• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, April 30, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

U Rwanda rwi butse ku nshuro ya 30 umunsi wo kwibohora, maze perezida Paul Kagame agira icyo asaba urubyiruko, kandi avuga ko u Rwanda ruzahora rutekanye.

minebwenews by minebwenews
July 4, 2024
in Regional Politics
0
U Rwanda rwi butse ku nshuro ya 30 umunsi wo kwibohora, maze perezida Paul Kagame agira icyo asaba urubyiruko, kandi avuga ko u Rwanda ruzahora rutekanye.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

U Rwanda rwi butse ku nshuro ya 30 umunsi wo kwibohora, maze perezida Paul Kagame agira icyo asaba urubyiruko, kandi avuga ko u Rwanda ruzahora rutekanye.

You might also like

Uganda: Ubwato Bwarimo Abantu Benshi Bwakoze Impanuka, Harokoka Umuntu Umwe Gusa

Amagambo ya Gen. Muhoozi ku Muyobozi w’u Butaliyani Yateje Impaka ku Mbuga Nkoranyambaga

Rising Death Toll in Ethnic Clashes in Chad

Kuri uyu munsi wo kwibohora, hakozwe akarasisi k’Ingabo na Polisi z’igihugu. Ni akarasisi kakozwe mu kinyarwanda, gakorwa n’amatsinda 12 arimo 9 yo mu ngabo z’u Rwanda n’andi matsinda atatu yo muri Polisi y’igihugu (RNP).

Uyu muhango ukaba wari wahuje abaturage basaga ibihumbi 45 muri Stade Amahoro by’u mwihariko urubyiruko, perezida w’u Rwanda Paul Kagame yavuze ko agaciro kari mu banywanda nta n’umwe wakabambura ndetse ko urugamba rwo kwibohora rwatangiye neza intambara imaze kurangira.

Ati: “Agaciro Abanyarwanda bafite, kari muri twe. Nta muntu n’umwe, nta na kimwe gishobora kukatwambura.intsinzi y’urugamba rwo kubohora igihugu, yari ukubaka igihugu aho buri umwe muri twe agira agaciro kandi umuturage agahora ku isonga mu bikorwa bya Guverinoma. Nubwo Abanyarwanda bateye intambwe ifatika kuri iyo ntego, tugomba guhora turi maso.”

Kagame yabwiye urubyiruko rwavutse nyuma ya genocide yakorewe Abatutsi cyangwa mbere yaho gato ko rufite amahirwe yo kubaho ubuzima rwifuza ariko arusaba kubakira kuri politiki iteza imbere igihugu.

Ati: “Iki gihugu nimwe mugomba kukirinda, mukakirwanirira, bityo kigakomeza gutera imbere. Byari ngombwa kubisubiramo, kwibohora nyako gutangirira iyo urusaku rw’imbunda rugabanutse cyangwa rutagihari.

Perezida Paul Kagame yavuze ko u Rwanda ruzi agaciro k’amahoro ndetse ibihugu bizarwitabaza ngo rubitabare ruzabitaba.

Ati: “Muri kamere yacu, umutekano w’igihugu cyacu, ushingiye ku kurinda aho kuba gutera. Tugira icyo dukora iyo gusa ibyago bitwegereye, dushyira imbere ibikorwa bigamije gukorera hamwe. U Rwanda ruharanira amahoro ku bwacu no ku bandi mu karere. Tuzi agaciro k’amahoro nk’uko abandi babizi, ndetse rimwe na rimwe dushobora kuba tukazi kurusha abandi. Ahakenewe ibikorwa by’u butabazi, u Rwanda ntiruzahabura.”

Kagame yashimangiye ko”u Rwanda ruzahora rutekanye uko byagenda kose.”

Ati: “Igihugu cyacu kiratekanye kandi kuzakomeza gutekana uko byagenda kose. Umwihariko w’u Rwanda ugira agaciro umunsi ku wundi, twarenze imiziro iyo ari yo yose n’indi myumvire n’inshusho Umunyarwanda yari azwiho.”

          MCN.
Tags: KwibohoraPaul KagameRwibutse ku nshuro ya 30U Rwanda
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Uganda: Ubwato Bwarimo Abantu Benshi Bwakoze Impanuka, Harokoka Umuntu Umwe Gusa

by Bahanda Bruce
April 30, 2026
0
Uganda: Ubwato Bwarimo Abantu Benshi Bwakoze Impanuka, Harokoka Umuntu Umwe Gusa

Uganda: Ubwato Bwarimo Abantu Benshi Bwakoze Impanuka, Harokoka Umuntu Umwe Gusa Mu gihugu cya Uganda, humvikanye inkuru ibabaje y’impanuka ikomeye yabaye mu ijoro ryo ku wa Gatatu tariki...

Read moreDetails

Amagambo ya Gen. Muhoozi ku Muyobozi w’u Butaliyani Yateje Impaka ku Mbuga Nkoranyambaga

by Bahanda Bruce
April 27, 2026
0
Amagambo ya Gen. Muhoozi ku Muyobozi w’u Butaliyani Yateje Impaka ku Mbuga Nkoranyambaga

Amagambo ya Gen. Muhoozi ku Muyobozi w’u Butaliyani Yateje Impaka ku Mbuga Nkoranyambaga Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda (UPDF Land Forces), Muhoozi Kainerugaba, yongeye guteza impaka ndende ku...

Read moreDetails

Rising Death Toll in Ethnic Clashes in Chad

by Bahanda Bruce
April 27, 2026
0
Rising Death Toll in Ethnic Clashes in Chad

Rising Death Toll in Ethnic Clashes in Chad In eastern Chad, particularly in Wadi Fira Province, serious ethnic clashes have once again erupted, claiming several lives and leaving...

Read moreDetails

Abaguye mu Mvururu z’Amoko muri Chad Bakomeje Kwiyongera

by Bahanda Bruce
April 27, 2026
0
Abaguye mu Mvururu z’Amoko muri Chad Bakomeje Kwiyongera

Abaguye mu Mvururu z’Amoko muri Chad Bakomeje Kwiyongera Mu burasirazuba bwa Chad, cyane cyane mu ntara ya Wadi Fira, hongeye kuvuka imvururu zikomeye zishingiye ku moko, zahitanye ubuzima...

Read moreDetails

Mali en Proie à de Graves Troubles : le ministre de la Défense Sadio Camara tué dans une attaque-suicide, la sécurité continue de se détériorer

by Bahanda Bruce
April 27, 2026
0
Mali en Proie à de Graves Troubles : le ministre de la Défense Sadio Camara tué dans une attaque-suicide, la sécurité continue de se détériorer

Mali en Proie à de Graves Troubles : le ministre de la Défense Sadio Camara tué dans une attaque-suicide, la sécurité continue de se détériorer Au Mali, la...

Read moreDetails
Next Post
Imbere mu gihugu cy’u Burundi hagaragajwe inyandiko zicafuza perezida Evariste Ndayishimiye.

Imbere mu gihugu cy'u Burundi hagaragajwe inyandiko zicafuza perezida Evariste Ndayishimiye.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?