• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, April 21, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo, yatangiye ibikorwa byo kubaka ibiraro mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

minebwenews by minebwenews
March 26, 2024
in Regional Politics
0
Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo, yatangiye ibikorwa byo kubaka ibiraro mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yiyemeje kubaka ibiraro bine byo muri teritware ya Uvira mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

You might also like

UPDF Yatabaye Abasivili Barenga 200 mu Gikorwa Gikomeye cyo Kurwanya ADF mu Burasirazuba bwa RDC

Amerika yashimye intambwe nziza imaze guterwa mu biganiro by’amahoro hagati ya RDC na AFC/M23: menya ibyo impande zombi zumvikanyeho

Impaka hagati ya Perezida Ndayishimiye n’Igisirikare ku Mvano y’Icyago Cyahitanye Abatari Bake i Bujumbura

Ni gikorwa cyatangiye ku Cyumweru tariki ya 24/04/2024, kikaba cyaratangiriye ku kiraro cya Sange, nk’uko byatangajwe na visi Guverineri w’i Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, Malogo Kashereke.

Avuga ko iy’inkunga yatanzwe n’ikigega cy’i gihugu gishinzwe gufata neza imihanda (FONER) ku mabwiriza ya minisiteri ishinzwe ibikorwa remezo.

Yatangaje ati: “Iyu bakwa ry’ibi biraro rigizwe na Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo, ku nkunga iva mu kigega cya bigenewe mu kubungabunga imihanda.”

Yongeye ho kandi ati: “Nyuma yo kubaka ibiraro tuzakomereza no ku muhanda wa Uvira na Bukavu. Uyu muhanda ufite agaciro kuko uteza imbere ibicuruzwa, kandi biri no muburyo bwo guteza imbere akarere.”

Alain Mugangu uhagarariye ishyamyi rishinzwe kubaka imihanda mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, we yavuze ko ibirimo gukorwa byari biteganijwe kuva kera, ko kandi gukora imihanda ihuza i Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo n’izindi Ntara bizahita bikomerezaho.

Avuga ko i Ntara ya Manyema, Tanganyika unyuze Kalundu ariho bazahita bakomereza mu gusana no guteza imbere akarere nk’uko bakomeje gukoresha iri jambo.

Ibiraro byatangajwe bigiye kubakwa n’i biri ku muhanda wa Uvira-Kamanyola, harimo icya Sange batangiriyeho, Kavuguvugu, Bikamba n’ibindi.

                MCN.
Tags: IbiraroKubakaLeta ya KinshasaMu Ntara ya Kivu yamajy'Epfo
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

UPDF Yatabaye Abasivili Barenga 200 mu Gikorwa Gikomeye cyo Kurwanya ADF mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
April 20, 2026
0
UPDF Yatabaye Abasivili Barenga 200 mu Gikorwa Gikomeye cyo Kurwanya ADF mu Burasirazuba bwa RDC

UPDF Yatabaye Abasivili Barenga 200 mu Gikorwa Gikomeye cyo Kurwanya ADF mu Burasirazuba bwa RDC Ingabo za Uganda (UPDF) ziri mu bikorwa bihuriweho byo kurwanya umutwe w’iterabwoba wa...

Read moreDetails

Amerika yashimye intambwe nziza imaze guterwa mu biganiro by’amahoro hagati ya RDC na AFC/M23: menya ibyo impande zombi zumvikanyeho

by Bahanda Bruce
April 20, 2026
0
Amerika yashimye intambwe nziza imaze guterwa mu biganiro by’amahoro hagati ya RDC na AFC/M23: menya ibyo impande zombi zumvikanyeho

Amerika yashimye intambwe nziza imaze guterwa mu biganiro by’amahoro hagati ya RDC na AFC/M23: menya ibyo impande zombi zumvikanyeho Mu biganiro by’ubufatanye hagati ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya...

Read moreDetails

Impaka hagati ya Perezida Ndayishimiye n’Igisirikare ku Mvano y’Icyago Cyahitanye Abatari Bake i Bujumbura

by Bahanda Bruce
April 19, 2026
0
Biratangaje: Abapolisi Bashinzwe Kurinda Perezida Ndayishimiye Barashinjwa Kwambura Umuturage

Impaka hagati ya Perezida Ndayishimiye n’Igisirikare ku Mvano y’Icyago Cyahitanye Abatari Bake i Bujumbura Mu minsi mike ishize yo muri uyu mwaka wa 2026, mu gace ka Musaga...

Read moreDetails

Amakimbirane ku rupfu rwa Minisitiri Gabby Bugaga mu Burundi

by Bahanda Bruce
April 18, 2026
0
Amayobera ku Rupfu rw’Umuyobozi wo muri Guverinoma i Bujumbura

Amakimbirane ku rupfu rwa Minisitiri Gabby Bugaga mu Burundi Amakuru atandukanye yatangajwe ku rupfu rwa Gabby Bugaga, wahoze ari Minisitiri w’Itangazamakuru n’Itumanaho mu Burundi, akomeje guteza impaka zikomeye....

Read moreDetails

Perezida Ndayishimiye yavuze ku ruzinduko i Kigali n’umubano w’u Burundi n’u Rwanda ukomeje kuzamo agatotsi

by Bahanda Bruce
April 18, 2026
0
Biratangaje: Abapolisi Bashinzwe Kurinda Perezida Ndayishimiye Barashinjwa Kwambura Umuturage

Perezida Ndayishimiye yavuze ku ruzinduko i Kigali n’umubano w’u Burundi n’u Rwanda ukomeje kuzamo agatotsi Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, uri no ku buyobozi bw’Umuryango wa Afurika Yunze...

Read moreDetails
Next Post
Abakandida bagera ku 15 bemeye ubutsindwe mu biri kuva mu matora y’u mukuru w’igihugu mu gihugu cya Senegal.

Abakandida bagera ku 15 bemeye ubutsindwe mu biri kuva mu matora y'u mukuru w'igihugu mu gihugu cya Senegal.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?