• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, January 19, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Igisirikare cya RDC cyagize icyo kivuga kuri Kabila uheruka kuvugwa i Goma.

minebwenews by minebwenews
May 1, 2025
in Regional Politics
0
I Kinshasa ibintu byatangiye guhindura isura, nyuma y’aho Kabila ageze i Goma.
86
SHARES
2.2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Igisirikare cya RDC cyagize icyo kivuga kuri Kabila uheruka kuvugwa i Goma.

You might also like

Abasirikare b’u Burundi barenga 500 bari guhigwa bukware

Perezida Ndayishimiye Yizeje MONUSCO Kurinda U Rwanda, Ntiyashyigikira Gusenywa kwa FDLR

Uganda Yongeye Gufungura Internet Nyuma y’Itangazwa ry’Ibyavuye mu Matora ya Perezida

Igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo cyasabye ko Joseph Kabila wahoze ari perezida w’iki gihugu yamburwa ubudahangarwa kugira ngo ajanwe mu nkiko, ni nyuma y’aho avuzwe i Goma mu Burasizuba bw’iki gihugu ahagenzurwa n’umutwe wa M23.

Ni amagambo yatangajwe na minisitiri w’ubutabera, Constant Mutamba, aho yavuze ko ubushinja cyaha bwa gisikare bwasabye Sena y’iki gihugu gukuraho Joseph Kabila ubudahangarwa mu rwego rwo kugira ngo bumukurikirane ku byaha birimo ubwicanyi n’ubugambanyi.

Joseph Kabila asanzwe ari umusenateri ubuzima bwe bwose, nk’uko biteganywa ku wabaye perezida muri RDC.

Mu kwezi gushize ubucamanza bwatangiye ifatwa ry’imitungo ye, ubwo byavugwaga ko yagarutse muri RDC akajya i Goma ahagenzurwa n’ihuriro rya Alliance Fleuve Congo(AFC) ribarizwamo umutwe wa M23 n’uwa Twirwaneho. Gusa ntagihamya cyemeje neza ko ari yo, cyangwa aho ari ubu. Ariko amakuru yo ku ruhande ahamya neza ko ariho ari.

Mutamba nk’uko yakomeje abivuga, yagaragaje ko ubucamanza bufite ibimenyetso simusiga ku bugambanyi, ubwicanyi, kuba mu mutwe wigometse, ibyaha by’intambara, ibyaha byibasiye inyokomuntu. Ibi byaha Mutamba avuga ko bibera muri Kivu y’Amajyepfo na Kivu y’Amajyaruguru.

Ariko kugeza ubu yaba Joseph Kabila cyangwa ishyaka rye, ntacyo baravuga kuri ibi Mutamba amushinja.

Mu kwezi kwa kabiri uyu mwaka, perezida Felix Tshisekedi yavuze ko Kabila ari we muntu nyawe uri inyuma y’ibibi byose, amushinja gufasha umutwe wa M23.

Kabila mu kumusubiza, yabwiye itangazamakuru ati: “Iyo mba mfatanyije na M23, ibintu byari kuba bitandukanye cyane nuko bimeze uyu munsi.”

Kurundi ruhande, abashigikiye Joseph Kabila muri RDC, bashinja Leta ko imaze igihe ikora ibikorwa birimo gufatira imitungo ye mu gihugu no kwibasira bamwe mu bo mu ishyaka rye.

Kabila ufite imyaka 53, yategetse Repubulika ya demokarasi ya Congo imyaka 18 kuva mu 2001 ubwo yari afite imyaka 29, nyuma yuko se Laurent Desire Kabila apfuye; wishwe arashwe.

Bizwi ko Joseph Kabila yavuye muri RDC mu kwezi kwa cumi nabiri umwaka wa 2023, yahavuye mbere y’amatora . Umuvugizi we Barba Nzambi yatangaje kenshi ko Kabila yavuye mu gihugu ku mpamvu z’amasomo muri Kaminuza y’i Johnnesburg muri Afrika y’Epfo.

Nyamara nubwo yarimo akurikirana ibya masomo ye, ariko ibye byakomeje gutera inkenke ubutegetsi bw’i Kinshasa kugeza ubwo bumushinja kuba inyuma y’umutwe wa M23 urwanya ubu ubutegetsi.

Tags: IgisirikareRdcUbudahangarwa
Share34Tweet22Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Abasirikare b’u Burundi barenga 500 bari guhigwa bukware

by Bahanda Bruce
January 18, 2026
0
Abasirikare b’u Burundi barenga 500 bari guhigwa bukware

Abasirikare b’u Burundi barenga 500 bari guhigwa bukware Abasirikare b’Igihugu cy’u Burundi barenga 500 bari guhigwa bukware n’inzego z’umutekano, bashinjwa gutoroka inshingano za gisirikare nyuma yo gutsindwa ku...

Read moreDetails

Perezida Ndayishimiye Yizeje MONUSCO Kurinda U Rwanda, Ntiyashyigikira Gusenywa kwa FDLR

by Bahanda Bruce
January 18, 2026
0
Perezida Ndayishimiye Yizeje MONUSCO Kurinda U Rwanda, Ntiyashyigikira Gusenywa kwa FDLR

Perezida Ndayishimiye Yizeje MONUSCO Kurinda U Rwanda, Ntiyashyigikira Gusenywa kwa FDLR Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yatangaje ko ingabo z’Umuryango w’Abibumbye ziri mu butumwa bw’amahoro muri Repubulika Iharanira...

Read moreDetails

Uganda Yongeye Gufungura Internet Nyuma y’Itangazwa ry’Ibyavuye mu Matora ya Perezida

by Bahanda Bruce
January 18, 2026
0
Uganda Yategetse Gufunga Internet mu Gihugu Hose Mbere y’Amatora

Uganda Yongeye Gufungura Internet Nyuma y’Itangazwa ry’Ibyavuye mu Matora ya Perezida Leta ya Uganda yongeye gufungura internet mu gihugu hose nyuma y’itangazwa ry’ibyavuye mu matora y’Umukuru w’Igihugu, byemeje...

Read moreDetails

Uganda Yategetse Gufunga Internet mu Gihugu Hose Mbere y’Amatora

by Bahanda Bruce
January 13, 2026
0
Uganda Yategetse Gufunga Internet mu Gihugu Hose Mbere y’Amatora

Uganda Yategetse Gufunga Internet mu Gihugu Hose Mbere y’Amatora Leta ya Uganda yafashe icyemezo gikomeye cyo guhagarika internet mu gihugu hose mu gihe kitazwi. Iki cyemezo cyatangajwe n’Ikigo...

Read moreDetails

Bobi Wine Yatanze Gasopo yo Kwigaragambya mu gihe Amatora Yagaragaramo Ubujura

by Bahanda Bruce
January 13, 2026
0
Bobi Wine Yatanze Gasopo yo Kwigaragambya mu gihe Amatora Yagaragaramo Ubujura

Bobi Wine Yatanze Gasopo yo Kwigaragambya mu gihe Amatora Yagaragaramo Ubujura Umuyobozi w’abatavuga rumwe n’ubutegetsi muri Uganda, Robert Kyagulanyi Ssentamu, uzwi cyane ku izina rya Bobi Wine, yatangaje...

Read moreDetails
Next Post
Hamenyekanye icyatumye abapolisi babiri barasana i Burundi bikarangira banahasize ubuzima.

Hamenyekanye icyatumye abapolisi babiri barasana i Burundi bikarangira banahasize ubuzima.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kabila Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?