• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, September 14, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo, yatangiye ibikorwa byo kubaka ibiraro mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

minebwenews by minebwenews
March 26, 2024
in Regional Politics
0
Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo, yatangiye ibikorwa byo kubaka ibiraro mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yiyemeje kubaka ibiraro bine byo muri teritware ya Uvira mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

You might also like

Bikanganye perezida w’u Burundi yasabwe kuvana Ingabo ze muri RDC

U Burayi bwari bwihaye kwivanga mu miyoborere y’u Rwanda bwahawe igisubizo gikakaye

U Rwanda mu magambo akarishye rwasubije RDC irushinja kuryanisha Wazalendo na FARDC

Ni gikorwa cyatangiye ku Cyumweru tariki ya 24/04/2024, kikaba cyaratangiriye ku kiraro cya Sange, nk’uko byatangajwe na visi Guverineri w’i Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, Malogo Kashereke.

Avuga ko iy’inkunga yatanzwe n’ikigega cy’i gihugu gishinzwe gufata neza imihanda (FONER) ku mabwiriza ya minisiteri ishinzwe ibikorwa remezo.

Yatangaje ati: “Iyu bakwa ry’ibi biraro rigizwe na Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo, ku nkunga iva mu kigega cya bigenewe mu kubungabunga imihanda.”

Yongeye ho kandi ati: “Nyuma yo kubaka ibiraro tuzakomereza no ku muhanda wa Uvira na Bukavu. Uyu muhanda ufite agaciro kuko uteza imbere ibicuruzwa, kandi biri no muburyo bwo guteza imbere akarere.”

Alain Mugangu uhagarariye ishyamyi rishinzwe kubaka imihanda mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, we yavuze ko ibirimo gukorwa byari biteganijwe kuva kera, ko kandi gukora imihanda ihuza i Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo n’izindi Ntara bizahita bikomerezaho.

Avuga ko i Ntara ya Manyema, Tanganyika unyuze Kalundu ariho bazahita bakomereza mu gusana no guteza imbere akarere nk’uko bakomeje gukoresha iri jambo.

Ibiraro byatangajwe bigiye kubakwa n’i biri ku muhanda wa Uvira-Kamanyola, harimo icya Sange batangiriyeho, Kavuguvugu, Bikamba n’ibindi.

                MCN.
Tags: IbiraroKubakaLeta ya KinshasaMu Ntara ya Kivu yamajy'Epfo
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Bikanganye perezida w’u Burundi yasabwe kuvana Ingabo ze muri RDC

by Bahanda Bruce
September 14, 2025
0
Bikanganye perezida w’u Burundi yasabwe kuvana Ingabo ze muri RDC

Bikanganye perezida w'u Burundi yasabwe kuvana Ingabo ze muri RDC Umukuru w'ishyaka rya CNDD mu Burundi, Leonard Nyangoma, yaburiye ubutegetsi bw'iki gihugu cyabo, gucyura Ingabo bwohereje mu ntambara...

Read moreDetails

U Burayi bwari bwihaye kwivanga mu miyoborere y’u Rwanda bwahawe igisubizo gikakaye

by Bahanda Bruce
September 13, 2025
0
U Burayi bwari bwihaye kwivanga mu miyoborere y’u Rwanda bwahawe igisubizo gikakaye

U Burayi bwari bwihaye kwivanga mu miyoborere y'u Rwanda bwahawe igisubizo gikakaye U Rwanda rwakuriye inzira ku murima inteko ishinga amategeko y'umuryango w'ubumwe bw'u Burayi yarusabye kurekura Ingabire...

Read moreDetails

U Rwanda mu magambo akarishye rwasubije RDC irushinja kuryanisha Wazalendo na FARDC

by Bahanda Bruce
September 12, 2025
0
U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo

U Rwanda mu magambo akarishye rwasubije RDC irushinja kuryanisha Wazalendo na FARDC Guverinoma y'u Rwanda yamaganye ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo bushinja ingabo zarwo kuryanisha Wazalendo...

Read moreDetails

AFC/M23 bwa mbere itumijwe mu biganiro by’umuryango ukomeye ku isi

by Bahanda Bruce
September 11, 2025
0
AFC/M23 ivuze ku bya Uvira ni cyihutirwa kuri yo

AFC/M23 bwa mbere itumijwe mu biganiro by'umuryango ukomeye ku isi Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi wa Repubulika ya demokarasi ya Congo,...

Read moreDetails

U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo

by Bahanda Bruce
September 10, 2025
0
U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo

U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo Guverinoma y'u Rwanda yamaganiye kure imvugo bamwe mu bagize guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo bashinje...

Read moreDetails
Next Post
Abakandida bagera ku 15 bemeye ubutsindwe mu biri kuva mu matora y’u mukuru w’igihugu mu gihugu cya Senegal.

Abakandida bagera ku 15 bemeye ubutsindwe mu biri kuva mu matora y'u mukuru w'igihugu mu gihugu cya Senegal.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?