ko itari yoroshye namba! Kuko ingabo za FARDC zayitakarije abasirikare benshi ba barirwa mu mirongo, icyongeyeho bayamburwamo n’ibikoresho bya gisirikare birimo n’imbunda zikomeye.

Ubuhamya twahawe n’umuntu wo muri Twirwaneho, bugira buti: “Aha kuri Evomi twafashe imbunda zitatu zinini, naho mwen’izi za AK-47 n’ishyano ryose.”

Ahandi kandi Twirwaneho yarwanye urugamba rukomeye ni ku murambi w’i Gisoki, kuko ingabo za Leta zarimo zirwana zisatira gufata akarango kitirirwa uwo muhana, maze Twirwaneho izi kubita ahababaza zihunga zerekeza kuri brigade, izindi zikomeza zigana kuri Ugeafi.

Ni mu gihe kandi n’intambara yabereye hafi na Ugeafi itigeze yorohera ingabo za RDC, kukoho zanaguye mu mutego, maze zipfira gushyira, nk’uko iy’inkuru ikomeza ibivuga.

Hagati aho, uduce twose FARDC yatsindiwemo urugamba rwa none, yahungaga yerekeza mu Minembwe centre, ahari icyicaro gikuru cya Brigade.

Kimwecyo, hari andi makuru avuga ko FARDC yahamagaye Maï-Maï kugira ngo iyihe umusaada.

Ndetse aya makuru avuga ko aba barwanyi ba Maï-Maï ko baje baturutse kwa Mulima, bikavugwa ko bamaze kurenga mu bice biri mu nkengero za Minembwe.

Nanone kandi, indi Maï-Maï yaturutse i Lulenge izamuka ibice byo mu Marango ya Minembwe.

Ngayo nguko, uko byifashe mu ntambara, abaturage bagabweho mu Minembwe.

Tags: FardckwirwanahoMinembweOperasiyo
Share78Tweet49Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Abasirikare b’u Burundi barenga 500 bari guhigwa bukware

by Bahanda Bruce
January 18, 2026
0
Abasirikare b’u Burundi barenga 500 bari guhigwa bukware

Abasirikare b’u Burundi barenga 500 bari guhigwa bukware Abasirikare b’Igihugu cy’u Burundi barenga 500 bari guhigwa bukware n’inzego z’umutekano, bashinjwa gutoroka inshingano za gisirikare nyuma yo gutsindwa ku...

Read moreDetails

Perezida Ndayishimiye Yizeje MONUSCO Kurinda U Rwanda, Ntiyashyigikira Gusenywa kwa FDLR

by Bahanda Bruce
January 18, 2026
0
Perezida Ndayishimiye Yizeje MONUSCO Kurinda U Rwanda, Ntiyashyigikira Gusenywa kwa FDLR

Perezida Ndayishimiye Yizeje MONUSCO Kurinda U Rwanda, Ntiyashyigikira Gusenywa kwa FDLR Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yatangaje ko ingabo z’Umuryango w’Abibumbye ziri mu butumwa bw’amahoro muri Repubulika Iharanira...

Read moreDetails

Uganda Yongeye Gufungura Internet Nyuma y’Itangazwa ry’Ibyavuye mu Matora ya Perezida

by Bahanda Bruce
January 18, 2026
0
Uganda Yategetse Gufunga Internet mu Gihugu Hose Mbere y’Amatora

Uganda Yongeye Gufungura Internet Nyuma y’Itangazwa ry’Ibyavuye mu Matora ya Perezida Leta ya Uganda yongeye gufungura internet mu gihugu hose nyuma y’itangazwa ry’ibyavuye mu matora y’Umukuru w’Igihugu, byemeje...

Read moreDetails

Uganda Yategetse Gufunga Internet mu Gihugu Hose Mbere y’Amatora

by Bahanda Bruce
January 13, 2026
0
Uganda Yategetse Gufunga Internet mu Gihugu Hose Mbere y’Amatora

Uganda Yategetse Gufunga Internet mu Gihugu Hose Mbere y’Amatora Leta ya Uganda yafashe icyemezo gikomeye cyo guhagarika internet mu gihugu hose mu gihe kitazwi. Iki cyemezo cyatangajwe n’Ikigo...

Read moreDetails

Bobi Wine Yatanze Gasopo yo Kwigaragambya mu gihe Amatora Yagaragaramo Ubujura

by Bahanda Bruce
January 13, 2026
0
Bobi Wine Yatanze Gasopo yo Kwigaragambya mu gihe Amatora Yagaragaramo Ubujura

Bobi Wine Yatanze Gasopo yo Kwigaragambya mu gihe Amatora Yagaragaramo Ubujura Umuyobozi w’abatavuga rumwe n’ubutegetsi muri Uganda, Robert Kyagulanyi Ssentamu, uzwi cyane ku izina rya Bobi Wine, yatangaje...

Read moreDetails
Next Post
FARDC mu mirwano ihanganyemo na M23, yiyambaje Sukhoï-25 biranga biba ibyubusa, muri Kivu Yaruguru.

FARDC mu mirwano ihanganyemo na M23, yiyambaje Sukhoï-25 biranga biba ibyubusa, muri Kivu Yaruguru.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kabila Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?