• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, December 5, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

“Intambara ishobora kwaduka mu karere igakora no ku Burundi,” bya tangajwe na Bintu Keita, naho Red Tabara, yigambye kwicya abasirikare b’u Burundi.

minebwenews by minebwenews
December 12, 2023
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

I gihugu c’u Burundi, gishobora kwisanga muntambara ya karere .

You might also like

Amateka Yanditswe i Washington: Perezida Kagame na Tshisekedi Basinye Amasezerano y’Amahoro Yari Ategerejwe n’Isi Yose

Menya Impamvu Trump Yahisemo Kwakirira Tshisekedi na Kagame mu Nyubako Nshya Yitiriwe We, aho Kubakira muri White House

Amahoro nyayo ntashoboka FDLR igihari- Léonard Okitundu w’umunye-Kongo

Ibi n’ibyaraye bitangajwe n’Intumwa y’u muryango w’Abibumbye, muri RDC, Bintu Keita, ubwo bari mu Nama idasanzwe yaka Nama kuriya muryango yateranye kuri uyu wa Mbere, tariki ya 11/12/2023.

Bintu Keita, yagize ati: “Gushamirana hagati y’i gihugu c’u Rwanda na Congo Kinshasa, byongeye kwiyongera muri ibi bihe u mutwe wa M23 ukomeje kwambura ingabo za FARDC ibice birimo na Mushaki, kandi bishobora kuzana intambara izakora no ku gihugu c’u Burundi, mu gihe batabyitwaramo neza.”

Aha Bintu Keita, yarimo atanga raporo k’u mutekano wa RDC. I byo yabivuze mu gihe kandi Ingabo z’u Burundi z’ibarizwa k’ubutaka bwo mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo(TAFOC), zishinjwa na M23 gufatikanya n’ihuriro ry’Ingabo za RDC kurwanya umutwe wa M23.

Gusa leta Zunze Ubumwe za Amerika, zatangaje ku wa Mbere, w’ejo hashize, ahagana isaha z’igitondo ko ubutegetsi bwa Kinshasa na M23 bemeye guhagarika imirwano mu gihe cya masaha 72, ayo masaha akaba yaratangiye kubarwa saa sita zuwo munsi.

Bintu Keita, yatangaje ko intambara ishobora kwaduka mu karere igakora no ku gihugu c’u Burundi, mu gihe ku Cyumweru, tariki 10/12/2023, u mutwe w’Inyeshamba wa Red Tabara, wari umaze kwigamba ko wahitanye abasirikare b’u Burundi batatu(3), mu gitero bari bagabye muri Komine Gihanga mu Ntara ya Bubanza.

Uy’u mutwe wa Red Tabara, wigambye gukora icyo gitero ukoresheje urubuga rwa X rwahoze rwitwa Twitter.

Bagize bati: “Abasirikare ba tatu(3), b’u Burundi bahasize ubuzima mu gitero twabagabyeho kandi ikiraro twarwaniyeho cya Kajeke cyangiritse.”

Uriya mutwe wa Red Tabara, wanatangaje ko k’uruhande rwabo nta muntu wapfuye cangwa ngwa komereke.

Bruce Bahanda.

Tags: Bintu KeitaIntambara ishobora kwaduka igakora no ku gihugu c'u BurundiRed Tabara yigambye kwicya abasirikare b'u Burundi
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Amateka Yanditswe i Washington: Perezida Kagame na Tshisekedi Basinye Amasezerano y’Amahoro Yari Ategerejwe n’Isi Yose

by Bahanda Bruce
December 4, 2025
0
Amateka Yanditswe i Washington: Perezida Kagame na Tshisekedi Basinye Amasezerano y’Amahoro Yari Ategerejwe n’Isi Yose

Amateka Yanditswe i Washington: Perezida Kagame na Tshisekedi Basinye Amasezerano y’Amahoro Yari Ategerejwe n’Isi Yose Mu muhango w’amateka wabereye i Washington DC, Perezida Paul Kagame w’u Rwanda na...

Read moreDetails

Menya Impamvu Trump Yahisemo Kwakirira Tshisekedi na Kagame mu Nyubako Nshya Yitiriwe We, aho Kubakira muri White House

by Bahanda Bruce
December 4, 2025
0
Menya Impamvu Trump Yahisemo Kwakirira Tshisekedi na Kagame mu Nyubako Nshya Yitiriwe We, aho Kubakira muri White House

Menya Impamvu Trump Yahisemo Kwakirira Tshisekedi na Kagame mu Nyubako Nshya Yitiriwe We, aho Kubakira muri White House Itangazo ryasohowe kuri uyu wa kane tariki ya 04/12/2025, na...

Read moreDetails

Amahoro nyayo ntashoboka FDLR igihari- Léonard Okitundu w’umunye-Kongo

by Bahanda Bruce
December 4, 2025
0
Amahoro nyayo ntashoboka FDLR igihari- Léonard Okitundu w’umunye-Kongo

Amahoro nyayo ntashoboka FDLR igihari- Léonard Okitundu w'umunye-Kongo Léonard She Okitundu, wahoze ari Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo (2016–2019) akaba ubu ari Umudepite ndetse...

Read moreDetails

Iby’ingenzi ku Masezerano ya Washington hagati y’u Rwanda na RDC

by Bahanda Bruce
December 4, 2025
0
Perezida Kagame na Tshisekedi bagiye gusinya amasezerano akomeye ashobora guhindura isura y’umutekano mu Karere k’Ibiyaga Bigari

Iby’ingenzi ku Masezerano ya Washington hagati y’u Rwanda na RDC Repubulika ya Demokarasi ya Congo (RDC) na Repubulika y’u Rwanda tariki ya 27/06/2025 zasinye i Washington amasezerano akomeye...

Read moreDetails

Perezida Tshisekedi mu Ihurizo Rikomeye i Washington, amasezerano Ashobora Kwigaranzura Ubutegetsi Bwe

by Bahanda Bruce
December 3, 2025
0
Perezida Tshisekedi mu Ihurizo Rikomeye i Washington, amasezerano Ashobora Kwigaranzura Ubutegetsi Bwe

Perezida Tshisekedi mu Ihurizo Rikomeye i Washington, amasezerano Ashobora Kwigaranzura Ubutegetsi Bwe Perezida Félix Tshisekedi Tshilombo ari mu rugendo rufatwa nk’urugena imiterere y’ahazaza h’ubutegetsi bwe. Nyuma y’igihe kinini...

Read moreDetails
Next Post

Umukecyuru yatabawe n'Abasirikare ba FARDC barimo abavuga ururimi rw'Ikinyarwanda.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?