• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, October 23, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Jose Bemba wari uzwi mu barinzi barinda umukuru w’igihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, yapfuye urupfu ruteye agahinda.

minebwenews by minebwenews
April 13, 2024
in Regional Politics
0
Jose Bemba wari uzwi mu barinzi barinda umukuru w’igihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, yapfuye urupfu ruteye agahinda.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umwe mu barinzi ba perezida Félix Tshisekedi yishwe urupfu rubi.

You might also like

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

Ni Jose Bemba wari mu ngabo zirinda umukuru w’igihugu (Garde du corps de Félix Tshisekedi), muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, wasanzwe umurambo we, urambitse imbere y’urugo, i Kinshasa ku murwa mukuru, nk’uko iy’inkuru tuyikesha urubuga rwa Sasa Studio.

Uru rubuga rwa tangaje ko Jose Bemba wari uzwi ku mazina ya Djize Muabilayi Bemba, ko yishwe urupfu rubi, ko kandi umurambo we, watoraguwe ku wa Kane, tariki ya 11/12/2024.

Ruvuga kandi ko urupfu uyu murinzi yapfuyemo rutazwi neza, ndetse ko hari n’amakuru amwe avuga ko Jose Bemba yoba yari yahuye.

Gusa, ku munsi w’ejo hashize hatanzwe amakuru ko umurinzi wa Perezida Félix Tshisekedi uheruka gushira amakuru y’ibanga ye, hanze ko yishwe. Ayo makuru yibanga yavuga ko Tshisekedi yagiye mu gihugu cy’u Bubiligi kwivuza indwara y’imyanya myibarukiro, kwihagarika nabi no kuba ngo arwara prostate.

Ni mu gihe Tshisekedi yari yagiriye uruzinduko mu Bubiligi ariko agenda adasezeye, dore ko ibi nyamakuru bimwe harimo nibyo mu Bubiligi byari byatangaje ko Tshisekedi yagiye mu gihugu cy’u Rwanda.

Kuva ku wa Gatandatu w’i Cyumweru gishize, nibwo perezida Félix Tshisekedi byatangiye guhwihwiswa ko aho aherereye hatazwi.

Kuba ayo makuru yarashizwe hanze na Jose Bemba wari umurinzi wa Tshisekedi, ngo biri mubyatunye yicwa.

Ibyo bibaye mu gihe perezida Félix Tshisekedi yongeye gusesekara i Kinshasa ku murwa mukuru w’i Gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, aho yaraye ageze ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 12/04/2024.

         MCN.
Tags: Jose BembaUmurinzi wa TshisekediYapfuye urupfu ruteye agahinda
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC U Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo, byongeye guhurira i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe z'Amerika, mu...

Read moreDetails

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n'abarwanye intambara yo kubohora u Rwanda Ababarirwa mu mirongo barimo abahungu n'abagabo, bavuye mu gice kizwi nk'i Rukombe binjira igisirikare cy'umutwe wa FDL...

Read moreDetails

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by'ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n'u Rwanda Perezida w'u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yasabye u Bufaransa ngo bumuhurize mu biganiro n'u Rwanda,...

Read moreDetails

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yagiranye ibiganiro na AFC/M23 Perezida w'u Burundi Evariste Ndayishimiye yagiranye ibiganiro by'ibanga n'intumwa z'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate Abarundi mu mujyi wa Bujumbura bawutwikiyemo imodoka ifite pulake y'u Rwanda nyuma y'amagambo yatangajwe n'umushoramari w'Umunyarwanda Sadate Munyakazi. Iyi modoka...

Read moreDetails
Next Post
Umukuru w’i Gihugu cy’u Burundi, Evariste Ndayishimiye yongeye kuvuga ibisa no guha abenegihugu be, urwamenyo.

Umukuru w'i Gihugu cy'u Burundi, Evariste Ndayishimiye yongeye kuvuga ibisa no guha abenegihugu be, urwamenyo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?