• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, March 22, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ishirahamwe ry’Abari n’Abategarugori bo mu Burundi banenze perezida w’u Burundi, washinje u Rwanda gufasha Red Tabara.

minebwenews by minebwenews
January 2, 2024
in Regional Politics
0
61
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ishirahamwe ry’ A bari n’Abategarugori bo mu gihugu c’u Burundi, banenze ijambo perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, aheruka kugeza k’u Barundi, aho yashinje u Rwanda, gufasha no gucumbikira Inyeshamba zo mu mutwe wa Red Tabara, zirwanya leta ya Bujumbura.

You might also like

Abimukira b’Abarundi n’Abanye-Congo bapfiriye mu rugendo rushyira ubuzima bwabo mu kaga

Imvura Yateje Imyuzure i Nateete i Kampala

Rugoboza David Yandikiye Umunyamabanga Mukuru wa LONI Asaba Ingamba Zikomeye zo Kurinda Abasivili

Binyuze mu muyobozi mu kuru wiryo shirahamwe r’izwi kw’izina rya “Inamahoro,” umuyobozi waryo, mukuru madame Marie Louise, yagize ati: “I kibazo cyo gushinja u Rwanda, ko arirwo nyiribayazana w’ibibazo biri mu Burundi, sibyo, nagato! Ibibazo by’u Burundi biri mu maboko y’abarundi kugira ngo bishire bivana n’uruhare abarundi ba bigizemo bafashijwe n’ubuyobozi.”

“Kwegeka i bibazo u Burundi, bufite ukavuga ko ba bitewe n’ibihugu by’abaturanyi sinshidikanya ko aho hatarimo kwibesha. Harimo kwibesha rwose.”

Yakomeje agira ati: “I bibazo by’abarundi abarundi bagomba ku byikemurira bonyine. Igihe ingorane zawe uzazegeka ku bandi, bigaragaza ko ushaka ko inshingano zawe uzazekorerwa n’abandi.”

Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, ijambo rye, ku Barundi, rizosa umwaka w’2023, y’ikomye u Rwanda, avuga ko rufasha Red Tabara, ko kandi bacyumbikiye izo Nyeshamba.

Yagize ati: “Twari tugize iminsi tuganira n’ubutegetsi bw’u Rwanda, ku kibazo cya Red Tabara, tuziko bazobohereza mu Burundi ngo bacirwe urubanza ariko twaje gusanga u Rwanda rwara dufata kumaso, hubwo barimo ba begeranya ngo babone uko batera u Burundi.”

“Tugiye gufata Ingamba nshyasha ku Rwanda, tuzasaba amahanga adufashe kw’ikoma u Rwanda, ru cyumbikiye Red Tabara.”

Ndayishimiye kandi, yashinje u mutwe wa M23 ko urimo abarwanyi ba Red Tabara. Ibyo M23 itera utwatsi hubwo bagashinja leta ya Bujumbura, guhabwa ruswa na Kinshasa, kugira ngo ingabo z’u Burundi zifatanye na FDLR, FARDC na Wazalendo, ku rwanya umutwe wa M23.

Ubwo perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, yagezaga ijambo ku banyarwanda, tariki ya 31/12/2023, yavuze ko icyo azakomeza gushira imbere ko ari umutekano wa banyarwanda ko kandi abatekereza gushwanyaguza u Rwanda aribo bizabaho.

Ati: “Ndagira ngo mbabwire ko dushobora kunengwa no kuvugwa nabi uko byaba bingana kose n’ubwo kenshi byaba bidafite ishingiro. Twe tuzakomeza gukora ibikenewe ku gira ngo Abanyarwanda bahore batekanye uko byagenda kose.”

“Kuvuga ngo umuntu arategura imigambi ye yo guhungabanya umutekano w’u Rwanda, gutera u Rwanda akarushwanyaguza? icyo tuzi niki se? Aho gushwanyagurika, twarahageze turahazi, ahubwo bizaba kubatekereza kugira gutyo.”

Yakomeje agira ati: “Nta gishobora kutubaho kiri hanyuma y’ibyatubayeho, ubwo rero Ushobora ku dukiriraho cyangwa kudukoresha kugira ngo agere ku bye, ibyo biramureba.”

Bruce Bahanda.

Tags: Abifuza gushwanyaguza u Rwanda nibo bizabahoBanenze Ndayishimiye w'u Burundi washinjye u Rwanda gufasha Red TabaraIshirahamwe ryabari n'Abategarugori bo mu gihugu cu BurundiKagame w'u Rwanda
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Abimukira b’Abarundi n’Abanye-Congo bapfiriye mu rugendo rushyira ubuzima bwabo mu kaga

by Bahanda Bruce
March 22, 2026
0
Abimukira b’Abarundi n’Abanye-Congo bapfiriye mu rugendo rushyira ubuzima bwabo mu kaga

Abimukira b’Abarundi n’Abanye-Congo bapfiriye mu rugendo rushyira ubuzima bwabo mu kaga Inkuru iteye agahinda yagaragaye mu karere k’inyanja y’Abahinde, aho abantu bakomoka mu bihugu bya Afurika yo hagati...

Read moreDetails

Imvura Yateje Imyuzure i Nateete i Kampala

by Bahanda Bruce
March 21, 2026
0
Imvura Yateje Imyuzure i Nateete i Kampala

Imvura Yateje Imyuzure i Nateete i Kampala Abatwara ibinyabiziga mu gace ka Nateete, kari muri Diviziyo ya Rubaga mu Mujyi wa Kampala mu gihugu cya Uganda, bahuye n’akazi...

Read moreDetails

Rugoboza David Yandikiye Umunyamabanga Mukuru wa LONI Asaba Ingamba Zikomeye zo Kurinda Abasivili

by Bahanda Bruce
March 21, 2026
0
Rugoboza David Yandikiye Umunyamabanga Mukuru wa LONI Asaba Ingamba Zikomeye zo Kurinda Abasivili

Rugoboza David Yandikiye Umunyamabanga Mukuru wa LONI Asaba Ingamba Zikomeye zo Kurinda Abasivili Umunyamulenge, Rugoboza David Muvandimwe, uri mu buhungiro mu gihugu cya Kenya, yageneye ubutumwa bukomeye Umunyamabanga...

Read moreDetails

Rugoboza David exige des mesures urgentes pour protéger les civils en RDC

by Bahanda Bruce
March 21, 2026
0
Rugoboza David exige des mesures urgentes pour protéger les civils en RDC

Rugoboza David exige des mesures urgentes pour protéger les civils en RDC Rugoboza David Muvandimwe, membre de la communauté banyamulenge actuellement réfugié au Kenya, a adressé un message...

Read moreDetails

Ubumwe bw’u Burayi Bukomeje Gushyigikira Ingabo z’u Rwanda Nubwo Amerika Yazifatiye Ibihano

by Bahanda Bruce
March 20, 2026
0
Ubumwe bw’u Burayi Bukomeje Gushyigikira Ingabo z’u Rwanda Nubwo Amerika Yazifatiye Ibihano

Ubumwe bw’u Burayi Bukomeje Gushyigikira Ingabo z’u Rwanda Nubwo Amerika Yazifatiye Ibihano Ubumwe bw’u Burayi (UE) bwafashe icyemezo cyo gukomeza gutera inkunga ingabo z’u Rwanda, nubwo Leta Zunze...

Read moreDetails
Next Post

Umusirikare wiswe intwari mu Ngabo za RDC, Colonel Mamadou Ndala Moustapha, imyaka 10 irarangiye apfuye.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?