• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, February 10, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Shop & Explore

Icyo wamenya ku bwirakabiri bwuzuye bwabaye

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
September 7, 2025
in Shop & Explore
0
Icyo wamenya ku bwirakabiri bwuzuye bwabaye
91
SHARES
2.3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Icyo wamenya ku bwirakabiri bwuzuye bwabaye

You might also like

Inkuba, Ubumenyi n’Umuco, Isomo Rikomeye ku Buzima bw’Uwakubiswe n’Inkuba

Leta ya U.S. Virgin Islands Yareze Meta Iyishinja Kungukira mu Kwamamaza Ubwambuzi no Kunanirwa Kurinda Abana

Uhuru Group Ltd: Inararibonye mu Kubaka Amazu agezweho, Ifasha Abashoramari bo muri RDC, mu Rwanda no mu Karere

Hirya no hino ku isi babonye ubwirakabiri bw’ukwezi bwabaye kandi bukaba bwari bwuzuye, ibyo bita “tatal lunar).

Ubu bwirakabiri bw’ukwezi bwabaye ku mugoroba wo kuri iki cyumweru tariki ya 07/09/2025.

Bivugwa ko byagaragaye mu bihugu byinshi byo muri Africa, mu Burayi no muri Aziya.

Igihe bavuga ko habaye ubwirakabiri bw’ukwezi bw’uzuye, bivuze ko ukwezi kuba kwanyuze inyuma y’isi kugakingirizwa na yo, bityo urumuri ruva ku zuba ntirugere ku kwezi, kukagera igihe guhinduka umutuku ndetse hari n’ubwo kuba umukara kubera ko hari imirasire y’izuba iba igera ku kwezi ivuye ku isi.

Bivugwa ko uko gutukura ni ho haturutse iryo zina ry’ubwirakabiri bw’ukwezi kw’amaraso.

Ariko nyamara ibyo ntibikunze kubaho, biba igihe isi n’ukwezi biri ku murongo umwe cyangwa igihe byegeranye cyane ariko isi ikaba ari yo iri hagati.

Abahanga bavuga ku ubwirakabiri bw’ukwezi bw’uzuye bushobora kugaragara mu kirere kuva ku minota icumi kugera ku masaha hafi abiri. Igihe bimara bitegwa n’aho isi, izuba n’ukwezi bigeze.

Tags: UbwirakabiriUkwezi
Share36Tweet23Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

Inkuba, Ubumenyi n’Umuco, Isomo Rikomeye ku Buzima bw’Uwakubiswe n’Inkuba

by Bahanda Bruce
January 6, 2026
0
Inkuba, Ubumenyi n’Umuco, Isomo Rikomeye ku Buzima bw’Uwakubiswe n’Inkuba

Inkuba, Ubumenyi n'Umuco, Isomo Rikomeye ku Buzima bw'Uwakubiswe n'Inkuba Mu gace ka Jarama, mu Burasirazuba bw’u Rwanda, haravugwa inkuru yihishemo agahinda gakomeye, aho inkuba yakubise abantu icyenda, bamwe...

Read moreDetails

Leta ya U.S. Virgin Islands Yareze Meta Iyishinja Kungukira mu Kwamamaza Ubwambuzi no Kunanirwa Kurinda Abana

by Bahanda Bruce
December 30, 2025
0
Leta ya U.S. Virgin Islands Yareze Meta Iyishinja Kungukira mu Kwamamaza Ubwambuzi no Kunanirwa Kurinda Abana

Leta ya U.S. Virgin Islands Yareze Meta Iyishinja Kungukira mu Kwamamaza Ubwambuzi no Kunanirwa Kurinda Abana Umushinjacyaha Mukuru wa Leta ya U.S. Virgin Islands yatanze ikirego mu nkiko...

Read moreDetails

Uhuru Group Ltd: Inararibonye mu Kubaka Amazu agezweho, Ifasha Abashoramari bo muri RDC, mu Rwanda no mu Karere

by Bahanda Bruce
December 30, 2025
0
Uhuru Group Ltd: Inararibonye mu Kubaka Amazu agezweho, Ifasha Abashoramari bo muri RDC, mu Rwanda no mu Karere

Uhuru Group Ltd: Inararibonye mu Kubaka Amazu agezweho, Ifasha Abashoramari bo muri RDC, mu Rwanda no mu Karere Uhuru Group Ltd ni sosiyete yigenga izobereye mu gushushanya no...

Read moreDetails

Shoferi Kizehe Atanga Serivisi Zizewe zo Gutwara Abagenzi Hagati ya Nakivale na Mbarara

by Bahanda Bruce
December 27, 2025
0
Shoferi Kizehe Atanga Serivisi Zizewe zo Gutwara Abagenzi Hagati ya Nakivale na Mbarara

Shoferi Kizehe Atanga Serivisi Zizewe zo Gutwara Abagenzi Hagati ya Nakivale na Mbarara Umushoferi w’umwuga, Patron Kizehe, arararikira abagenzi bakora ingendo hagati ya Nakivale na Mbarara, kimwe n’ahandi...

Read moreDetails

Minembwe mu Mwijima w’Itumanaho, Gucibwa kwa Network ya Vodacom Guteje Impungenge ku Baturage no ku Isi

by Bahanda Bruce
December 17, 2025
0
Minembwe mu Mwijima w’Itumanaho, Gucibwa kwa Network ya Vodacom Guteje Impungenge ku Baturage no ku Isi

Minembwe mu Mwijima w’Itumanaho, Gucibwa kwa Network ya Vodacom Guteje Impungenge ku Baturage no ku Isi Amakuru yizewe aturuka mu gace ka Minembwe, mu misozi y'i Mulenge ho...

Read moreDetails
Next Post
Hafi n’i kaziba haravugwa imirwano mishya hagati ya AFC/M23/MRDP n’ingabo za RDC

Iby'igitero cyagabwe mu Rugezi

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?