• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, June 10, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Hamenyekanye icyo Bitakwira witezwe i Uvira yaje ahetse.

minebwenews by minebwenews
March 14, 2025
in Regional Politics
0
Hamenyekanye icyo Bitakwira witezwe i Uvira yaje ahetse.
122
SHARES
3.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Hamenyekanye icyo Bitakwira witezwe i Uvira yaje ahetse.

You might also like

INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari

RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubuyobozi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa

Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo

Uwahoze ari umudepite muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, Justin Bitakwira Bihona, izwiho urwango ku bwoko bw’Abatutsi b’Abanye-Congo, akaba ari we uhagarariye Wazalendo mu Burasizuba bw’iki gihugu, ategerejwe i Uvira, aho bivugwa ko azaniye Wazalendo amafaranga n’ibikoresho bya gisirikare, kugira ngo bakomeje intambara kuri m23 i Bukavu n’ahandi, nk’uko amasoko yacu atandukanye abivuga.

Mu cyumweru gishyize, nibwo ubutegetsi bw’i Kinshasa bwatangaje ku mugaragaro ko ibiro by’i ntara ya Kivu y’Epfo byimuriwe i Uvira, ni nyuma y’aho m23 yari yafashe umujyi wa Bukavu ufatwa nk’umurwa mukuru w’iyi ntara ya Kivu y’Amajyepfo.

Hagize iminsi bivugwa ko i Uvira umutekano w’abaturage baho utifashe neza, cyane cyane ku bavuga ururimi rw’ikinyarwanda, ndetse aba baturage kuva mu mazu biracyari ingorabahizi, kuko Wazalendo bareba iki gice bagiye baha abana bato intwaro izo bagiye bambura abasirikare ba Fardc bahunze m23 i Bukavu na Kamanyola. Bigatuma bazikoresha nabi mukugirira abaturage nabi, kubica no kubanyaga.

Ikindi nuko umutekano muke waha uva kukuba, Wazalendo bagenzura iki gice cya Uvira badahabwa imishahara, ndetse bikavugwa ko bavuga ko batazakomeza imirwano mu gihe badahabwa ibihembo, ariko FARDC bashinja guta ibirindiro byayo ikabihabwa bya buri kwezi.

Muri ubwo buryo, amakuru twahawe kuri Minembwe Capital News, avuga ko uyu munsi i Uvira, Bitakwira ari buhagere, kandi ko aza azaniye Wazalendo ibikoresho bya gisirikare birimo imbunda ziremereye n’izito n’amafranga, nubwo tutabashe kumenya umubare wayo.

Ikiza gukurikiraho, nyuma y’aho Wazalendo bazaba bamaze kubona ibyo bikoresho byagisirikare n’amafranga, barahita batangira kurwanya m23 bahereye i Kamanyola.

Umuturage w’ib’ Uvira utashatse ko amazina ye aja hanze wo mu bwoko bw’Abapfulero, yatubwiye ko Wazalendo bagiye kurwana, kandi ko bazaniwe ibikoresho bya gisirikare.

Yagize ati: “Hano i Uvira, Wazalendo barakira Bitakwira uyu munsi. Bamutegerejemo ifaranga n’imbunda n’amasasu. Nyuma barahita batera i Kamanyola bazakomeze ni Bukavu.”

Aya makuru avuga ko Bitakwira ari bugere muri iki gice aturutse i Kalemi, nyuma yuko avuye i Kinshasa akerekeza i Lubumbashi ni Kalemi.

Ati: “Yavuye i Kinshasa, anyura i Lubumbashi, nyuma abona kuja i Kalemi. Ubu yerekeje hano i Uvira ni bateau.”

Ibyo bibaye mu gihe Leta y’i Kinshasa yemeye kuganira n’umutwe wa m23, mu rwego rwo gushaka igisubizo kirambye cy’u mutekano muke mu Burasizuba bw’iki gihugu.
Ibyo m23 ivuga ko iyi Leta yabyemeye kubwimbaraga zayo kuko yakomeje kubihata. Ariko mu gihe uruhande rurwanirira iyi Leta rwakomeza imirwano ibyo biganiro byaba ari andi mayeri Kinshasa yaba igiye gukoresha.

Gusa, Angola umuhuza wa m23 na Leta y’i Kinshasa yatangaje ko ibyo biganiro bizabera i Luanda, kandi ko bizaba tariki ya 18/03/2025.

Tags: BitakwiraimbundaUviraWazalendo
Share49Tweet31Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari

by Bahanda Bruce
June 9, 2026
0
INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari

INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari MINEMBWE CAPITAL NEWS Mu gihe...

Read moreDetails

RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubuyobozi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa

by Bahanda Bruce
June 8, 2026
0
RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubuyobozi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa

RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubutegetsi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa Mu gihe umutwe wa Rwanda National Congress (RNC), washinzwe n’abarwanya ubutegetsi bw’u Rwanda bari...

Read moreDetails

Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo

by Bahanda Bruce
June 8, 2026
0
Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo

Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yongeye guteza impaka mu ruhando rwa politiki...

Read moreDetails

Le Rwanda Réaffirme Ses Attentes dans le Cadre de l’Accord de Washington avec la RDC

by Bahanda Bruce
June 6, 2026
0
U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC

Le Rwanda Réaffirme Ses Attentes dans le Cadre de l’Accord de Washington avec la RDC Le Gouvernement du Rwanda a publié un communiqué important en réponse aux déclarations...

Read moreDetails

U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC

by Bahanda Bruce
June 6, 2026
0
U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC

U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC Guverinoma y’u Rwanda yasohoye itangazo rikomeye risubiza ku magambo yatangajwe n’Umunyamabanga wa Leta Zunze...

Read moreDetails
Next Post
Ingabo z’u Burundi zakijijwe n’amaguru zihunga m23 i Kaziba.

Imwe mu batayo y'ingabo z'u Burundi ngo yaba yarazimye yose mu mirwano na m23, ibirambuye kuri iyi nkuru.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?