• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, September 14, 2026
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
  • Login
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ibyo wa menya kubirimo kuvugwa i Kisangani.

minebwenews by minebwenews
April 2, 2025
in Regional Politics
0
Ibyo wa menya kubirimo kuvugwa i Kisangani.
104
SHARES
2.6k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibyo wa menya kubirimo kuvugwa i Kisangani.

Umujyi wa Kisangani wo mu ntara ya Tshopo usanzwe ari uwa gatatu ku bunini muri Congo nyuma y’uwa Kinshasa umurwa mukuru w’iki gihugu n’uwa Lubumbashi wo mu cyahoze ari Katanga, uravugwamo Ingabo z’Ababiligi n’abasirikare benshi b’utujoriti (abakomerekeye ku rugamba) ba FARDC.

READ ALSO

Bujumbura Mu Rujijo: Pasiteri Isidori Mbayahaga Ari Kubazwa n’Inzego z’Iperereza

Rwanda–Burundi: Amagambo Akomeye ya Nduhungirehe Asubiza Bizimana ku Kibazo cya FDLR

Nk’uko aya makuru dukesha abaturiye i Kisangani abivuga, agaragaza ko muri icyo gice kirimo abasirikare b’Ababiligi n’abasirikare benshi bakomerekeye ku rugamba mu ruhande rwa RDC. Bamwe muri abo basirikare bakomerekeye mu ntambara zaberaga muri Kivu y’Amajyepfo n’iya Ruguru, nk’i Goma n’i Bukavu n’ahandi.

Aya makuru agasobanura ko izi ngabo z’Ababiligi zageze muri iki gice mu byumweru bibiri bishyize, aho zaje zifite intego zibiri iyo kurinda ikibuga cy’indege cyaho cya Bangoka, ndetse no gutoza abasirikare ba FARDC kurwana.

Aya makuru agira ati: “Abasirikare b’Ababiligi barahari. Baraha i Kisangani. Baje gutanga amafunzo ku basirikare no gucunga ikibuga cy’indege cya Bangoka (Aéroport de Bangoka).

Ni amakuru avuga kandi ko muri iki gice cya Kisangani, umwanya uwo ari wo wose, gishobora kugwa mu maboko y’abarwanyi ba m23 ngo kuko abasirikare benshi ba FARDC bakirimo ari utujoriti.

Cyobikoze, aya makuru akomeza avuga ko m23 igihanganiye n’ingabo za Leta mu birometero 430 uvuye mu mujyi wa Kisangani werekeza i Walikale. Bivuze ko intambara ikiri kure n’uyu mujyi.

Ariko ngo mu gihe uyu mutwe wa m23 woramuka ufashe umujyi muto wa Lubutu, ngo nta gushidikanya ingabo za Congo ziri i Kisangani zahita zikuramo akabo karenge. Ubundi uyu mujyi ukigarurirwa n’aba barwanyi bo muri m23.

Kisangani usibye kuba ari umujyi wa gatatu ku bunini muri Congo, ni na wo urimo ibirindiro bikuru bya zone ya gatatu y’ingabo za FARDC ikuriwe na Lt.Gen. Pacifique Masunzu uwo benewabo bashinja kwihakirizwa kuri leta y’i Kinshasa akabica no kubagambanira.

Mu minsi mike ishize indege za drones zavaga aha i Kisangani zigatera ibisasu mu mihana ituwe n’Abanyamulenge mu Minembwe, hari nubwo yabiteye ku kibuga cy’indege cya Minembwe biracyangiriza kubi.

Mu gihe rero, iki gice cyoja mu maboko y’abarwanyi ba m23 Abanyamulenge bobishimira Imana, kuko Kisangani iri mumateka atazatuma bayibagirwa nyuma y’aho ivuyemo igitero kigasiga gihitanye ubuzima bwa General Makanika Intwari y’i Mulenge.

Tags: AbabiligiFardcKisanganiM23Utujoliti

Related Posts

Bujumbura Mu Rujijo: Pasiteri Isidori Mbayahaga Ari Kubazwa n’Inzego z’Iperereza
Regional Politics

Bujumbura Mu Rujijo: Pasiteri Isidori Mbayahaga Ari Kubazwa n’Inzego z’Iperereza

September 14, 2026
Rwanda–Burundi: Amagambo Akomeye ya Nduhungirehe Asubiza Bizimana ku Kibazo cya FDLR
Regional Politics

Rwanda–Burundi: Amagambo Akomeye ya Nduhungirehe Asubiza Bizimana ku Kibazo cya FDLR

September 14, 2026
Following the Arrest of Three Pastors, Another Munyamulenge Arrested in Bujumbura
Regional Politics

Following the Arrest of Three Pastors, Another Munyamulenge Arrested in Bujumbura

September 12, 2026
Nyuma y’Abapasitori Batatu, Undi Munyamulenge Yafashwe i Bujumbura
Regional Politics

Nyuma y’Abapasitori Batatu, Undi Munyamulenge Yafashwe i Bujumbura

September 12, 2026
Amayobera ku Ifatwa ry’Abapasitori Batatu b’Abanyamulenge mu Burundi: Pasitori Jelos Yafatiwe ku Kibuga cy’Indege
Regional Politics

Amayobera ku Ifatwa ry’Abapasitori Batatu b’Abanyamulenge mu Burundi: Pasitori Jelos Yafatiwe ku Kibuga cy’Indege

September 11, 2026
Rwanda–RDC: Ambasaderi Urujeni yashinje Kinshasa gukomeza gukorana na FDLR na Wazalendo, asaba gukemura ikibazo mu mizi
Regional Politics

Rwanda–RDC : L’ambassadrice Urujeni accuse Kinshasa de poursuivre sa coopération avec les FDLR et les Wazalendo et appelle à traiter le problème à la racine

September 10, 2026
Next Post
What you should know about what is being said in Kisangani.

What you should know about what is being said in Kisangani.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Conflict & Security Regional Politics Religion Shop & Explore sport & entertainment Uncategorized World News

RECENT POSTS

  • Inkongi Yahitanye Abanyeshuri i Bukavu: Nangaa n’Abayobozi ba AFC-M23 Bitabiriye Umuhango wo Kubasezeraho
  • Bujumbura Mu Rujijo: Pasiteri Isidori Mbayahaga Ari Kubazwa n’Inzego z’Iperereza
  • Sauvons la RDC Yamaganira Kure Gahunda y’Ibiganiro bya Tshisekedi
  • About Us
  • Home
  • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In
Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?