• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, September 11, 2026
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
  • Login
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Katumbi yagaragaje uruhande ashigikiye nyuma y’aho Kabila ashyinze icyama kirwanya Tshisekedi

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
October 31, 2025
in Conflict & Security
1
Katumbi yagaragaje uruhande ashigikiye nyuma y’aho Kabila ashyinze icyama kirwanya Tshisekedi
97
SHARES
2.4k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Katumbi yagaragaje uruhande ashigikiye nyuma y’aho Kabila ashyinze icyama kirwanya Tshisekedi

Icyama cya “Ensemble pour la Republique” cya Maise Katumbi, cyagaragaje ko kidashigikiye ihuriro ry’amashyaka riheruka gushyingwa na Joseph Kabila wayoboye Repubulika ya demokarasi ya Congo imyaka 18.

READ ALSO

C64 Igiye Kugaragariza Kinshasa Imbaraga mu Myigaragambyo yo Kurengera Itegeko Nshinga

MWENGA: Radio Community de Mwenga Yatewe, Ibikoresho Birasahurwa n’Ibiganiro Birahagarara

Mu minsi mike ishize nibwo Joseph Kabila n’abandi banyapolitiki batavuga rumwe n’ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi, bahuriye i Nairobi muri Kenya, banashyingirayo ihuriro ry’amashyaka bise “Movement Sauvons la RDC.” Bavuga ko rigamije “ugukiza” igihugu cyabo mu kaga katewe n’ubutegetsi bwa perezida Tshisekedi wasimbuye Kabila.

Katumbi na we uri mubatavuga rumwe n’ubutegetsi bwa RDC, ariko utaritabiriye iriya nama yogushinga ririya huriro, ubwo yabazwaga icyatumye atayitabira yagize ati: “Umuryango nyoboye wa Ensemble pour la Republique wanze kwishora mu mushinga uyobowe na Joseph Kabila.”

Ibi byagaragaje ko hagati ya Joseph Kabila na Moïse Katumbi hari umwuka mubi. Ni mu gihe amakimbirane hagati y’aba bagabo yavutse mu myaka ya 2016 na 2018, ubwo Katumbi yabuzwaga guhatanira umwanya w’umukuru w’igihugu mu matora yabaye icyo gihe.

Cyobikoze n’ubwo ar’uko byagaragajwe, ariko ababikurikiranira hafi bavuga ko hakiri icyizere cy’uko Kabila na Katumbi bo kwiyunga, mu rwego rwo gushaka imbaraga zizabafasha kurwanya ubutegetsi bw’i Kinshasa.

Tags: KabilaKatumbiSouvons la RDC

Related Posts

C64 Igiye Kugaragariza Kinshasa Imbaraga mu Myigaragambyo yo Kurengera Itegeko Nshinga
Conflict & Security

C64 Igiye Kugaragariza Kinshasa Imbaraga mu Myigaragambyo yo Kurengera Itegeko Nshinga

September 11, 2026
MWENGA: Radio Community de Mwenga Yatewe, Ibikoresho Birasahurwa n’Ibiganiro Birahagarara
Conflict & Security

MWENGA: Radio Community de Mwenga Yatewe, Ibikoresho Birasahurwa n’Ibiganiro Birahagarara

September 11, 2026
Kasheke: Inkongi y’Umuriro Ihinduye Umunsi w’Amashuri Umunsi w’Amarira
Conflict & Security

Abantu 26 Bahitanywe n’Inkongi i Bukavu: AFC/M23 Itangaje Iminsi 3 y’Icyunamo

September 11, 2026
Ibyo wamenya kuri P5 yongeye kuvugwa mu misozi y’i Mulenge, nyuma yo kuzamuka imisozi ibiri hamwe na FARDC nyinshi, FDLR n’ingabo z’u Burundi
Conflict & Security

FARDC, Ingabo z’u Burundi n’Imitwe Yitwaje Intwaro Bageze mu Bice bya Rurambo na Ndondo: Amakuru Mashya ku Miterere y’Ingabo Ziri Kuzamuka Ziva i Uvira

September 11, 2026
Shaka Nyamusaraba Ari He? Amakuru Mashya Atandukanye Yagaragaje Ibyihishe ku Rugendo Rwe i Kinshasa
Conflict & Security

Shaka Nyamusaraba Ari He? Amakuru Mashya Atandukanye Yagaragaje Ibyihishe ku Rugendo Rwe i Kinshasa

September 10, 2026
AFC/M23 Yatangaje Umubare w’Abahitanywe n’Inkongi y’Umuriro i Bukavu n’Abakomeretse
Conflict & Security

AFC/M23 Yatangaje Umubare w’Abahitanywe n’Inkongi y’Umuriro i Bukavu n’Abakomeretse

September 10, 2026
Next Post
Abarimo ibyamamare mu muziki muri Tanzania bahunze igihugu

Abarimo ibyamamare mu muziki muri Tanzania bahunze igihugu

Comments 1

  1. Rugenerwa Bigangu Jackson says:
    10 months ago

    Bazoruha baze Bose gusa nukubanza kubachisha kundaraza

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Conflict & Security Regional Politics Religion Shop & Explore sport & entertainment Uncategorized World News

RECENT POSTS

  • C64 Igiye Kugaragariza Kinshasa Imbaraga mu Myigaragambyo yo Kurengera Itegeko Nshinga
  • MWENGA: Radio Community de Mwenga Yatewe, Ibikoresho Birasahurwa n’Ibiganiro Birahagarara
  • Abantu 26 Bahitanywe n’Inkongi i Bukavu: AFC/M23 Itangaje Iminsi 3 y’Icyunamo
  • About Us
  • Home
  • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In
Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?