• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Abapolisi babiri bo mu gihugu cya Sudan y’Epfo, bafatiwe ku butaka bwa Repubilika ya Demokarasi ya Congo.

minebwenews by minebwenews
July 4, 2024
in Regional Politics
0
Abapolisi babiri bo mu gihugu cya Sudan y’Epfo, bafatiwe ku butaka bwa Repubilika ya Demokarasi ya Congo.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo cyafatiye abapolisi babiri bo mu gihugu cya Sudan y’Epfo, ku butaka bw’iki gihugu.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 03/07/2024, abapolisi babiri bo mu gihugu cya Sudan y’Epfo, bafatiwe ku butaka bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, bahinjiye mu buryo bunyuranyije n’amategeko.

Amakuru arambuye yatanzwe n’urwego rw’igisirikare rushinzwe gutangaza amakuru muri iy’i Ntara ya Bas-Uele, rwavuze ko aba bapolisi bo mu gihugu cya Sudan y’Epfo, ko binjiye muri iki gihugu bashaka gushimuta abaturage bafitanye amakimbirane.

Agace bafatiwemo kakaba gaherereye mu Ntara ya Bas-Uele.

Nk’uko uru rwego rw’igisirikare rwabitangaje n’uko bariya bapolisi bafashwe n’ingabo za RDC zo muri Batayo izwi kw’izina rya FIR. Kandi ko bafashwe mu gihe iz’ingabo za leta ya Kinshasa zarimo zihiga imitwe y’inyeshamba ikunze guhungabanya umutekano mu bice bya Waliwa na Faradja.

Uru rwego rw’igisirikare kandi rwasobanuye ko aba bapolisi bafatanwe imbunda zibiri zo mu bwoko bwa AK-47 n’amasasu 57.

Rukomeza ruvuga ko umuturage aba bapolisi bari bagamije gushimuta yitwa Nyaro Runaka, ufite ubwenegihugu bwa RDC, ariko akaba afite amamuko mu gihugu cya Sudan y’Epfo. Kuri ubu aba bapolisi bajanywe i Durba, ahari icyicaro cy’ingabo za karere ka Bas-Uele.

Mu busanzwe muri iy’i Ntara ya Bas-Uele ipakanye na Sudan y’Epfo, hakunze kuvuka ibibazo bifitanye isano n’ibyo, gusa ubutegetsi bwa Kinshasa bwakunze kugenda busezeranya kuzakemura ibyo bibazo burundu, ariko kugeza ubu biracyabangamiye benshi ku mpande zombi.

          MCN.
Tags: abapolisi babiriBafatiweKu butaka bwa RDCSudan y'Epfo
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
U Rwanda rwi butse ku nshuro ya 30 umunsi wo kwibohora, maze perezida Paul Kagame agira icyo asaba urubyiruko, kandi avuga ko u Rwanda ruzahora rutekanye.

U Rwanda rwi butse ku nshuro ya 30 umunsi wo kwibohora, maze perezida Paul Kagame agira icyo asaba urubyiruko, kandi avuga ko u Rwanda ruzahora rutekanye.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?