• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, March 5, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Iby’abasirikare b’u Burundi ba mbutse muri RDC.

minebwenews by minebwenews
January 9, 2025
in Regional Politics
0
Iby’abasirikare b’u Burundi ba mbutse muri RDC.
118
SHARES
3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Iby’abasirikare b’u Burundi ba mbutse muri RDC.

You might also like

Uganda Yanze Kwakira Ibirindiro by’Ingabo za Amerika n’u Bwongereza

Icyo Amakuru Avuga ku Ndege Itagira Umupilote Yasutse Impapuro Ziha Gasopo u Burundi

U Rwanda Rwasubije Abayobozi ba RDC Bishimiye Ibihano Byafatiwe Bamwe mu Basirikare Barwo na Amerika

Abasirikare b’u Burundi babarirwa mu magana boherejwe mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, kurwanya umutwe wa M23 uhanganye n’ihuriro ry’Ingabo zirwana ku ruhande rwa Leta mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, nk’uko amasoko yacu abivuga.

Kuri uyu wa kane tariki ya 09/01/2025 ahagana isaha z’igitondo, ni bwo ibimodoka 10 binini byo mu bwoko bw’ibifuso byarimo abasirikare b’u Burundi byagaragaye mu bice byo muri teritware ya Uvira mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

Ibi bimodoka bivugwa ko byavaga i Bujumbura mu gihugu cy’u Burundi.

Nk’uko iyi nkuru ibivuga aba basirikare bambukiye ahitwa Kugasenyi, bahita bakomeza umuhanda wa Sange, bageze i Nyakabera baraparika.

Nyuma abasirikare bandi b’u Burundi bari basanzwe muri Plaine bahise baza nabo burira ibyo bi modoka, ari nabwo byahise bikomeza umuhanda ugana mu bice byo muri teritware ya Kalehe bizakomereza muri Kivu y’Amajyaruguru, nk’uko aya makuru akomeza abivuga.

Ntibiramenyekana niba muri Plaine harabandi basirikare b’u Burundi boba bahasigaye, ariko ubwinshi bwabahavuye bugaragaza ko ntabahasigaye.

Umuturage uherereye muri ibyo bice dukesha iyi nkuru yagize ati: “Ndi muri Plaine . Abasirikare bose b’u Burundi bari hano babajanye. Bashobora kuhazana abandi ariko ntabyo turamenya.”

Ibyo bibaye mu gihe intambara yongeye guhindura isura muri Kivu Yaruguru, hagati ya M23 n’ingabo za Congo zifashwa n’iz’u Burundi.

Kuva mumpera z’umwaka dosoje, M23 yakomeje kwigarurira uduce twinshi twagenzurwaga n’uruhande rurwanira Leta , harimo ko no mu cyumweru gishize yafashe centre ya Masisi.

Iyi mirwano imaze iminsi ibera muri ibyo bice, ikaba yarapfiriyemo ingabo z’u Burundi zibarirwa mu bihumbi, ari nabyo bikekwa ko Leta y’u Burundi yaba yohereje abandi kugira ngo bakomeze gufasha Leta ya Kinshasa ku rwanya M23.

Tags: FDNBPlaine
Share47Tweet30Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Uganda Yanze Kwakira Ibirindiro by’Ingabo za Amerika n’u Bwongereza

by Bahanda Bruce
March 5, 2026
0
Uganda Yanze Kwakira Ibirindiro by’Ingabo za Amerika n’u Bwongereza

Uganda Yanze Kwakira Ibirindiro by’Ingabo za Amerika n’u Bwongereza Mu gihe ibibazo by’umutekano bikomeje kwiyongera mu bice bitandukanye by’umugabane wa Afurika, Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yatangaje...

Read moreDetails

Icyo Amakuru Avuga ku Ndege Itagira Umupilote Yasutse Impapuro Ziha Gasopo u Burundi

by Bahanda Bruce
March 4, 2026
0
Icyo Amakuru Avuga ku Ndege Itagira Umupilote Yasutse Impapuro Ziha Gasopo u Burundi

Icyo Amakuru Avuga ku Ndege Itagira Umupilote Yasutse Impapuro Ziha Gasopo u Burundi Mu gihe umwuka w’intambara ukomeje gufata indi ntera mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya...

Read moreDetails

U Rwanda Rwasubije Abayobozi ba RDC Bishimiye Ibihano Byafatiwe Bamwe mu Basirikare Barwo na Amerika

by Bahanda Bruce
March 3, 2026
0
U Rwanda Rwasubije Abayobozi ba RDC Bishimiye Ibihano Byafatiwe Bamwe mu Basirikare Barwo na Amerika

U Rwanda rwasubije abayobozi ba RDC bishimiye ibihano byafatiwe bamwe mu basirikare barwo na Amerika Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda, Yolande Makolo, yatangaje ko ibihano bifatirwa uruhande rumwe...

Read moreDetails

U Burundi mu Mwijima w’Imiyoborere: Aho Abaturage Bishyura Ibyo Batabona

by Bahanda Bruce
March 3, 2026
0
U Burundi mu Mwijima w’Imiyoborere: Aho Abaturage Bishyura Ibyo Batabona

U Burundi mu Mwijima w’Imiyoborere: Aho Abaturage Bishyura Ibyo Batabona Amakuru Minembwe Capital News dukesha inyandiko ya Pacifique Ninanahazwe, uhagarariye ishyirahamwe FECODE ritabariza Abarundi bari mu kaga, agaragaza...

Read moreDetails

RDC Yashimye Ibihano bya Amerika ku Ngabo z’u Rwanda

by Bahanda Bruce
March 3, 2026
0
RDC Yashimye Ibihano bya Amerika ku Ngabo z’u Rwanda

RDC Yashimye Ibihano bya Amerika ku Ngabo z’u Rwanda Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yatangaje ko yakiriye neza icyemezo cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika...

Read moreDetails
Next Post
Tshisekedi n’ingabo ze biyemeje gukora amateka, mu rugamba barimo na M23.

Tshisekedi n'ingabo ze biyemeje gukora amateka, mu rugamba barimo na M23.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?