Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo, yatangiye ibikorwa byo kubaka ibiraro mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
March 26, 2024
in Regional Politics
0
Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo, yatangiye ibikorwa byo kubaka ibiraro mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yiyemeje kubaka ibiraro bine byo muri teritware ya Uvira mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

You might also like

Perezida Ndayishimiye arashinjwa kudobya ibiganiro byari hagati y’u Rwanda n’u Burundi.

Menya impamvu umujyi wa Nairobi ugiye kuba umwe mijyi ikomeye ku isi.

Mutualite y’Abanyamulenge i Burundi yavuze iby’uko ibayeho muri iki gihugu.

Ni gikorwa cyatangiye ku Cyumweru tariki ya 24/04/2024, kikaba cyaratangiriye ku kiraro cya Sange, nk’uko byatangajwe na visi Guverineri w’i Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, Malogo Kashereke.

Avuga ko iy’inkunga yatanzwe n’ikigega cy’i gihugu gishinzwe gufata neza imihanda (FONER) ku mabwiriza ya minisiteri ishinzwe ibikorwa remezo.

Yatangaje ati: “Iyu bakwa ry’ibi biraro rigizwe na Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo, ku nkunga iva mu kigega cya bigenewe mu kubungabunga imihanda.”

Yongeye ho kandi ati: “Nyuma yo kubaka ibiraro tuzakomereza no ku muhanda wa Uvira na Bukavu. Uyu muhanda ufite agaciro kuko uteza imbere ibicuruzwa, kandi biri no muburyo bwo guteza imbere akarere.”

Alain Mugangu uhagarariye ishyamyi rishinzwe kubaka imihanda mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, we yavuze ko ibirimo gukorwa byari biteganijwe kuva kera, ko kandi gukora imihanda ihuza i Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo n’izindi Ntara bizahita bikomerezaho.

Avuga ko i Ntara ya Manyema, Tanganyika unyuze Kalundu ariho bazahita bakomereza mu gusana no guteza imbere akarere nk’uko bakomeje gukoresha iri jambo.

Ibiraro byatangajwe bigiye kubakwa n’i biri ku muhanda wa Uvira-Kamanyola, harimo icya Sange batangiriyeho, Kavuguvugu, Bikamba n’ibindi.

                MCN.
Tags: IbiraroKubakaLeta ya KinshasaMu Ntara ya Kivu yamajy'Epfo
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Perezida Ndayishimiye arashinjwa kudobya ibiganiro byari hagati y’u Rwanda n’u Burundi.

by Bruce Bahanda
July 29, 2025
0
Perezida Ndayishimiye arashinjwa kudobya ibiganiro byari hagati y’u Rwanda n’u Burundi.

Perezida Ndayishimiye arashinjwa kudobya ibiganiro byari hagati y'u Rwanda n'u Burundi. Umukuru w'igihugu cy'u Burundi, Evariste Ndayishimiye, ni we nyiribayazana w'ibibazo bitagura iherezo hagati y'igihugu cye n'icy'u Rwanda,...

Read moreDetails

Menya impamvu umujyi wa Nairobi ugiye kuba umwe mijyi ikomeye ku isi.

by Bruce Bahanda
July 29, 2025
0
Menya impamvu umujyi wa Nairobi ugiye kuba umwe mijyi ikomeye ku isi.

Menya impamvu umujyi wa Nairobi ugiye kuba umwe mijyi ikomeye ku isi. Umurwa mukuru w'igihugu cya Kenya ari wo Nairobi, ugiye kuba umujyi wa kane ukoreramo ibiro byinshi...

Read moreDetails

Mutualite y’Abanyamulenge i Burundi yavuze iby’uko ibayeho muri iki gihugu.

by Bruce Bahanda
July 28, 2025
0
Mutualite y’Abanyamulenge i Burundi yavuze iby’uko ibayeho muri iki gihugu.

Mutualite y'Abanyamulenge i Burundi yavuze iby'uko ibayeho muri iki gihugu. Mutualite Shikama i Burundi y'Abanyamulenge yatangaje ko ibayeho neza mu gihugu cy'u Burundi, ndetse ishimangira ko nta kibazo...

Read moreDetails

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails
Next Post
Abakandida bagera ku 15 bemeye ubutsindwe mu biri kuva mu matora y’u mukuru w’igihugu mu gihugu cya Senegal.

Abakandida bagera ku 15 bemeye ubutsindwe mu biri kuva mu matora y'u mukuru w'igihugu mu gihugu cya Senegal.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?