Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Ibyo wa menya kw’ihunga rya perezida Bashar Al-Assad wamaze kubona ubuhungiro mu Burusiya.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
December 8, 2024
in World News
0
Ibyo wa menya kw’ihunga rya perezida Bashar Al-Assad wamaze kubona ubuhungiro mu Burusiya.
84
SHARES
2.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibyo wa menya kw’ihunga rya perezida Bashar Al-Assad wamaze kubona ubuhungiro mu Burusiya.

You might also like

Ibihugu bikomeye byahagurukiye Israel kubera intambara irimo.

Ibyatangajwe na perezida wa Ukraine biratanga icyizere cyo kugera ku mahoro ya burundu muri iki gihugu.

USA: Ibyari amasezerano yo kugaragaza ukuri byabaye urujijo.

Perezida wa Syria, Bashar Al-Assad n’umuryango we bamaze kugera i Moscow ku murwa mukuru w’i Gihugu cy’u Burusiya, nyuma y’uko imitwe y’itwaje imbunda iyobowe na Tahir al-Sham(HTS) yamuhiritse ku butegetsi.

Ni amakuru yashyizwe hanze n’ibiro ntara makuru by’u Burusiya, TASS, byavuze ko Bashal Al-Assad yahawe ubuhungiro muri iki gihugu cy’u Burusiya.

Ibi byatangajwe kandi n’inyeshamba zo muri Syria ubwo zari zimaze gufata umurwa mukuru Damasiko zigahita zihirika ubutegetsi bwa Bashar Al-Assad.

Zivuga ko ubutegetsi bw’igitugu yari amazeho imyaka mirongo bwarangiye, kandi ko yamaze guhunga igihugu.

Iz’i nyeshamba zakomeje zivuga ko intambara muri iki gihugu yarimaze imyaka 13 nayo yarangiye.

Iz’inyeshamba za kiyisilamu zamaganye u Burusiya na Iran muri Syria n’akarere. Abo bakaba bari abafatanya bikorwa bashyigikiye Assad mu bihe bikomeye byo muri iyi ntambara.

Minisitiri w’intebe wa Israel Benjamin Netanyahu yavuze ko uburyo Israel yagiye ihasha Iran n’abarwanyi ba Hezbollah byagize uruhare runini mu ihirikwa ry’ubutegetsi bwa Bashar Al-Assad.

Hagati aho, ababonye ibyabaye muri Syria bavuze ko abantu babarirwa mu bihumbi bamwe bari mu mudoka abandi bagenzaga ibirenge bari mu murwa mukuru Damasiko bahuriye ku rubuga rwo mu mujyi rwagati bazamura amaboko batera hejuru mu majwi aranguruye bavuga ko babonye ukwishyira ukizana nyuma y’ubutegetsi bw’umuryango wa Bashar Al-Assad bwari bumaze imyaka irenga 20.

Hari abaturage bifotoreje muri perezidansi aho banagaragaye bikoreye bimwe mu bikoresho basanzemo.

Ikindi n’uko inyeshamba zahiritse ubutegetsi zahise zirekura imfungwa zari zifungiye muri gereza nkuru iri mu nkengero z’umurwa mukuru Damasiko. Izafunguwe zabarirwa mu bihumbi.

Tags: Bashar Al-AssadGuhirikaSyriaU BurusiyaUbutegetsi
Share34Tweet21Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Ibihugu bikomeye byahagurukiye Israel kubera intambara irimo.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibihugu bikomeye byahagurukiye Israel kubera intambara irimo.

Ibihugu bikomeye byahagurukiye Israel kubera intambara irimo. Ibihugu 25 byo ku isi, ahanini byo mu Burayi byahagurukiye gusaba Israel guhagarika intambara yashoye kuri Gaza. Bikubiye mu itangazo ibi...

Read moreDetails

Ibyatangajwe na perezida wa Ukraine biratanga icyizere cyo kugera ku mahoro ya burundu muri iki gihugu.

by Bruce Bahanda
July 20, 2025
0
Ibyatangajwe na perezida wa Ukraine biratanga icyizere cyo  kugera ku mahoro ya burundu muri iki gihugu.

Ukraine yagaragaje ko ishaka kongera kuganira n'u Burusiya. Leta ya Ukraine yatangaje ko ibiganiro hagati yayo n'u Burusiya ko ari yo nzira yonyine nziza ishobora kubaganisha ku mahoro...

Read moreDetails

USA: Ibyari amasezerano yo kugaragaza ukuri byabaye urujijo.

by Bruce Bahanda
July 18, 2025
0
Auto Draft

USA: Ibyari amasezerano yo kugaragaza ukuri byabaye urujijo. Perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika Donald Trump yari yarasezeranyije rubanda igihe cy'amatora ko azashyira ahagaragara amadosiye y'abantu bashinjwa ibyaha...

Read moreDetails

Ukraine igiye kurindwa bikomeye.

by Bruce Bahanda
July 17, 2025
0
Intambara muri Ukraine yahinduye isura.

Ukraine igiye kurindwa bikomeye. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zatangaje ko zigiye kurinda ikirere cya Ukraine, ivuga ko izakirindisha intwaro zikomeye. Byatangajwe na perezida Donald Trump, aho yabwiye itangazamakuru...

Read moreDetails

Israel yagabye ibitero bikomeye muri Syria.

by Bruce Bahanda
July 17, 2025
0
Israel yagabye ibitero bikomeye muri Syria.

Israel yagabye ibitero bikomeye muri Syria. Israel yakoze ibitero by'indege mu mujyi wa Damascus, umurwa mukuru w'igihugu cya Syria, ahanini byangiza inyubako zikomeye za gisirikare harimo na minisiteri...

Read moreDetails
Next Post
Trump watorewe kuzayobora U.S.A yasabye Ukraine n’u Burusiya guhagarika icyo yise “ubusazi.”

Trump watorewe kuzayobora U.S.A yasabye Ukraine n'u Burusiya guhagarika icyo yise "ubusazi."

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?