Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Kivu y’Amajyepfo irarumutswa abayobozi bashya gusa.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
June 11, 2025
in Regional Politics
0
Kivu y’Amajyepfo irarumutswa abayobozi bashya gusa.
76
SHARES
1.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Kivu y’Amajyepfo irarumutswa abayobozi bashya gusa.

You might also like

Agezweho y’Ingabo za Afrika y’Epfo ziri gucyurwa zivanwa muri RDC.

Umuyobozi wa MONUSCO ategerejwe i Goma kuganira na AFC/M23.

Amerika na RDC byagaragaje icyo byifuza ku Rwanda kugira ngo hasinywe amasezerano y’amahoro.

Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC, ribarizwamo umutwe wa M23 n’uwa Twirwaneho ryashyizeho abayobozi b’intara ya Kivu y’Amajyepfo, guverineri na visi guverineri.

Uwagizwe guverineri ni Busu Bwa Ngwi Nshombo mu gihe umwungirije yagizwe Gadi Mukiza Nzabinesha, nk’uko byatangajwe na AFC/M23 mu itangazo yashyize hanze ku mugoroba wo kuri uyu wa gatatu tariki ya 11/06/2025.

Lawrence Kanyuka umuvugizi wa AFC/M23 akoresheje urubuga rwa x, yanditse avuga ko Emmanuel Birato wari guverineri w’i ntara ya Kivu y’Amajyepfo yakuwe kuri izi nshingano ahabwa izindi. Izi nshingano zikaba zahawe Busu Bwa Ngwi Nshombo.

Uyu Gadi Nzabinesha Mukiza w’ungirije Busu Bwa Ngwi, yari Bourgmestre wa komine ya Minembwe kuva mu myaka itanu ishize.

Busa Bwa Ngwi Nshombo yahoze na we ari umudipite muri iki gihugu, akaba yari uwo mushyaka rya Vitala Kamerhe rya UNC.

Tags: Busa Bwa Ngwi NshomboGuverineriKivu yamajy'Epfo
Share30Tweet19Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Agezweho y’Ingabo za Afrika y’Epfo ziri gucyurwa zivanwa muri RDC.

by Bruce Bahanda
June 12, 2025
0
Agezweho y’Ingabo za Afrika y’Epfo ziri gucyurwa zivanwa muri RDC.

Agezweho y'Ingabo za Afrika y'Epfo ziri gucyurwa zivanwa muri RDC. Ingabo za Afrika y'Epfo zari zaroherejwe mu Burasizuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo mu butumwa bwa SADC,...

Read moreDetails

Umuyobozi wa MONUSCO ategerejwe i Goma kuganira na AFC/M23.

by Bruce Bahanda
June 11, 2025
0
Umuyobozi wa MONUSCO ategerejwe i Goma kuganira na AFC/M23.

Umuyobozi wa MONUSCO ategerejwe i Goma kuganira na AFC/M23. Intumwa idasanzwe y'Umunyamabanga mukuru w'umuryango w'Abibumbye ( UN) muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, Bintou Keita, ategerejwe mu mujyi...

Read moreDetails

Amerika na RDC byagaragaje icyo byifuza ku Rwanda kugira ngo hasinywe amasezerano y’amahoro.

by Bruce Bahanda
June 11, 2025
0
Amerika na RDC byagaragaje icyo byifuza ku Rwanda kugira ngo hasinywe amasezerano y’amahoro.

Amerika na RDC byagaragaje icyo byifuza ku Rwanda kugira ngo hasinywe amasezerano y'amahoro. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zirigushyira imbaraga ku Rwanda, aho zirusaba kuvana ingabo zarwo k'u butaka...

Read moreDetails

RDC yagize icyo ivuga ku Rwanda rwikuye mu muryango wa CEEAC.

by Bruce Bahanda
June 10, 2025
0
Kigali yafashe umwanzuro ukakaye nyuma y’uko RDC iyitambitse imbere.

RDC yagize icyo ivuga ku Rwanda rwikuye mu muryango wa CEEAC. Abategetsi ba Repubulika ya demokarasi ya Congo, bagaragaje impungenge zikomeye nyuma y'aho u Rwanda rwikuye mu muryango...

Read moreDetails

Kajugujugu y’Ingabo z’u Burundi yafashwe n’inyeshyamba.

by Bruce Bahanda
June 10, 2025
0
Kajugujugu y’Ingabo z’u Burundi yafashwe n’inyeshyamba.

Kajugujugu y'Ingabo z'u Burundi yafashwe n'inyeshyamba. Umutwe w'iterabwoba wa Al-Shabaab urwanya ubutegetsi bwo muri Somalia watangaje ko ari wo wateye igisasu gishwanyaguza kajugujugu y'igisirikare cy'u Burundi yo mu...

Read moreDetails
Next Post
Uko byagenze ku bapolisi bari bafunzwe na Wazalendo i Uvira.

Uko byagenze ku bapolisi bari bafunzwe na Wazalendo i Uvira.

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?