• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, January 31, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ishirahamwe ry’Abari n’Abategarugori bo mu Burundi banenze perezida w’u Burundi, washinje u Rwanda gufasha Red Tabara.

minebwenews by minebwenews
January 2, 2024
in Regional Politics
0
61
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ishirahamwe ry’ A bari n’Abategarugori bo mu gihugu c’u Burundi, banenze ijambo perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, aheruka kugeza k’u Barundi, aho yashinje u Rwanda, gufasha no gucumbikira Inyeshamba zo mu mutwe wa Red Tabara, zirwanya leta ya Bujumbura.

You might also like

Afurika Ikomeje Kwiyubaka mu Gisirikare, Menya Ibihugu 10 Biyoboye Umugabane mu Mbaraga za Gisirikare mu 2026

Perezida Faure Yageze mu Rwanda, mu Ruzinduko Rw’Ingenzi mu Rugendo rwo Gushakira Amahoro Akarere

RDC: Perezida Félix Tshisekedi yakiriye Abahuza b’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Rugendo rwo Gushakira Amahoro Uburasirazuba bw’Igihugu

Binyuze mu muyobozi mu kuru wiryo shirahamwe r’izwi kw’izina rya “Inamahoro,” umuyobozi waryo, mukuru madame Marie Louise, yagize ati: “I kibazo cyo gushinja u Rwanda, ko arirwo nyiribayazana w’ibibazo biri mu Burundi, sibyo, nagato! Ibibazo by’u Burundi biri mu maboko y’abarundi kugira ngo bishire bivana n’uruhare abarundi ba bigizemo bafashijwe n’ubuyobozi.”

“Kwegeka i bibazo u Burundi, bufite ukavuga ko ba bitewe n’ibihugu by’abaturanyi sinshidikanya ko aho hatarimo kwibesha. Harimo kwibesha rwose.”

Yakomeje agira ati: “I bibazo by’abarundi abarundi bagomba ku byikemurira bonyine. Igihe ingorane zawe uzazegeka ku bandi, bigaragaza ko ushaka ko inshingano zawe uzazekorerwa n’abandi.”

Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, ijambo rye, ku Barundi, rizosa umwaka w’2023, y’ikomye u Rwanda, avuga ko rufasha Red Tabara, ko kandi bacyumbikiye izo Nyeshamba.

Yagize ati: “Twari tugize iminsi tuganira n’ubutegetsi bw’u Rwanda, ku kibazo cya Red Tabara, tuziko bazobohereza mu Burundi ngo bacirwe urubanza ariko twaje gusanga u Rwanda rwara dufata kumaso, hubwo barimo ba begeranya ngo babone uko batera u Burundi.”

“Tugiye gufata Ingamba nshyasha ku Rwanda, tuzasaba amahanga adufashe kw’ikoma u Rwanda, ru cyumbikiye Red Tabara.”

Ndayishimiye kandi, yashinje u mutwe wa M23 ko urimo abarwanyi ba Red Tabara. Ibyo M23 itera utwatsi hubwo bagashinja leta ya Bujumbura, guhabwa ruswa na Kinshasa, kugira ngo ingabo z’u Burundi zifatanye na FDLR, FARDC na Wazalendo, ku rwanya umutwe wa M23.

Ubwo perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, yagezaga ijambo ku banyarwanda, tariki ya 31/12/2023, yavuze ko icyo azakomeza gushira imbere ko ari umutekano wa banyarwanda ko kandi abatekereza gushwanyaguza u Rwanda aribo bizabaho.

Ati: “Ndagira ngo mbabwire ko dushobora kunengwa no kuvugwa nabi uko byaba bingana kose n’ubwo kenshi byaba bidafite ishingiro. Twe tuzakomeza gukora ibikenewe ku gira ngo Abanyarwanda bahore batekanye uko byagenda kose.”

“Kuvuga ngo umuntu arategura imigambi ye yo guhungabanya umutekano w’u Rwanda, gutera u Rwanda akarushwanyaguza? icyo tuzi niki se? Aho gushwanyagurika, twarahageze turahazi, ahubwo bizaba kubatekereza kugira gutyo.”

Yakomeje agira ati: “Nta gishobora kutubaho kiri hanyuma y’ibyatubayeho, ubwo rero Ushobora ku dukiriraho cyangwa kudukoresha kugira ngo agere ku bye, ibyo biramureba.”

Bruce Bahanda.

Tags: Abifuza gushwanyaguza u Rwanda nibo bizabahoBanenze Ndayishimiye w'u Burundi washinjye u Rwanda gufasha Red TabaraIshirahamwe ryabari n'Abategarugori bo mu gihugu cu BurundiKagame w'u Rwanda
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Afurika Ikomeje Kwiyubaka mu Gisirikare, Menya Ibihugu 10 Biyoboye Umugabane mu Mbaraga za Gisirikare mu 2026

by Bahanda Bruce
January 31, 2026
0
Afurika Ikomeje Kwiyubaka mu Gisirikare, Menya Ibihugu 10 Biyoboye Umugabane mu Mbaraga za Gisirikare mu 2026

Afurika Ikomeje Kwiyubaka mu Gisirikare, Menya Ibihugu 10 Biyoboye Umugabane mu Mbaraga za Gisirikare mu 2026 Mu myaka ya vuba, umugabane wa Afurika wakomeje kugaragaza impinduka zifatika mu...

Read moreDetails

Perezida Faure Yageze mu Rwanda, mu Ruzinduko Rw’Ingenzi mu Rugendo rwo Gushakira Amahoro Akarere

by Bahanda Bruce
January 30, 2026
0
Perezida Faure Yageze mu Rwanda, mu Ruzinduko Rw’Ingenzi mu Rugendo rwo Gushakira Amahoro Akarere

Faure Yageze mu Rwanda, mu Ruzinduko Rw’Ingenzi mu Rugendo rwo Gushakira Amahoro Akarere Perezida w’Inama y’Abaminisitiri ya Togo, Faure Essozimna Gnassingbé, yageze mu Rwanda mu ijoro ryo ku...

Read moreDetails

RDC: Perezida Félix Tshisekedi yakiriye Abahuza b’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Rugendo rwo Gushakira Amahoro Uburasirazuba bw’Igihugu

by Bahanda Bruce
January 30, 2026
0
RDC: Perezida Félix Tshisekedi yakiriye Abahuza b’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Rugendo rwo Gushakira Amahoro Uburasirazuba bw’Igihugu

RDC: Perezida Félix Tshisekedi yakiriye Abahuza b’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Rugendo rwo Gushakira Amahoro Uburasirazuba bw’Igihugu Ku wa Kane tariki ya 29/01/2026, Perezida wa Repubulika Iharanira...

Read moreDetails

Jean Maurice Uwera Yagizwe Umuvugizi Wungirije wa Leta y’u Rwanda: Ibyo Ukeneye Kumenya ku Muvugizi Mushya

by Bahanda Bruce
January 29, 2026
0
Jean Maurice Uwera Yagizwe Umuvugizi Wungirije wa Leta y’u Rwanda: Ibyo Ukeneye Kumenya ku Muvugizi Mushya

Jean Maurice Uwera Yagizwe Umuvugizi Wungirije wa Leta y’u Rwanda: Ibyo Ukeneye Kumenya ku Muvugizi Mushya Ku mugoroba wo ku wa Gatatu tariki ya 28/01/2026, Perezida w’u Rwanda,...

Read moreDetails

Perezida Museveni yibutsa Amateka y’Urugamba rwo mu Mashyamba, Anenga Igitutu cy’Amahanga ku Miyoborere ya Uganda

by Bahanda Bruce
January 28, 2026
0
Perezida Museveni yibutsa Amateka y’Urugamba rwo mu Mashyamba, Anenga Igitutu cy’Amahanga ku Miyoborere ya Uganda

Perezida Museveni yibutsa Amateka y’Urugamba rwo mu Mashyamba, Anenga Igitutu cy’Amahanga ku Miyoborere ya Uganda Mu ijambo rikomeye ryagarutse ku mateka n’icyerekezo cya politiki ya Uganda, Perezida Yoweri...

Read moreDetails
Next Post

Umusirikare wiswe intwari mu Ngabo za RDC, Colonel Mamadou Ndala Moustapha, imyaka 10 irarangiye apfuye.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?