Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Ibyo wa menya kw’ihunga rya perezida Bashar Al-Assad wamaze kubona ubuhungiro mu Burusiya.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
December 8, 2024
in World News
0
Ibyo wa menya kw’ihunga rya perezida Bashar Al-Assad wamaze kubona ubuhungiro mu Burusiya.
84
SHARES
2.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibyo wa menya kw’ihunga rya perezida Bashar Al-Assad wamaze kubona ubuhungiro mu Burusiya.

You might also like

U Bubiligi bwisubiyeho ku cyemezo bwari bwafashe, umwe mu bayobozi b’u Rwanda ararushimira.

Trump yasinye itegeko ribuza abantu bava mu bihugu birenge 10 kutazinjira muri Amerika.

Igitero Ukraine iheruka kugaba mu Burusiya cy’amateka, havuzwe igihugu cya yifashije.

Perezida wa Syria, Bashar Al-Assad n’umuryango we bamaze kugera i Moscow ku murwa mukuru w’i Gihugu cy’u Burusiya, nyuma y’uko imitwe y’itwaje imbunda iyobowe na Tahir al-Sham(HTS) yamuhiritse ku butegetsi.

Ni amakuru yashyizwe hanze n’ibiro ntara makuru by’u Burusiya, TASS, byavuze ko Bashal Al-Assad yahawe ubuhungiro muri iki gihugu cy’u Burusiya.

Ibi byatangajwe kandi n’inyeshamba zo muri Syria ubwo zari zimaze gufata umurwa mukuru Damasiko zigahita zihirika ubutegetsi bwa Bashar Al-Assad.

Zivuga ko ubutegetsi bw’igitugu yari amazeho imyaka mirongo bwarangiye, kandi ko yamaze guhunga igihugu.

Iz’i nyeshamba zakomeje zivuga ko intambara muri iki gihugu yarimaze imyaka 13 nayo yarangiye.

Iz’inyeshamba za kiyisilamu zamaganye u Burusiya na Iran muri Syria n’akarere. Abo bakaba bari abafatanya bikorwa bashyigikiye Assad mu bihe bikomeye byo muri iyi ntambara.

Minisitiri w’intebe wa Israel Benjamin Netanyahu yavuze ko uburyo Israel yagiye ihasha Iran n’abarwanyi ba Hezbollah byagize uruhare runini mu ihirikwa ry’ubutegetsi bwa Bashar Al-Assad.

Hagati aho, ababonye ibyabaye muri Syria bavuze ko abantu babarirwa mu bihumbi bamwe bari mu mudoka abandi bagenzaga ibirenge bari mu murwa mukuru Damasiko bahuriye ku rubuga rwo mu mujyi rwagati bazamura amaboko batera hejuru mu majwi aranguruye bavuga ko babonye ukwishyira ukizana nyuma y’ubutegetsi bw’umuryango wa Bashar Al-Assad bwari bumaze imyaka irenga 20.

Hari abaturage bifotoreje muri perezidansi aho banagaragaye bikoreye bimwe mu bikoresho basanzemo.

Ikindi n’uko inyeshamba zahiritse ubutegetsi zahise zirekura imfungwa zari zifungiye muri gereza nkuru iri mu nkengero z’umurwa mukuru Damasiko. Izafunguwe zabarirwa mu bihumbi.

Tags: Bashar Al-AssadGuhirikaSyriaU BurusiyaUbutegetsi
Share34Tweet21Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Bubiligi bwisubiyeho ku cyemezo bwari bwafashe, umwe mu bayobozi b’u Rwanda ararushimira.

by Bruce Bahanda
June 5, 2025
0

U Bubiligi bwisubiyeho ku cyemezo bwari bwafashe, umwe mu bayobozi b'u Rwanda ararushimira. U Bubiligi bwemereye ishirahamwe ry'abakinyi bisiganwa ry'amagare kwitabira shampiyona (champion) y'isi iteganyijwe kubera i Kigali...

Read moreDetails

Trump yasinye itegeko ribuza abantu bava mu bihugu birenge 10 kutazinjira muri Amerika.

by Bruce Bahanda
June 5, 2025
0
Trump yasinye itegeko ribuza abantu bava mu bihugu birenge 10 kutazinjira muri Amerika.

Trump yasinye itegeko ribuza abantu bava mu bihugu birenge 10 kutazinjira muri Amerika. Umukuru w'igihugu cya Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump, yasinye itegeko ribuza abantu bava mu...

Read moreDetails

Igitero Ukraine iheruka kugaba mu Burusiya cy’amateka, havuzwe igihugu cya yifashije.

by Bruce Bahanda
June 5, 2025
0
Igitero Ukraine iheruka kugaba mu Burusiya cy’amateka, havuzwe igihugu cya yifashije.

Igitero Ukraine iheruka kugaba mu Burusiya cy'amateka, havuzwe igihugu cya yifashije. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zirashinjwa gufasha igisirikare cya Ukraine mu gitero karahabutaka giheruka kugaba ku butaka bw'u...

Read moreDetails

Hamenyekanye ibyo umuherwe Bill Gate agiye gufasha Afrika.

by Bruce Bahanda
June 3, 2025
0
Hamenyekanye ibyo umuherwe Bill Gate agiye gufasha Afrika.

Hamenyekanye ibyo umuherwe Bill Gate agiye gufasha Afrika. Umunyamerika w'umukire ku rwego rw'isi, Bill Gate, yatangaje ko agiye gutanga inkunga ya miliyari 200 z'amadolari y'Amerika mu bikorwa bigamije...

Read moreDetails

Ingabo za Ukraine zigambye gukora igitero karahabutaka ku butaka bw’u Burusiya.

by Bruce Bahanda
June 2, 2025
0
Ingabo za Ukraine zigambye gukora igitero karahabutaka ku butaka bw’u Burusiya.

Ingabo za Ukraine zigambye gukora igitero karahabutaka ku butaka bw'u Burusiya. Abasirikare badasanzwe ba Ukraine bakoresha indege zitagira abapilote zizwi nka drones zikoreshwa mu ntambara bakoze igitero cy'amateka...

Read moreDetails
Next Post
Trump watorewe kuzayobora U.S.A yasabye Ukraine n’u Burusiya guhagarika icyo yise “ubusazi.”

Trump watorewe kuzayobora U.S.A yasabye Ukraine n'u Burusiya guhagarika icyo yise "ubusazi."

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?