• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, February 1, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ingabo z’u muryango w’Abibumbye, MONUSCO zasezeye muri Kivu y’Amajy’epfo, aho zagenzuraga zihashikiriza itorero rya Méthodiste Libre.

minebwenews by minebwenews
May 7, 2024
in Regional Politics
0
Ingabo z’u muryango w’Abibumbye, MONUSCO zasezeye muri Kivu y’Amajy’epfo, aho zagenzuraga zihashikiriza itorero rya Méthodiste Libre.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ingabo z’umuryango w’Abibumbye zasezeye mu gace kamwe kari i Baraka maze ibibanza zarimo zibishikiriza ubuyobozi bw’Itorero rya Méthodiste Libre.

You might also like

Afurika Ikomeje Kwiyubaka mu Gisirikare, Menya Ibihugu 10 Biyoboye Umugabane mu Mbaraga za Gisirikare mu 2026

Perezida Faure Yageze mu Rwanda, mu Ruzinduko Rw’Ingenzi mu Rugendo rwo Gushakira Amahoro Akarere

RDC: Perezida Félix Tshisekedi yakiriye Abahuza b’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Rugendo rwo Gushakira Amahoro Uburasirazuba bw’Igihugu

Ni ku munsi w’ejo hashize, tariki ya 06/05/2024 ni bwo mu gace gaherereye i Baraka, ho muri teritware ya Fizi, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo habaye umuhango wo gusezera kwa MONUSCO ikaba igiye kwerekeza mu bihugu yaje ivamo, nk’uko ay’amakuru yatanzwe n’abaturiye ibyo bice.

Umuhango wo gusezera kwa MONUSCO witabiriwe n’abanyacyubahiro benshi barimo n’abasirikare, polisi ndetse n’ubuyobozi bwa leta hari kandi n’abahagariye intara ndetse n’abayobozi baza teritware ya Fizi na Uvira.

Uyu muhango wabereye neza mu gace kitwa Mushimbakye hafi na centre ya Baraka, ni nako gace karimo ibirindiro by’ingabo z’u muryango w’Abibumbye, MONUSCO kuva umwaka ushize ndetse na mbere yaho izi ngabo zari zihamaze igihe.

Ubwo iz’ingabo za Monusco zakoraga umuhango wo gusezera ubutaka bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo zavuze ko ibibanza barimo bya Mushimbakye ko babisigiye itorero rya Méthodiste Libre, nk’uko n’ubundi ibi bibanza bari barabiheshejwe n’iri torero.

Kimweho n’ubwo basezeye ariko bamwe mu bayobozi Babanyekongo bavuze ko batizera neza ko Monusco yova ku butaka bwa RDC, nk’u muyobozi wa centre ya Baraka, bwana Jaques M’mbocwa Hussein yatangaje ko atarumva ko Monusco yova ku butaka bw’igihugu cyabo, avuga ko ahubwo ko we atekereza ko izi ngabo zigiye kuja mu kandi gace ariko ko ku butaka bwa Congo.

Ariko avuga ko biteye umunezero kubona Monusco ivuye ku butaka bw’iki gihugu.

Ati: “Dufite umunezero mwinshi wo kubona ingabo za Monusco zipakiye imizigo yabo, bakaba bagiye gusubira iwabo.”

Kuri uyu wa Kabiri, Monusco yazindukiye mu bikorwa byo gusibura umuhanda wa Baraka-Uvira, kugira ngo bizabafashe kugenda amahoro ni mu gihe uwo muhanda wari warangirijwe n’imvura imaze igihe igwa ari ninshi muri ibyo bice.

Aha mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo Monusco imaze kuva mu birindiro byinshi, birimo Kamanyola (Walungu), Bunyakili (Kalehe), ni bya Kavumu ho muri teritware ya Kabare.

Aha gisigaye ingabo za Monusco ni muri Minembwe na Mikenke, ku mpamvu z’imihanda mibi nk’uko bivugwa n’ubuyobozi bwa Monusco.

Kugenda kwa MONUSCO iva mu gihugu cya RDC biri mu masezerano yasinywe hagati y’u butegetsi bwa Kinshasa n’umuryango w’Abibumbye (oni).

          MCN.
Tags: BarakaGusezeraIbibanza bihabwa itoreroMéthodisteMonuscoMushimbakye
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Afurika Ikomeje Kwiyubaka mu Gisirikare, Menya Ibihugu 10 Biyoboye Umugabane mu Mbaraga za Gisirikare mu 2026

by Bahanda Bruce
January 31, 2026
0
Afurika Ikomeje Kwiyubaka mu Gisirikare, Menya Ibihugu 10 Biyoboye Umugabane mu Mbaraga za Gisirikare mu 2026

Afurika Ikomeje Kwiyubaka mu Gisirikare, Menya Ibihugu 10 Biyoboye Umugabane mu Mbaraga za Gisirikare mu 2026 Mu myaka ya vuba, umugabane wa Afurika wakomeje kugaragaza impinduka zifatika mu...

Read moreDetails

Perezida Faure Yageze mu Rwanda, mu Ruzinduko Rw’Ingenzi mu Rugendo rwo Gushakira Amahoro Akarere

by Bahanda Bruce
January 30, 2026
0
Perezida Faure Yageze mu Rwanda, mu Ruzinduko Rw’Ingenzi mu Rugendo rwo Gushakira Amahoro Akarere

Faure Yageze mu Rwanda, mu Ruzinduko Rw’Ingenzi mu Rugendo rwo Gushakira Amahoro Akarere Perezida w’Inama y’Abaminisitiri ya Togo, Faure Essozimna Gnassingbé, yageze mu Rwanda mu ijoro ryo ku...

Read moreDetails

RDC: Perezida Félix Tshisekedi yakiriye Abahuza b’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Rugendo rwo Gushakira Amahoro Uburasirazuba bw’Igihugu

by Bahanda Bruce
January 30, 2026
0
RDC: Perezida Félix Tshisekedi yakiriye Abahuza b’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Rugendo rwo Gushakira Amahoro Uburasirazuba bw’Igihugu

RDC: Perezida Félix Tshisekedi yakiriye Abahuza b’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Rugendo rwo Gushakira Amahoro Uburasirazuba bw’Igihugu Ku wa Kane tariki ya 29/01/2026, Perezida wa Repubulika Iharanira...

Read moreDetails

Jean Maurice Uwera Yagizwe Umuvugizi Wungirije wa Leta y’u Rwanda: Ibyo Ukeneye Kumenya ku Muvugizi Mushya

by Bahanda Bruce
January 29, 2026
0
Jean Maurice Uwera Yagizwe Umuvugizi Wungirije wa Leta y’u Rwanda: Ibyo Ukeneye Kumenya ku Muvugizi Mushya

Jean Maurice Uwera Yagizwe Umuvugizi Wungirije wa Leta y’u Rwanda: Ibyo Ukeneye Kumenya ku Muvugizi Mushya Ku mugoroba wo ku wa Gatatu tariki ya 28/01/2026, Perezida w’u Rwanda,...

Read moreDetails

Perezida Museveni yibutsa Amateka y’Urugamba rwo mu Mashyamba, Anenga Igitutu cy’Amahanga ku Miyoborere ya Uganda

by Bahanda Bruce
January 28, 2026
0
Perezida Museveni yibutsa Amateka y’Urugamba rwo mu Mashyamba, Anenga Igitutu cy’Amahanga ku Miyoborere ya Uganda

Perezida Museveni yibutsa Amateka y’Urugamba rwo mu Mashyamba, Anenga Igitutu cy’Amahanga ku Miyoborere ya Uganda Mu ijambo rikomeye ryagarutse ku mateka n’icyerekezo cya politiki ya Uganda, Perezida Yoweri...

Read moreDetails
Next Post
Kuri uyu wa Gatatu, ruzindutse rwa mbikanira mu bice byo muri teritwari ya Masisi, hagati ya M23 n’ihuriro ry’Ingabo za Guverinoma ya Kinshasa.

Kuri uyu wa Gatatu, ruzindutse rwa mbikanira mu bice byo muri teritwari ya Masisi, hagati ya M23 n'ihuriro ry'Ingabo za Guverinoma ya Kinshasa.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?