• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, October 25, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Iby’igitero Abanyamulenge bagabweho n’uruhande rwa Leta, mu nkengero za komine ya Minembwe.

minebwenews by minebwenews
March 14, 2025
in Regional Politics
0
Iby’igitero Abanyamulenge bagabweho n’uruhande rwa Leta, mu nkengero za komine ya Minembwe.
101
SHARES
2.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Iby’igitero Abanyamulenge bagabweho n’uruhande rwa Leta, mu nkengero za komine ya Minembwe.

You might also like

Hon. Nyarugabo ashyize ukuri hanze ku by’i ngabo z’u Burundi zikorera i Mulenge, ananenga n’amahanga arebera iyicarubuzo zikorera Abanyamulenge

Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye “guhangana aho gusabiriza”

Igihano gitangaje cya hanishijwe abasirikare b’u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC

Uruhande rwa Leta rugizwe n’ingabo za FARDC, iz’u Burundi n’imitwe ya Wazalendo na FDLR, rwagabye ibitero ku Banyamulenge batuye mu majy’epfo ashyira uburengerazuba bwa komine ya Minembwe, ariko Twirwaneho irusubiza inyuma, nk’uko amakuru ava muri ibyo bice abivuga.

Ni ahagana isaha ya saa sita zija gushyira muri saa saba za manywa yo ku munsi w’ejo hashyize tariki ya 13/03/2025, ni bwo ihuriro ry’ingabo za Congo ryagabye ibitero mu mihana ituwe n’Abanyamulenge, ariko umutwe wa Twirwaneho urwanirira ukubaho kwabo ubisubiza inyuma.

Imihana yagabwemo ibyo bitero ni uwa Gipimo, uwa Kivumu n’uwa Mihanga.
Minembwe Capital News yamenye ko ibyo bitero byose, Twirwaneho yabisubije inyuma, ndetse ibifatiramo n’ibikoresho bya gisirikare, birimo imbunda nto n’ibindi bikoresho by’itumanaho.

Seti wavuganye natwe yavuze ko bakubise umwanzi, kandi ko ku ruhande rwabo rwa Twirwaneho byagenze neza.

Ati: “Ni amahoro ku ruhande rwacu. Nta muntu twatakaje nta n’uwakomeretse, ariko adui twaramucyanjinze, kandi yaratakaje. Ku Gipimo, Kivumu na Mihanga, aho uyu mwanzi yari yaduteye twaramukubise asubizwa inyuma.”

Uyu mwanzi wari wateye mu mihana ituwe n’Abanyamulenge, yayiteye aturutse mu misozi y’i Lulenge, muri secteur ya Lulenge muri teritware ya Fizi, ahasanzwe ari mundiri ya FDLR na Wazalendo ndetse n’ingabo za Leta ya Congo n’iz’u Burundi.

Kimwecyo, muri iki gitondo cyo kuri uyu wa gatanu tariki ya 14/03/2025, uyu mwanzi yongeye kugaragara mu bice bya Gipimo, aho bivugwa ko yaturutse za Kabanju. Ni mu gihe ari kugaragara mu marembo y’iki gice.

Seti yagize ati: “Bwa gica bwongeye kugaruka za Gipimo. Buri kugaragara hafi aho. Bwinutse za Kabanju.”

Mu cyumweru gishyize nabwo, iri huriro ry’ingabo zirwana ku ruhande rwa Leta ryagabye ibitero mu Mikenke ahari inkambi y’impunzi zavanywe mu byabo, ibindi bigabwa mu Bibogobogo, no muri ibi bice kandi byiriwemo imirwano ku munsi w’ejo hashyize.

Gusa, Twirwaneho byose yabashe ku bisubiza inyuma.
Kugeza ubu uyu mutwe uragenzura igice cyose cya Minembwe, Mikenke n’igice kitari gito cyo mu Cyohagati harimo Kamombo na Bijabo.

Tags: FardcIgiteroMinembweTwirwanehoWazalendo
Share40Tweet25Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Hon. Nyarugabo ashyize ukuri hanze ku by’i ngabo z’u Burundi zikorera i Mulenge, ananenga n’amahanga arebera iyicarubuzo zikorera Abanyamulenge

by Bahanda Bruce
October 25, 2025
1
Hon. Nyarugabo ashyize ukuri hanze ku by’i ngabo z’u Burundi zikorera i Mulenge, ananenga n’amahanga arebera iyicarubuzo zikorera Abanyamulenge

Hon. Nyarugabo ashyize ukuri hanze ku by'i ngabo z'u Burundi zikorera i Mulenge, ananenga n'amahanga arebera iyicarubuzo zikorera Abanyamulenge Me.Moise Nyarugabo uzwi cyane muri politiki ya Repubulika ya...

Read moreDetails

Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye “guhangana aho gusabiriza”

by Bahanda Bruce
October 25, 2025
0
Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye “guhangana aho gusabiriza”

Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye "guhangana aho gusabiriza" Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yabwiye Abanyarwanda ko mu bibabazo igihugu cyabo gifite...

Read moreDetails

Igihano gitangaje cya hanishijwe abasirikare b’u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC

by Bahanda Bruce
October 25, 2025
0
Igihano gitangaje cya hanishijwe abasirikare b’u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC

Igihano gitangaje cyahanishijwe abasirikare b'u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC Abasirikare b'u Burundi bahanishijwe kuzenguruka u Burundi n'amaguru nyuma y'uko bishyuzaga umushara barwaniye muri Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye

by Bahanda Bruce
October 24, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye Ihuriro rya Allience Fleuve Congo, AFC /M23 ryavuze ko amakuru avuga ko yagiranye ibiganiro na perezida w'u Burundi, Evariste...

Read moreDetails

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC U Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo, byongeye guhurira i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe z'Amerika, mu...

Read moreDetails
Next Post
Hamenyekanye icyo Bitakwira witezwe i Uvira yaje ahetse.

Hamenyekanye icyo Bitakwira witezwe i Uvira yaje ahetse.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Manage options Manage services Manage {vendor_count} vendors Read more about these purposes
View preferences
{title} {title} {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?