• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, August 13, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Jose Bemba wari uzwi mu barinzi barinda umukuru w’igihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, yapfuye urupfu ruteye agahinda.

minebwenews by minebwenews
April 13, 2024
in Regional Politics
0
Jose Bemba wari uzwi mu barinzi barinda umukuru w’igihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, yapfuye urupfu ruteye agahinda.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umwe mu barinzi ba perezida Félix Tshisekedi yishwe urupfu rubi.

You might also like

Kinshasa et Bujumbura prépareraient-ils quelque chose dans le secret ? Le général Prime, les avions des FARDC et Erik Prince au cœur des nouvelles interrogations au Sud-Kivu

Kinshasa na Bujumbura Hari Ibyo Bategura Mu Ibanga? Gen. Prime, Indege za FARDC na Erik Prince Bagarutse Mu Ishusho ya Kivu y’Amajyepfo

Tshisekedi i Dar es Salaam: Ibanga Rikomeye Ryihishe inyuma y’Urugendo—Kabila, M23 na Kalemie Bihuriye he?

Ni Jose Bemba wari mu ngabo zirinda umukuru w’igihugu (Garde du corps de Félix Tshisekedi), muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, wasanzwe umurambo we, urambitse imbere y’urugo, i Kinshasa ku murwa mukuru, nk’uko iy’inkuru tuyikesha urubuga rwa Sasa Studio.

Uru rubuga rwa tangaje ko Jose Bemba wari uzwi ku mazina ya Djize Muabilayi Bemba, ko yishwe urupfu rubi, ko kandi umurambo we, watoraguwe ku wa Kane, tariki ya 11/12/2024.

Ruvuga kandi ko urupfu uyu murinzi yapfuyemo rutazwi neza, ndetse ko hari n’amakuru amwe avuga ko Jose Bemba yoba yari yahuye.

Gusa, ku munsi w’ejo hashize hatanzwe amakuru ko umurinzi wa Perezida Félix Tshisekedi uheruka gushira amakuru y’ibanga ye, hanze ko yishwe. Ayo makuru yibanga yavuga ko Tshisekedi yagiye mu gihugu cy’u Bubiligi kwivuza indwara y’imyanya myibarukiro, kwihagarika nabi no kuba ngo arwara prostate.

Ni mu gihe Tshisekedi yari yagiriye uruzinduko mu Bubiligi ariko agenda adasezeye, dore ko ibi nyamakuru bimwe harimo nibyo mu Bubiligi byari byatangaje ko Tshisekedi yagiye mu gihugu cy’u Rwanda.

Kuva ku wa Gatandatu w’i Cyumweru gishize, nibwo perezida Félix Tshisekedi byatangiye guhwihwiswa ko aho aherereye hatazwi.

Kuba ayo makuru yarashizwe hanze na Jose Bemba wari umurinzi wa Tshisekedi, ngo biri mubyatunye yicwa.

Ibyo bibaye mu gihe perezida Félix Tshisekedi yongeye gusesekara i Kinshasa ku murwa mukuru w’i Gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, aho yaraye ageze ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 12/04/2024.

         MCN.
Tags: Jose BembaUmurinzi wa TshisekediYapfuye urupfu ruteye agahinda
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Kinshasa et Bujumbura prépareraient-ils quelque chose dans le secret ? Le général Prime, les avions des FARDC et Erik Prince au cœur des nouvelles interrogations au Sud-Kivu

by Bahanda Bruce
August 13, 2026
0
Kinshasa et Bujumbura prépareraient-ils quelque chose dans le secret ? Le général Prime, les avions des FARDC et Erik Prince au cœur des nouvelles interrogations au Sud-Kivu

Kinshasa et Bujumbura prépareraient-ils quelque chose dans le secret ? Le général Prime, les avions des FARDC et Erik Prince au cœur des nouvelles interrogations au Sud-Kivu Minembwe...

Read moreDetails

Kinshasa na Bujumbura Hari Ibyo Bategura Mu Ibanga? Gen. Prime, Indege za FARDC na Erik Prince Bagarutse Mu Ishusho ya Kivu y’Amajyepfo

by Bahanda Bruce
August 13, 2026
0
Kinshasa na Bujumbura Hari Ibyo Bategura Mu Ibanga? Gen. Prime, Indege za FARDC na Erik Prince Bagarutse Mu Ishusho ya Kivu y’Amajyepfo

Kinshasa na Bujumbura Hari Ibyo Bategura Mu Ibanga? Gen. Prime, Indege za FARDC na Erik Prince Bagarutse Mu Ishusho ya Kivu y’Amajyepfo Minembwe Capital News Mu gihe intambara...

Read moreDetails

Tshisekedi i Dar es Salaam: Ibanga Rikomeye Ryihishe inyuma y’Urugendo—Kabila, M23 na Kalemie Bihuriye he?

by Bahanda Bruce
August 12, 2026
0
Tshisekedi i Dar es Salaam: Ibanga Rikomeye Ryihishe inyuma y’Urugendo—Kabila, M23 na Kalemie Bihuriye he?

Tshisekedi i Dar es Salaam: Ibanga Rikomeye Ryihishe inyuma y’Urugendo—Kabila, M23 na Kalemie Bihuriye he? Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi, aravugwa ko ategerejwe...

Read moreDetails

Afurika Irashaka Guhagarika Intambara: Ibyo Urubyiruko n’Abagore Baganiraho i Bujumbura

by Bahanda Bruce
August 11, 2026
0
Afurika Irashaka Guhagarika Intambara: Ibyo Urubyiruko n’Abagore Baganiraho i Bujumbura

Afurika Irashaka Guhagarika Intambara: Ibyo Urubyiruko n’Abagore Baganiraho i Bujumbura MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) I Bujumbura mu Burundi hatangiye inama mpuzamahanga yibanda ku ruhare rw’urubyiruko mu kubaka amahoro,...

Read moreDetails

Ibura ry’amazi i Bujumbura mu Burundi riravuza ubuhuha, CNDD-FDD irabishinjwa

by Bahanda Bruce
August 11, 2026
0
Ibura ry’amazi i Bujumbura mu Burundi riravuza ubuhuha, CNDD-FDD irabishinjwa

Ibura ry’amazi i Bujumbura mu Burundi riravuza ubuhuha, CNDD-FDD irabishinjwa Ikibazo cy’ibura ry’amazi meza gikomeje guteza impungenge mu bice bitandukanye by’Umujyi wa Bujumbura no mu nkengero zawo, aho...

Read moreDetails
Next Post
Umukuru w’i Gihugu cy’u Burundi, Evariste Ndayishimiye yongeye kuvuga ibisa no guha abenegihugu be, urwamenyo.

Umukuru w'i Gihugu cy'u Burundi, Evariste Ndayishimiye yongeye kuvuga ibisa no guha abenegihugu be, urwamenyo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 amahoro America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kabila Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Mikenke Minembwe Monusco MRDP-TWIRWANEHO Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?