• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, September 8, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Inama y’abakuru b’ibihugu bigize EAC yigiwemo ibishobora kugarura amahoro muri RDC.

minebwenews by minebwenews
December 1, 2024
in Regional Politics
0
Inama y’abakuru b’ibihugu bigize EAC yigiwemo ibishobora kugarura amahoro muri RDC.
90
SHARES
2.3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Inama y’abakuru b’ibihugu bigize EAC yigiwemo ibishobora kugarura amahoro muri RDC.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Inama y’abakuru b’ibihugu bigize umuryango wa Afrika y’iburasirazuba (EAC) yarebeye hamwe icyashobora kugarura amahoro n’umutekano muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, by’umwihariko mu Burasirazuba bw’iki gihugu.

Iyi nama y’abakuru b’ibihugu yateranye ku wa gatandatu tariki ya 30/11/2024, ikaba yarateraniye i Arusha muri Tanzania.

Muri iyi nama abakuru b’ibihugu bemeje ko ibiganiro bya Luanda bigamije guhoshya umwuka mubi uri hagati y’u Rwanda na Congo Kinshasa, byahuzwa n’ibya Nairobi bigamije guhuza Guverinoma ya Kinshasa n’imitwe y’itwaje intwaro itavuga rumwe nayo.

Ndetse kandi, iyi nama inasaba ko haba inama ihuza EAC n’umuryango w’ibihugu bya Afrika y’Amajy’epfo (SADC) ngo bigire hamwe ibibazo by’umutekano muke mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Ni mu gihe umuryango wa SADC ufite ingabo zayo muri RDC kuva mu kwezi kwa Cumi nabiri umwaka w’ 2023. Izirimo izavuye muri Afrika y’Epfo, Malawi na Tanzania.

Hagati aho, ibi byemejwe mu gihe umutwe wa M23 w’itandukanyije n’amasezerano y’u Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo. Utangaza ko wiyemeje gusanga ihuriro ry’Ingabo za Leta ya Kinshasa mu birindiro ziturukamo ziwugabaho ibitero.

Uyu mutwe washimangiye ibi, uvuga ko utarebwa n’agahenge u Rwanda na RDC byasinyanye biyiha uburenganzira bwo kwirwanaho no kuburizamo igitero igisanze aho kizaturuka, mu rwego rwo kurinda abaturage.

M23 yaniyemeje kuja guhiga FARDC n’abambari bayo mu birindiro byabo, ni mu gihe hashize ibyumweru bibiri bawugabaho ibitero bikomeye.

Ni ibitero byagabwe mu duce two muri teritware ya Masisi na Lubero n’ahandi.

Tags: EACM23Rdc
Share36Tweet23Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Ibyo Abanyamulenge bakorewe na FARDC mu Mikenke byavugishije benshi ku mbuga.

Ibyo Abanyamulenge bakorewe na FARDC mu Mikenke byavugishije benshi ku mbuga.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?