• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, January 29, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ihuriro ry’ingabo z’ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, ryababajwe bikomeye mu mirwano irihuza na M23.

minebwenews by minebwenews
June 9, 2024
in Regional Politics
0
Ihuriro ry’ingabo z’ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, ryababajwe bikomeye mu mirwano irihuza na M23.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, ryababajwe mu mirwano igize iminsi ibera mu nkengero za centre ya Kanyabayonga, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

You might also like

Jean Maurice Uwera Yagizwe Umuvugizi Wungirije wa Leta y’u Rwanda: Ibyo Ukeneye Kumenya ku Muvugizi Mushya

Perezida Museveni yibutsa Amateka y’Urugamba rwo mu Mashyamba, Anenga Igitutu cy’Amahanga ku Miyoborere ya Uganda

Ishimutwa ry’Imishahara mu Gisirikare cy’u Burundi: Harasabwa Umucyo ku Mafaranga Yaburiwe Irengero mu Masaha Make

Ni mu mirwano imaze iminsi irenga icumi ibera mu duce dukikije centre ya Kanyabayonga, iherereye muri teritware ya Lubero na Rutshuru, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Amakuru MCN dukesha abasirikare bari muri iyi mirwano avuga ko iz’i ngabo zirwanira ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi ko ziheruka kubabarira bikomeye muri iyi mirwano, ndetse ko iyi mirwano imaze kugwamo aba basirikare bo ku ruhande rwa leta ya Kinshasa barenga ibihumbi bitandatu, kandi ko bashobora kurenga.

Ay’amakuru anavuga ko mu mirwano yabereye mu karere ka Mirangi ku mugoroba w’ejo hashize, ko yapfiriyemo abasirikare benshi bo ku ruhande rwa leta ya perezida Félix Tshisekedi, kandi abandi benshi barakomereka harimo n’ababuriwe irengero.

Akandi karere gaheruka kugwamo abasirikare benshi bo ku ruhande rwa leta ni a ka Kyaghala, gaherereye mu majyepfo ashyira uburengerazuba bw’uy’umujyi wa Kanyabayonga.

Nubwo biruko iri huriro ry’ingabo za Guverinoma ya Kinshasa ziracyakomeje kungenzura cantre ya Kanyabayonga, mu gihe M23 yo igenzura uduce twinshi turi mu nkengero z’iyi centre. Nka gace ka Mirangi, Bulindi, Kyaghala n’utundi duce twinshi.

Ku rundi ruhande M23 yafashe ibikoresho byinshi bya gisirikare birimo n’imbunda zirasa kure. Mu mashusho urubuga rwa secret rwashize hanze ku munsi w’ejo hashize, yagaragazaga ibitwaro biremereye uyu mutwe wari wambuye ingabo z’u butegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi.

Nk’uko urwo rubuga rwa bitangaje rwavuze ko ibyo bitwaro ko byafatiwe mu bice bya Bwemerimana ho muri teritware ya Masisi.

Izindi mbunda ninshi m23 yazifatiye mu nkengero za centre ya Kanyabayonga.

Tubibutsa ko M23 ikomeje kuja imbere muri ibi bice.

             MCN.
Tags: Ihuriro ry'Ingabo za RDCIntwaroM23Ryababariye mu rugamba
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Jean Maurice Uwera Yagizwe Umuvugizi Wungirije wa Leta y’u Rwanda: Ibyo Ukeneye Kumenya ku Muvugizi Mushya

by Bahanda Bruce
January 29, 2026
0
Jean Maurice Uwera Yagizwe Umuvugizi Wungirije wa Leta y’u Rwanda: Ibyo Ukeneye Kumenya ku Muvugizi Mushya

Jean Maurice Uwera Yagizwe Umuvugizi Wungirije wa Leta y’u Rwanda: Ibyo Ukeneye Kumenya ku Muvugizi Mushya Ku mugoroba wo ku wa Gatatu tariki ya 28/01/2026, Perezida w’u Rwanda,...

Read moreDetails

Perezida Museveni yibutsa Amateka y’Urugamba rwo mu Mashyamba, Anenga Igitutu cy’Amahanga ku Miyoborere ya Uganda

by Bahanda Bruce
January 28, 2026
0
Perezida Museveni yibutsa Amateka y’Urugamba rwo mu Mashyamba, Anenga Igitutu cy’Amahanga ku Miyoborere ya Uganda

Perezida Museveni yibutsa Amateka y’Urugamba rwo mu Mashyamba, Anenga Igitutu cy’Amahanga ku Miyoborere ya Uganda Mu ijambo rikomeye ryagarutse ku mateka n’icyerekezo cya politiki ya Uganda, Perezida Yoweri...

Read moreDetails

Ishimutwa ry’Imishahara mu Gisirikare cy’u Burundi: Harasabwa Umucyo ku Mafaranga Yaburiwe Irengero mu Masaha Make

by Bahanda Bruce
January 28, 2026
0
Ishimutwa ry’Imishahara mu Gisirikare cy’u Burundi: Harasabwa Umucyo ku Mafaranga Yaburiwe Irengero mu Masaha Make

Ishimutwa ry’Imishahara mu Gisirikare cy’u Burundi: Harasabwa Umucyo ku Mafaranga Yaburiwe Irengero mu Masaha Make Mu gihe igihugu cy’u Burundi gikomeje guhura n’imbogamizi z’ubukungu n’imibereho igoye ku baturage...

Read moreDetails

RDC Yashizwe mu bihugu bya Afurika bifite igisirikare gikomeye kurusha ibindi muri 2026

by Bahanda Bruce
January 28, 2026
0
RDC Yashizwe mu bihugu bya Afurika bifite igisirikare gikomeye kurusha ibindi muri 2026

RDC Yashizwe mu bihugu bya Afurika bifite igisirikare gikomeye kurusha ibindi muri 2026 Mu mwaka wa 2026, Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yongeye kugaragara ku rutonde rw’ibihugu...

Read moreDetails

Uko Igeragezwa ry’Intwaro za Kirimbuzi Rigenda Risigira Isi Ibikomere Bitazibagirana

by Bahanda Bruce
January 27, 2026
0
Uko Igeragezwa ry’Intwaro za Kirimbuzi Rigenda Risigira Isi Ibikomere Bitazibagirana

Uko Igeragezwa ry’Intwaro za Kirimbuzi Rigenda Risigira Isi Ibikomere Bitazibagirana Raporo nshya yashyizwe ahagaragara n’umuryango Norwegian People’s Aid (NPA) igaragaza ishusho iteje impungenge ku ngaruka ndende z’igeragezwa ry’intwaro...

Read moreDetails
Next Post
Igisirikare cya Israel cya koze operasiyo idasanzwe, kibohoza abantu babo bari bafungiye mu Ntara ya Gaza.

Igisirikare cya Israel cya koze operasiyo idasanzwe, kibohoza abantu babo bari bafungiye mu Ntara ya Gaza.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?