• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, July 30, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ibyo Abanyamulenge bakorewe na FARDC mu Mikenke byavugishije benshi ku mbuga.

minebwenews by minebwenews
December 1, 2024
in Regional Politics
0
Ibyo Abanyamulenge bakorewe na FARDC mu Mikenke byavugishije benshi ku mbuga.
110
SHARES
2.7k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibyo Abanyamulenge bakorewe na FARDC mu Mikenke byavugishije benshi ku mbuga.

You might also like

RDC : Le C64 Met en Place une Nouvelle Stratégie pour Contraindre Félix Tshisekedi à Démissionner alors que le Débat sur la Révision de la Constitution s’Intensifie

RDC: Leta ya Kinshasa Yanze Ultimatum ya C64 ku Biganiro by’Igihugu, Ivuga ko Gahunda za Perezida Zidategekwa n’Igitutu cya Politiki

RDC : Le débat sur un troisième mandat du président Félix Tshisekedi s’intensifie, tandis qu’une nouvelle analyse met en garde contre les risques potentiels

Ku mbugankoranyambaga zihuriyeho Abanyekongo bavuga ururimi rw’Ikinyarwanda, banenze bivuye inyuma ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo (FARDC), nyuma yokubona amashusho yagiye hanze agaragaza uburyo abagabo 6 Babanyamulenge bakubiswe nabi kandi ari ntacyaha bashinjwa.

Aya mafoto agaragaza bariya bagabo bahambiriwe akandoyi, unabona barushe cyane, ingabo za FARDC zibari nyuma; ndetse zinabirukankana mu mihana y’Abembe mu Mikenke. Ari nako kandi abagore n’abana Babembe bagenda bamiriza.

Abo bagabo Babanyamulenge bakorewe ubwo bugizi bwa nabi barimo Mfashingabo, Kumuntu, umuhungu we, Bagaza n’abandi barimo umwungeri wabo.

Amakuru MCN yabashe guhabwa, avuga ko aba Banyamulenge bafashwe ahar’ejo tariki ya 30/11/2024, ni mu gihe bari bashoreye Inka zabo bazivanye mu Mikenke bakaba bari bazijanye mu Mikarati kuzisuhurira yo.

Ubwo bari bakiri hafi n’aho bari bavuye, ni bwo bahise bafatwa n’ingabo za RDC na Maï Maï.

Nyuma yo gufatwa bakorewe iyicarubuzo, baracanuguzwa, no kugira ngo barekurwe batanze Inka yo kwicunguza.

Ikibabaje babanyaze nutwo bari bafite, kuko batswe imyambaro bari bambaye n’inkweto, ariko baza kubarekura, gusa bari bahindutse ibikomere.

Ku mbugankoranyambaga, abenshi barimo batanga ubutumwa bwabo bagaragaje akababaro kabo ki byakorewe Abanyamulenge mu Mikenke.

Uwitwa Rehema yagize ati: “Birababaje, abagabo gukurubunwa hasi ntacyaha nakimwe bazira. Ziriya ntizari zikwiye kwitwa ingabo z’igihugu ni zitwe ikibandi cy’igihugu.”

Sebagabo na we yagize ati: “Akarengane na ryari mu Banyamulenge. Mana rengera ubwoko bwawe wiremeye. Abagabo kwambikwa ubusa nta cyaha na kimwe!!!”

Naho uwitwa John yagize ati: “Iyi Leta ibyo ikorera abavuga ururimi rw’Ikinyarwanda bigomba kwibazwaho inshuro. Naho ubundi ntibyoroshye!”

Guhohotera Abanyamulenge n’Abatutsi bose muri rusange mu Burasirazuba bwa RDC bikomeje kurushaho gufata indi ntera.

Bikaba bivugwa ko byatangiye mu mwaka w’ 1964, ariko bigeze mu 2017 biba bibi cyane kugeza uyu munsi.

Tags: AbanyamulengeAmashushoguhohoteraMikenke
Share44Tweet28Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

RDC : Le C64 Met en Place une Nouvelle Stratégie pour Contraindre Félix Tshisekedi à Démissionner alors que le Débat sur la Révision de la Constitution s’Intensifie

by Bahanda Bruce
July 30, 2026
0
RDC : Le C64 Met en Place une Nouvelle Stratégie pour Contraindre Félix Tshisekedi à Démissionner alors que le Débat sur la Révision de la Constitution s’Intensifie

RDC : Le C64 Met en Place une Nouvelle Stratégie pour Contraindre Félix Tshisekedi à Démissionner alors que le Débat sur la Révision de la Constitution s’Intensifie MINEMBWE...

Read moreDetails

RDC: Leta ya Kinshasa Yanze Ultimatum ya C64 ku Biganiro by’Igihugu, Ivuga ko Gahunda za Perezida Zidategekwa n’Igitutu cya Politiki

by Bahanda Bruce
July 29, 2026
0
RDC: Leta ya Kinshasa Yanze Ultimatum ya C64 ku Biganiro by’Igihugu, Ivuga ko Gahunda za Perezida Zidategekwa n’Igitutu cya Politiki

RDC: Leta ya Kinshasa Yanze Ultimatum ya C64 ku Biganiro by'Igihugu, Ivuga ko Gahunda za Perezida Zidategekwa n'Igitutu cya Politiki MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Impaka ku hazaza h'ibiganiro...

Read moreDetails

RDC : Le débat sur un troisième mandat du président Félix Tshisekedi s’intensifie, tandis qu’une nouvelle analyse met en garde contre les risques potentiels

by Bahanda Bruce
July 29, 2026
0
La RDC entre dans une phase politique décisive : la décision de la Cour constitutionnelle relance le débat. Le pouvoir de Félix Tshisekedi est-il menacé ? Analyse approfondie

RDC : Le débat sur un troisième mandat du président Félix Tshisekedi s’intensifie, tandis qu’une nouvelle analyse met en garde contre les risques potentiels MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN)...

Read moreDetails

Perezida Kagame Yasabye Urubyiruko Kurangwa n’Imyitwarire Myiza no Kurinda Agaciro k’Igihugu: Amagambo Ye Yongeye Gukurara Impaka ku Mateka, Ubwenegihugu n’Uburenganzira bw’Abanyekongo Bose

by Bahanda Bruce
July 28, 2026
0
Perezida Kagame Yasabye Urubyiruko Kurangwa n’Imyitwarire Myiza no Kurinda Agaciro k’Igihugu: Amagambo Ye Yongeye Gukurara Impaka ku Mateka, Ubwenegihugu n’Uburenganzira bw’Abanyekongo Bose

Perezida Kagame Yasabye Urubyiruko Kurangwa n’Imyitwarire Myiza no Kurinda Agaciro k’Igihugu: Amagambo Ye Yongeye Gukurara Impaka ku Mateka, Ubwenegihugu n’Uburenganzira bw’Abanyekongo Bose MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Perezida wa...

Read moreDetails

Hiyongereye Undi Mukandida mu Bahatanira Kuyobora Loni: Uganda Yashyize Imbere Olara Otunnu, Dore Ibyo Wamenya Kuri Uyu Mukandida

by Bahanda Bruce
July 27, 2026
0
Hiyongereye Undi Mukandida mu Bahatanira Kuyobora Loni: Uganda Yashyize Imbere Olara Otunnu, Dore Ibyo Wamenya Kuri Uyu Mukandida

Hiyongereye Undi Mukandida mu Bahatanira Kuyobora Loni: Uganda Yashyize Imbere Olara Otunnu, Dore Ibyo Wamenya Kuri Uyu Mukandida MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Irushanwa ryo gushaka Umunyamabanga Mukuru mushya...

Read moreDetails
Next Post
Perezida Tshisekedi yongeye kwivumbura ntiyitabira inama y’umuryango wa EAC.

Perezida Tshisekedi yongeye kwivumbura ntiyitabira inama y'umuryango wa EAC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 amahoro America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?