• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, June 10, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Shop & Explore

Icyo wamenya ku bwirakabiri bwuzuye bwabaye

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
September 7, 2025
in Shop & Explore
0
Icyo wamenya ku bwirakabiri bwuzuye bwabaye
91
SHARES
2.3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Icyo wamenya ku bwirakabiri bwuzuye bwabaye

You might also like

Ivumburwa ry’Amabuye y’Agaciro Ryateje Intambara Ikomeye Yahitanye Abaturage muri RDC

Uko Umuherwe wa Mbere muri Afurika Akomeje Guhindura Ubukungu bw’Isi

Abajyanywe mu Butumwa bwa Artemis II bagarutse ku Isi, Bahishura Ibyo Babonye hafi y’Ukwezi nyuma y’imyaka 50

Hirya no hino ku isi babonye ubwirakabiri bw’ukwezi bwabaye kandi bukaba bwari bwuzuye, ibyo bita “tatal lunar).

Ubu bwirakabiri bw’ukwezi bwabaye ku mugoroba wo kuri iki cyumweru tariki ya 07/09/2025.

Bivugwa ko byagaragaye mu bihugu byinshi byo muri Africa, mu Burayi no muri Aziya.

Igihe bavuga ko habaye ubwirakabiri bw’ukwezi bw’uzuye, bivuze ko ukwezi kuba kwanyuze inyuma y’isi kugakingirizwa na yo, bityo urumuri ruva ku zuba ntirugere ku kwezi, kukagera igihe guhinduka umutuku ndetse hari n’ubwo kuba umukara kubera ko hari imirasire y’izuba iba igera ku kwezi ivuye ku isi.

Bivugwa ko uko gutukura ni ho haturutse iryo zina ry’ubwirakabiri bw’ukwezi kw’amaraso.

Ariko nyamara ibyo ntibikunze kubaho, biba igihe isi n’ukwezi biri ku murongo umwe cyangwa igihe byegeranye cyane ariko isi ikaba ari yo iri hagati.

Abahanga bavuga ku ubwirakabiri bw’ukwezi bw’uzuye bushobora kugaragara mu kirere kuva ku minota icumi kugera ku masaha hafi abiri. Igihe bimara bitegwa n’aho isi, izuba n’ukwezi bigeze.

Tags: UbwirakabiriUkwezi
Share36Tweet23Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

Ivumburwa ry’Amabuye y’Agaciro Ryateje Intambara Ikomeye Yahitanye Abaturage muri RDC

by Bahanda Bruce
May 17, 2026
0
Ivumburwa ry’Amabuye y’Agaciro Ryateje Intambara Ikomeye Yahitanye Abaturage muri RDC

Ivumburwa ry’Amabuye y’Agaciro Ryateje Intambara Yahitanye Abaturage muri RDC Mu Ntara ya Lomami muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), havutse amakimbirane akomeye hagati y’abaturage bo mu bice...

Read moreDetails

Uko Umuherwe wa Mbere muri Afurika Akomeje Guhindura Ubukungu bw’Isi

by Bahanda Bruce
April 17, 2026
0
Uko Umuherwe wa Mbere muri Afurika Akomeje Guhindura Ubukungu bw’Isi

Uko Umuherwe wa Mbere muri Afurika Akomeje Guhindura Ubukungu bw’Isi Umuherwe ukomoka muri Nigeria, Aliko Dangote, ari mu byishimo bikomeye nyuma yo kongera gushyirwa ku rutonde ruzwi cyane...

Read moreDetails

Abajyanywe mu Butumwa bwa Artemis II bagarutse ku Isi, Bahishura Ibyo Babonye hafi y’Ukwezi nyuma y’imyaka 50

by Bahanda Bruce
April 11, 2026
0
Abajyanywe mu Butumwa bwa Artemis II bagarutse ku Isi, Bahishura Ibyo Babonye hafi y’Ukwezi nyuma y’imyaka 50

Abajyanywe mu Butumwa bwa Artemis II bagarutse ku Isi, Bahishura Ibyo Babonye hafi y’Ukwezi nyuma y’imyaka 50 Abahanga mu by’isanzure bakoze amateka mashya mu rugendo rwiswe Artemis II...

Read moreDetails

Ifoto y’igitangaza y’Isi yafatiwe mu kirere ishimangira intambwe nshya mu bushakashatsi bw’ikirere

by Bahanda Bruce
April 6, 2026
0
Ifoto y’igitangaza y’Isi yafatiwe mu kirere ishimangira intambwe nshya mu bushakashatsi bw’ikirere

Ifoto y’igitangaza y’Isi yafatiwe mu kirere ishimangira intambwe nshya mu bushakashatsi bw’ikirere Mu gihe ubushakashatsi ku isanzure bukomeje gutera imbere, Ikigo cy’Abanyamerika gishinzwe iby’isanzure, NASA, cyashyize ahagaragara amafoto...

Read moreDetails

Inkuba, Ubumenyi n’Umuco, Isomo Rikomeye ku Buzima bw’Uwakubiswe n’Inkuba

by Bahanda Bruce
January 6, 2026
0
Inkuba, Ubumenyi n’Umuco, Isomo Rikomeye ku Buzima bw’Uwakubiswe n’Inkuba

Inkuba, Ubumenyi n'Umuco, Isomo Rikomeye ku Buzima bw'Uwakubiswe n'Inkuba Mu gace ka Jarama, mu Burasirazuba bw’u Rwanda, haravugwa inkuru yihishemo agahinda gakomeye, aho inkuba yakubise abantu icyenda, bamwe...

Read moreDetails
Next Post
Hafi n’i kaziba haravugwa imirwano mishya hagati ya AFC/M23/MRDP n’ingabo za RDC

Iby'igitero cyagabwe mu Rugezi

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?