Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ibyo wa menya kubirimo kuvugwa i Kisangani.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
April 2, 2025
in Regional Politics
0
Ibyo wa menya kubirimo kuvugwa i Kisangani.
104
SHARES
2.6k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibyo wa menya kubirimo kuvugwa i Kisangani.

You might also like

Byakaze, UPDF yacyanye umubano wayo n’u Budage.

U Rwanda rudaciye ku ruhande rwasubije RDC iheruka kuvuga kuri FDLR.

Yasabye ko FDLR na Wazalendo bisenywa burundu.

Umujyi wa Kisangani wo mu ntara ya Tshopo usanzwe ari uwa gatatu ku bunini muri Congo nyuma y’uwa Kinshasa umurwa mukuru w’iki gihugu n’uwa Lubumbashi wo mu cyahoze ari Katanga, uravugwamo Ingabo z’Ababiligi n’abasirikare benshi b’utujoriti (abakomerekeye ku rugamba) ba FARDC.

Nk’uko aya makuru dukesha abaturiye i Kisangani abivuga, agaragaza ko muri icyo gice kirimo abasirikare b’Ababiligi n’abasirikare benshi bakomerekeye ku rugamba mu ruhande rwa RDC. Bamwe muri abo basirikare bakomerekeye mu ntambara zaberaga muri Kivu y’Amajyepfo n’iya Ruguru, nk’i Goma n’i Bukavu n’ahandi.

Aya makuru agasobanura ko izi ngabo z’Ababiligi zageze muri iki gice mu byumweru bibiri bishyize, aho zaje zifite intego zibiri iyo kurinda ikibuga cy’indege cyaho cya Bangoka, ndetse no gutoza abasirikare ba FARDC kurwana.

Aya makuru agira ati: “Abasirikare b’Ababiligi barahari. Baraha i Kisangani. Baje gutanga amafunzo ku basirikare no gucunga ikibuga cy’indege cya Bangoka (Aéroport de Bangoka).

Ni amakuru avuga kandi ko muri iki gice cya Kisangani, umwanya uwo ari wo wose, gishobora kugwa mu maboko y’abarwanyi ba m23 ngo kuko abasirikare benshi ba FARDC bakirimo ari utujoriti.

Cyobikoze, aya makuru akomeza avuga ko m23 igihanganiye n’ingabo za Leta mu birometero 430 uvuye mu mujyi wa Kisangani werekeza i Walikale. Bivuze ko intambara ikiri kure n’uyu mujyi.

Ariko ngo mu gihe uyu mutwe wa m23 woramuka ufashe umujyi muto wa Lubutu, ngo nta gushidikanya ingabo za Congo ziri i Kisangani zahita zikuramo akabo karenge. Ubundi uyu mujyi ukigarurirwa n’aba barwanyi bo muri m23.

Kisangani usibye kuba ari umujyi wa gatatu ku bunini muri Congo, ni na wo urimo ibirindiro bikuru bya zone ya gatatu y’ingabo za FARDC ikuriwe na Lt.Gen. Pacifique Masunzu uwo benewabo bashinja kwihakirizwa kuri leta y’i Kinshasa akabica no kubagambanira.

Mu minsi mike ishize indege za drones zavaga aha i Kisangani zigatera ibisasu mu mihana ituwe n’Abanyamulenge mu Minembwe, hari nubwo yabiteye ku kibuga cy’indege cya Minembwe biracyangiriza kubi.

Mu gihe rero, iki gice cyoja mu maboko y’abarwanyi ba m23 Abanyamulenge bobishimira Imana, kuko Kisangani iri mumateka atazatuma bayibagirwa nyuma y’aho ivuyemo igitero kigasiga gihitanye ubuzima bwa General Makanika Intwari y’i Mulenge.

Tags: AbabiligiFardcKisanganiM23Utujoliti
Share42Tweet26Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Byakaze, UPDF yacyanye umubano wayo n’u Budage.

by Bruce Bahanda
May 25, 2025
0
Byakaze, UPDF yacyanye umubano wayo n’u Budage.

Byakaze, UPDF yacyanye umubano wayo n'u Budage. Igisirikare cya Uganda kizwi nka UPDF cyahagaritse umubano wacyo n'u Budage, nyuma yo kubushinja gukorana n'imitwe y'inyeshyamba irwanya iki gihugu. Ni...

Read moreDetails

U Rwanda rudaciye ku ruhande rwasubije RDC iheruka kuvuga kuri FDLR.

by Bruce Bahanda
May 25, 2025
0
Auto Draft

U Rwanda rudaciye ku ruhande rwasubije RDC iheruka kuvuga kuri FDLR. U Rwanda rubinyujije kuri minisitiri warwo w'ubanye n'amahanga, Olivier Nduhungurehe, yatangaje ko bitangaje kubona guverinoma ya Kinshasa...

Read moreDetails

Yasabye ko FDLR na Wazalendo bisenywa burundu.

by Bruce Bahanda
May 24, 2025
0
Yasabye ko FDLR na Wazalendo bisenywa burundu.

Yasabye ko FDLR na Wazalendo bisenywa burundu. Joseph Kabila Kabange wahoze ari perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, aza kubusigira Felix Tshisekedi, yamusabye ko asenya umutwe w'iterabwoba...

Read moreDetails

Kabila yashinje Tshisekedi kugendera kubihuha anavuga icyo agiye gukora byihuse.

by Bruce Bahanda
May 24, 2025
0
Sena ya RDC yafashe umwanzuro ukakaye kuri Kabila.

Kabila yashinje Tshisekedi kugendera kubihuha anavuga icyo agiye gukora byihuse. Joseph Kabila wabaye perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo yashinje Tshisekedi wa musimbuye kuri uwo mwanya kuba...

Read moreDetails

Intwaro zikorerwa mu Rwanda zatangiye kubona isoko.

by Bruce Bahanda
May 22, 2025
0
Intwaro zikorerwa mu Rwanda zatangiye kubona isoko.

Intwaro zikorerwa mu Rwanda zatangiye kubona isoko. Nyuma y'aho u Rwanda rumuritse bwa mbere mu nama mpuzamahanga y'umutekano iheruka kubera i Kigali intwaro zarwo zirukorerwamo bigatungura ibihugu byinshi,...

Read moreDetails
Next Post
What you should know about what is being said in Kisangani.

What you should know about what is being said in Kisangani.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?