• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, December 3, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ibyo wa menya kubirimo kuvugwa i Kisangani.

minebwenews by minebwenews
April 2, 2025
in Regional Politics
0
Ibyo wa menya kubirimo kuvugwa i Kisangani.
104
SHARES
2.6k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibyo wa menya kubirimo kuvugwa i Kisangani.

You might also like

Perezida Kagame na Tshisekedi bagiye gusinya amasezerano akomeye ashobora guhindura isura y’umutekano mu Karere k’Ibiyaga Bigari

Perezida w’u Burundi agiye gufatanya na Kigali na Kinshasa mu rugendo rw’amahoro i Washington

Gen (Rtd) James Kabarebe Yahawe Inshingano Nshya mu Biro bya Perezida wa Repubulika

Umujyi wa Kisangani wo mu ntara ya Tshopo usanzwe ari uwa gatatu ku bunini muri Congo nyuma y’uwa Kinshasa umurwa mukuru w’iki gihugu n’uwa Lubumbashi wo mu cyahoze ari Katanga, uravugwamo Ingabo z’Ababiligi n’abasirikare benshi b’utujoriti (abakomerekeye ku rugamba) ba FARDC.

Nk’uko aya makuru dukesha abaturiye i Kisangani abivuga, agaragaza ko muri icyo gice kirimo abasirikare b’Ababiligi n’abasirikare benshi bakomerekeye ku rugamba mu ruhande rwa RDC. Bamwe muri abo basirikare bakomerekeye mu ntambara zaberaga muri Kivu y’Amajyepfo n’iya Ruguru, nk’i Goma n’i Bukavu n’ahandi.

Aya makuru agasobanura ko izi ngabo z’Ababiligi zageze muri iki gice mu byumweru bibiri bishyize, aho zaje zifite intego zibiri iyo kurinda ikibuga cy’indege cyaho cya Bangoka, ndetse no gutoza abasirikare ba FARDC kurwana.

Aya makuru agira ati: “Abasirikare b’Ababiligi barahari. Baraha i Kisangani. Baje gutanga amafunzo ku basirikare no gucunga ikibuga cy’indege cya Bangoka (Aéroport de Bangoka).

Ni amakuru avuga kandi ko muri iki gice cya Kisangani, umwanya uwo ari wo wose, gishobora kugwa mu maboko y’abarwanyi ba m23 ngo kuko abasirikare benshi ba FARDC bakirimo ari utujoriti.

Cyobikoze, aya makuru akomeza avuga ko m23 igihanganiye n’ingabo za Leta mu birometero 430 uvuye mu mujyi wa Kisangani werekeza i Walikale. Bivuze ko intambara ikiri kure n’uyu mujyi.

Ariko ngo mu gihe uyu mutwe wa m23 woramuka ufashe umujyi muto wa Lubutu, ngo nta gushidikanya ingabo za Congo ziri i Kisangani zahita zikuramo akabo karenge. Ubundi uyu mujyi ukigarurirwa n’aba barwanyi bo muri m23.

Kisangani usibye kuba ari umujyi wa gatatu ku bunini muri Congo, ni na wo urimo ibirindiro bikuru bya zone ya gatatu y’ingabo za FARDC ikuriwe na Lt.Gen. Pacifique Masunzu uwo benewabo bashinja kwihakirizwa kuri leta y’i Kinshasa akabica no kubagambanira.

Mu minsi mike ishize indege za drones zavaga aha i Kisangani zigatera ibisasu mu mihana ituwe n’Abanyamulenge mu Minembwe, hari nubwo yabiteye ku kibuga cy’indege cya Minembwe biracyangiriza kubi.

Mu gihe rero, iki gice cyoja mu maboko y’abarwanyi ba m23 Abanyamulenge bobishimira Imana, kuko Kisangani iri mumateka atazatuma bayibagirwa nyuma y’aho ivuyemo igitero kigasiga gihitanye ubuzima bwa General Makanika Intwari y’i Mulenge.

Tags: AbabiligiFardcKisanganiM23Utujoliti
Share42Tweet26Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Perezida Kagame na Tshisekedi bagiye gusinya amasezerano akomeye ashobora guhindura isura y’umutekano mu Karere k’Ibiyaga Bigari

by Bahanda Bruce
December 3, 2025
0
Perezida Kagame na Tshisekedi bagiye gusinya amasezerano akomeye ashobora guhindura isura y’umutekano mu Karere k’Ibiyaga Bigari

Perezida Kagame na Tshisekedi bagiye gusinya amasezerano akomeye ashobora guhindura isura y’umutekano mu Karere k’Ibiyaga Bigari Perezida Félix Tshisekedi wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo na Perezida Paul...

Read moreDetails

Perezida w’u Burundi agiye gufatanya na Kigali na Kinshasa mu rugendo rw’amahoro i Washington

by Bahanda Bruce
December 2, 2025
0
Perezida w’u Burundi agiye gufatanya na Kigali na Kinshasa mu rugendo rw’amahoro i Washington

Perezida w’u Burundi agiye gufatanya na Kigali na Kinshasa mu rugendo rw’amahoro i Washington Perezida w’u Burundi yatangaje ko agiye kugirira uruzinduko muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika,...

Read moreDetails

Gen (Rtd) James Kabarebe Yahawe Inshingano Nshya mu Biro bya Perezida wa Repubulika

by Bahanda Bruce
December 2, 2025
0
Gen (Rtd) James Kabarebe Yahawe Inshingano Nshya mu Biro bya Perezida wa Repubulika

Gen (Rtd) James Kabarebe Yahawe Inshingano Nshya mu Biro bya Perezida wa Repubulika Perezida Paul Kagame yakoze impinduka muri Guverinoma, ashyiraho abayobozi bashya mu myanya itandukanye, zirimo izasize...

Read moreDetails

Corneille Nangaa: Birashoboka ko nzaba Perezida wa RDC, niba igihugu kibikeneye

by Bahanda Bruce
December 2, 2025
0
Corneille Nangaa: Birashoboka ko nzaba Perezida wa RDC, niba igihugu kibikeneye

Corneille Nangaa: Birashoboka ko nzaba Perezida wa RDC, niba igihugu kibikeneye Umuyobozi w’ihuriro AFC/M23, Corneille Nangaa, yatangaje ko adateze gutinya inshingano zo kuba Perezida wa Repubulika ya Demokarasi...

Read moreDetails

Ndayishimiye Yongeye Kwibasira Perezida Kagame, Amushinja Gukoresha Impunzi z’Abarundi mu Nyungu za M23

by Bahanda Bruce
December 1, 2025
0
Ndayishimiye Yongeye Kwibasira Perezida Kagame, Amushinja Gukoresha Impunzi z’Abarundi mu Nyungu za M23

Ndayishimiye Yongeye Kwibasira Perezida Kagame, Amushinja Gukoresha Impunzi z’Abarundi mu Nyungu za M23 Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yongeye kunenga bikomeye mugenzi we w’u Rwanda, Paul Kagame, amushinja...

Read moreDetails
Next Post
What you should know about what is being said in Kisangani.

What you should know about what is being said in Kisangani.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?