Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

“Intambara ishobora kwaduka mu karere igakora no ku Burundi,” bya tangajwe na Bintu Keita, naho Red Tabara, yigambye kwicya abasirikare b’u Burundi.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
December 12, 2023
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

I gihugu c’u Burundi, gishobora kwisanga muntambara ya karere .

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Ibi n’ibyaraye bitangajwe n’Intumwa y’u muryango w’Abibumbye, muri RDC, Bintu Keita, ubwo bari mu Nama idasanzwe yaka Nama kuriya muryango yateranye kuri uyu wa Mbere, tariki ya 11/12/2023.

Bintu Keita, yagize ati: “Gushamirana hagati y’i gihugu c’u Rwanda na Congo Kinshasa, byongeye kwiyongera muri ibi bihe u mutwe wa M23 ukomeje kwambura ingabo za FARDC ibice birimo na Mushaki, kandi bishobora kuzana intambara izakora no ku gihugu c’u Burundi, mu gihe batabyitwaramo neza.”

Aha Bintu Keita, yarimo atanga raporo k’u mutekano wa RDC. I byo yabivuze mu gihe kandi Ingabo z’u Burundi z’ibarizwa k’ubutaka bwo mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo(TAFOC), zishinjwa na M23 gufatikanya n’ihuriro ry’Ingabo za RDC kurwanya umutwe wa M23.

Gusa leta Zunze Ubumwe za Amerika, zatangaje ku wa Mbere, w’ejo hashize, ahagana isaha z’igitondo ko ubutegetsi bwa Kinshasa na M23 bemeye guhagarika imirwano mu gihe cya masaha 72, ayo masaha akaba yaratangiye kubarwa saa sita zuwo munsi.

Bintu Keita, yatangaje ko intambara ishobora kwaduka mu karere igakora no ku gihugu c’u Burundi, mu gihe ku Cyumweru, tariki 10/12/2023, u mutwe w’Inyeshamba wa Red Tabara, wari umaze kwigamba ko wahitanye abasirikare b’u Burundi batatu(3), mu gitero bari bagabye muri Komine Gihanga mu Ntara ya Bubanza.

Uy’u mutwe wa Red Tabara, wigambye gukora icyo gitero ukoresheje urubuga rwa X rwahoze rwitwa Twitter.

Bagize bati: “Abasirikare ba tatu(3), b’u Burundi bahasize ubuzima mu gitero twabagabyeho kandi ikiraro twarwaniyeho cya Kajeke cyangiritse.”

Uriya mutwe wa Red Tabara, wanatangaje ko k’uruhande rwabo nta muntu wapfuye cangwa ngwa komereke.

Bruce Bahanda.

Tags: Bintu KeitaIntambara ishobora kwaduka igakora no ku gihugu c'u BurundiRed Tabara yigambye kwicya abasirikare b'u Burundi
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post

Umukecyuru yatabawe n'Abasirikare ba FARDC barimo abavuga ururimi rw'Ikinyarwanda.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?