• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, February 10, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Ibyo wa menya kw’ihunga rya perezida Bashar Al-Assad wamaze kubona ubuhungiro mu Burusiya.

minebwenews by minebwenews
December 8, 2024
in World News
0
Ibyo wa menya kw’ihunga rya perezida Bashar Al-Assad wamaze kubona ubuhungiro mu Burusiya.
84
SHARES
2.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibyo wa menya kw’ihunga rya perezida Bashar Al-Assad wamaze kubona ubuhungiro mu Burusiya.

You might also like

Menya Byinshi ku Mwuka w’Intambara Wongeye Kuvuka Hagati ya Ethiopia na Eritrea

U Bushinwa bwaburiye Amerika, umwuka mubi urushaho gukara ku kibazo cya Taiwan

Saif Kadhafi Wabonwaga nk’Uzasimbura Se Ni Umuntu Ki?

Perezida wa Syria, Bashar Al-Assad n’umuryango we bamaze kugera i Moscow ku murwa mukuru w’i Gihugu cy’u Burusiya, nyuma y’uko imitwe y’itwaje imbunda iyobowe na Tahir al-Sham(HTS) yamuhiritse ku butegetsi.

Ni amakuru yashyizwe hanze n’ibiro ntara makuru by’u Burusiya, TASS, byavuze ko Bashal Al-Assad yahawe ubuhungiro muri iki gihugu cy’u Burusiya.

Ibi byatangajwe kandi n’inyeshamba zo muri Syria ubwo zari zimaze gufata umurwa mukuru Damasiko zigahita zihirika ubutegetsi bwa Bashar Al-Assad.

Zivuga ko ubutegetsi bw’igitugu yari amazeho imyaka mirongo bwarangiye, kandi ko yamaze guhunga igihugu.

Iz’i nyeshamba zakomeje zivuga ko intambara muri iki gihugu yarimaze imyaka 13 nayo yarangiye.

Iz’inyeshamba za kiyisilamu zamaganye u Burusiya na Iran muri Syria n’akarere. Abo bakaba bari abafatanya bikorwa bashyigikiye Assad mu bihe bikomeye byo muri iyi ntambara.

Minisitiri w’intebe wa Israel Benjamin Netanyahu yavuze ko uburyo Israel yagiye ihasha Iran n’abarwanyi ba Hezbollah byagize uruhare runini mu ihirikwa ry’ubutegetsi bwa Bashar Al-Assad.

Hagati aho, ababonye ibyabaye muri Syria bavuze ko abantu babarirwa mu bihumbi bamwe bari mu mudoka abandi bagenzaga ibirenge bari mu murwa mukuru Damasiko bahuriye ku rubuga rwo mu mujyi rwagati bazamura amaboko batera hejuru mu majwi aranguruye bavuga ko babonye ukwishyira ukizana nyuma y’ubutegetsi bw’umuryango wa Bashar Al-Assad bwari bumaze imyaka irenga 20.

Hari abaturage bifotoreje muri perezidansi aho banagaragaye bikoreye bimwe mu bikoresho basanzemo.

Ikindi n’uko inyeshamba zahiritse ubutegetsi zahise zirekura imfungwa zari zifungiye muri gereza nkuru iri mu nkengero z’umurwa mukuru Damasiko. Izafunguwe zabarirwa mu bihumbi.

Tags: Bashar Al-AssadGuhirikaSyriaU BurusiyaUbutegetsi
Share34Tweet21Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Menya Byinshi ku Mwuka w’Intambara Wongeye Kuvuka Hagati ya Ethiopia na Eritrea

by Bahanda Bruce
February 9, 2026
0
Menya Byinshi ku Mwuka w’Intambara Wongeye Kuvuka Hagati ya Ethiopia na Eritrea

Menya Byinshi ku Mwuka w’Intambara Wongeye Kuvuka Hagati ya Ethiopia na Eritrea Umubano wa politiki hagati ya Ethiopia na Eritrea wongeye kuzamo umwuka mubi ukomeye, nyuma y’uko ubutegetsi...

Read moreDetails

U Bushinwa bwaburiye Amerika, umwuka mubi urushaho gukara ku kibazo cya Taiwan

by Bahanda Bruce
February 5, 2026
0
U Bushinwa bwaburiye Amerika, umwuka mubi urushaho gukara ku kibazo cya Taiwan

U Bushinwa bwaburiye Amerika, umwuka mubi urushaho gukara ku kibazo cya Taiwan Ubutegetsi bw’u Bushinwa bwongeye kugaragaza impungenge zikomeye ku mubano uri hagati ya Leta Zunze Ubumwe za...

Read moreDetails

Saif Kadhafi Wabonwaga nk’Uzasimbura Se Ni Umuntu Ki?

by Bahanda Bruce
February 4, 2026
0
Saif Kadhafi Wabonwaga nk’Uzasimbura Se Ni Umuntu Ki?

Saif Kadhafi Wabonwaga nk’Uzasimbura Se Ni Umuntu Ki? Saif al-Islam Kadhafi, umuhungu wa kabiri wa Colonel Muammar Kadhafi mu bana 10, yari umuntu wari uzwi cyane mu muryango...

Read moreDetails

Israel Yagabye Igitero Gikaze muri Libani Nyuma yo Gutanga Impuruza

by Bahanda Bruce
February 4, 2026
0
Israel Yagabye Igitero Gikaze muri Libani Nyuma yo Gutanga Impuruza

Israel Yagabye Igitero Gikaze muri Libani Nyuma yo Gutanga Impuruza Mu gitondo cyo ku wa Mbere, ingabo za Israel zagabye ibitero bikomeye mu bice bitandukanye byo mu majyepfo...

Read moreDetails

Amerika Yemeje Ko Yahanuye Drone ya Irani

by Bahanda Bruce
February 4, 2026
0
Amerika Yemeje Ko Yahanuye Drone ya Irani

Amerika Yemeje Ko Yahanuye Drone ya Irani Igisirikare cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika cyatangaje ko cyahanuye indege nto y’intambara ya Irani itajyamo umupilote (drone), yari iri kugerageza...

Read moreDetails
Next Post
Trump watorewe kuzayobora U.S.A yasabye Ukraine n’u Burusiya guhagarika icyo yise “ubusazi.”

Trump watorewe kuzayobora U.S.A yasabye Ukraine n'u Burusiya guhagarika icyo yise "ubusazi."

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?