• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, December 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Iby’igitero Abanyamulenge bagabweho n’uruhande rwa Leta, mu nkengero za komine ya Minembwe.

minebwenews by minebwenews
March 14, 2025
in Regional Politics
0
Iby’igitero Abanyamulenge bagabweho n’uruhande rwa Leta, mu nkengero za komine ya Minembwe.
101
SHARES
2.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Iby’igitero Abanyamulenge bagabweho n’uruhande rwa Leta, mu nkengero za komine ya Minembwe.

You might also like

Ibihugu Bikomeye ku Isi Byihanangirije M23 na RDF: Icyegeranyo Mpuzamahanga ku Mutekano wa RDC n’Impungenge ku Karere k’Ibiyaga Bigari

Perezida Ndayishimiye Yigeze Gutangaza ko “Uvira Nifatwa” Azatera u Rwanda, Ese U Burundi Bwinjiye mu Gice Gishya cy’Akaduruvayo ka Politiki n’Umutekano?

RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe

Uruhande rwa Leta rugizwe n’ingabo za FARDC, iz’u Burundi n’imitwe ya Wazalendo na FDLR, rwagabye ibitero ku Banyamulenge batuye mu majy’epfo ashyira uburengerazuba bwa komine ya Minembwe, ariko Twirwaneho irusubiza inyuma, nk’uko amakuru ava muri ibyo bice abivuga.

Ni ahagana isaha ya saa sita zija gushyira muri saa saba za manywa yo ku munsi w’ejo hashyize tariki ya 13/03/2025, ni bwo ihuriro ry’ingabo za Congo ryagabye ibitero mu mihana ituwe n’Abanyamulenge, ariko umutwe wa Twirwaneho urwanirira ukubaho kwabo ubisubiza inyuma.

Imihana yagabwemo ibyo bitero ni uwa Gipimo, uwa Kivumu n’uwa Mihanga.
Minembwe Capital News yamenye ko ibyo bitero byose, Twirwaneho yabisubije inyuma, ndetse ibifatiramo n’ibikoresho bya gisirikare, birimo imbunda nto n’ibindi bikoresho by’itumanaho.

Seti wavuganye natwe yavuze ko bakubise umwanzi, kandi ko ku ruhande rwabo rwa Twirwaneho byagenze neza.

Ati: “Ni amahoro ku ruhande rwacu. Nta muntu twatakaje nta n’uwakomeretse, ariko adui twaramucyanjinze, kandi yaratakaje. Ku Gipimo, Kivumu na Mihanga, aho uyu mwanzi yari yaduteye twaramukubise asubizwa inyuma.”

Uyu mwanzi wari wateye mu mihana ituwe n’Abanyamulenge, yayiteye aturutse mu misozi y’i Lulenge, muri secteur ya Lulenge muri teritware ya Fizi, ahasanzwe ari mundiri ya FDLR na Wazalendo ndetse n’ingabo za Leta ya Congo n’iz’u Burundi.

Kimwecyo, muri iki gitondo cyo kuri uyu wa gatanu tariki ya 14/03/2025, uyu mwanzi yongeye kugaragara mu bice bya Gipimo, aho bivugwa ko yaturutse za Kabanju. Ni mu gihe ari kugaragara mu marembo y’iki gice.

Seti yagize ati: “Bwa gica bwongeye kugaruka za Gipimo. Buri kugaragara hafi aho. Bwinutse za Kabanju.”

Mu cyumweru gishyize nabwo, iri huriro ry’ingabo zirwana ku ruhande rwa Leta ryagabye ibitero mu Mikenke ahari inkambi y’impunzi zavanywe mu byabo, ibindi bigabwa mu Bibogobogo, no muri ibi bice kandi byiriwemo imirwano ku munsi w’ejo hashyize.

Gusa, Twirwaneho byose yabashe ku bisubiza inyuma.
Kugeza ubu uyu mutwe uragenzura igice cyose cya Minembwe, Mikenke n’igice kitari gito cyo mu Cyohagati harimo Kamombo na Bijabo.

Tags: FardcIgiteroMinembweTwirwanehoWazalendo
Share40Tweet25Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ibihugu Bikomeye ku Isi Byihanangirije M23 na RDF: Icyegeranyo Mpuzamahanga ku Mutekano wa RDC n’Impungenge ku Karere k’Ibiyaga Bigari

by Bahanda Bruce
December 10, 2025
0
AFC/M23 Yiyemeje Gusana Igihugu: “Tugiye Kugarura Ubutware bwa Leta muri Congo Hose”

Ibihugu Bikomeye ku Isi Byihanangirije M23 na RDF: Icyegeranyo Mpuzamahanga ku Mutekano wa RDC n’Impungenge ku Karere k’Ibiyaga Bigari Leta Zunze Ubumwe za Amerika, u Bubiligi, u Bufaransa,...

Read moreDetails

Perezida Ndayishimiye Yigeze Gutangaza ko “Uvira Nifatwa” Azatera u Rwanda, Ese U Burundi Bwinjiye mu Gice Gishya cy’Akaduruvayo ka Politiki n’Umutekano?

by Bahanda Bruce
December 10, 2025
0
Amahoro nyayo ntashoboka FDLR igihari- Léonard Okitundu w’umunye-Kongo

Perezida Ndayishimiye Yigeze Gutangaza ko “Uvira Nifatwa” Azatera u Rwanda, Ese U Burundi Bwinjiye mu Gice Gishya cy’Akaduruvayo ka Politiki n’Umutekano? Perezida Évariste Ndayishimiye yagaragaje amagambo akomeye igihe...

Read moreDetails

RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe

RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe Intambara ikomeje mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo (RDC) ikomeje kugira ingaruka zikomeye...

Read moreDetails

U Burundi bwatangaje amagambo akakaye ku bitero buvuga ko bwagabweho n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
Perezida w’u Burundi agiye gufatanya na Kigali na Kinshasa mu rugendo rw’amahoro i Washington

U Burundi bwatangaje amagambo akakaye ku bitero buvuga ko bwagabweho n’u Rwanda Leta y’u Burundi yatangaje ko u Rwanda rukomeje ibikorwa busobanura nk’iby’urugomo no guhungabanya umutekano” ku mupaka...

Read moreDetails

Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri

by Bahanda Bruce
December 6, 2025
0
Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri

Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri Amakuru mashya aturuka mu Burundi akomeje kugaragaza urugendo rutavugwaho rumwe rw’imodoka...

Read moreDetails
Next Post
Hamenyekanye icyo Bitakwira witezwe i Uvira yaje ahetse.

Hamenyekanye icyo Bitakwira witezwe i Uvira yaje ahetse.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?