• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, April 16, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home sport & entertainment

Leta ya Tshisekedi byavuzwe ko imaze gutsindwa “ibitego bibiri.” Ubusesenguzi.

minebwenews by minebwenews
May 3, 2025
in sport & entertainment
0
Perezida Tshisekedi yasezeranyije Abanye-Congo ibikomeye ariko byiza.
86
SHARES
2.2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Leta ya Tshisekedi byavuzwe ko imaze gutsindwa “ibitego bibiri.” Ubusesenguzi.

You might also like

Intsinzi ya RDC ni Amateka Yibukije Ibihe bya Zaïre

Chuck Norris: Amateka y’Ubuzima bw’Intwari ya Sinema n’Imikino Njyarugamba Yahinduye Isi

Norimba TV: Umuyoboro w’Itangazamakuru Wiyemeje Kuvuganira Abarengana no Kugaragaza Ukuri mu Burasirazuba bwa RDC

Umusesengzi usanzwe anakurikiranira hafi intambara ibera mu Burasizuba bwa Congo akaba kandi akomoka muri icyo gice i Mulenge, William Girinka Kabare, yavuze ko umutwe wa M23 urwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, umaze gutsinda iyi Leta ibitego bibiri kandi ko ibyo bitego ari iby’umutwe.

Nibyo Girinka yagarutseho kuri uyu wa gatandatu tariki ya 03/05/2025, mu butumwa bw’inyandiko yahaye ubwanditsi bwa Minembwe Capital News.

Girinka unakunze kunyuza ubutumwa bw’inyandiko ku binyamakuru bitandukanye harimo n’iki cya Minembwe Capital News, yatangiye agira ati: “Burya koko umwana arya inkware se akaruka amashyara, kandi batarayisangiye!”

Yavuze ko perezida Felix Tshisekedi yasenye Congo, ariko ko kw’irimo kubakwa n’ihuriro rya Alliance Fleuve Congo ribarizwamo umutwe wa M23 n’uwa Twirwaneho.

Yagize ati: “Tshisekedi yasenye igihugu none AFC/M23 na Twirwaneho nibyo biri gusana ibyo uyu mu perezida yasenye!”

Yanatanze n’urugero aho yagize ati: “Tshisekedi yahaye Abazungu(ibihugu byo mu burengerazuba bw’Isi) amabuye y’agaciro, kandi abaha kuyakura mu Burasizuba bw’iki gihugu cyane cyane mu ntara za Kivu y’Amajyepfo na Kivu y’Amajyaruguru, ahatuye abiganjemo abavuga ururimi rw’ikinyarwanda (Abatutsi cyangwa Abanyamulenge). Ayo mabuye y’agaciro ayagura intwaro zaje kwica abaturage no kubasenyera.”

Yashimangiye ibi avuga ko izo ntwaro zitabasenyeye amazu gusa no kubica, ahubwo ko zanabsenyeye n’ibikorwa remezo: “imihanda, imirima, amatungo n’ibindi…”

Yavuze kandi ko Tshisekedi aho kwifashisha ariya mabuye y’agaciro mu kubaka igihugu cye we yayifashije mu kugisenya!

Hejuru y’ibyo, avuga ko kuri ubu uyu mutwe wa M23 n’uwa Twirwaneho bimaze amazi atatu gusa biyoboye ibice by’ intara ya Kivu y’Amajyepfo n’iy’Amajyaruru kandi bidafite amafaranga ahagije nta n’abatera nkunga nk’abo Leta y’i Kinshasa ifite. Ariko ko biyemeje gusana no kubaka ibikorwa remezo byasenywe n’ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi, ndetse ngo bari no guhanga ibitarigeze bibaho kuva Leta y’iki gihugu yabona ubwingenge mu 1960.

Aha niho Girinka yahise agira ati: “M23 imaze gutsinda Leta ya Congo ibitego bibiri, kandi by’umutwe.”

Yavuze ko igitego cya mbere M23 yatsinze RDC ni uko ibice byose igenzura hari amahoro n’ituze. Yanatanze n’urugero avuga ko mu mujyi wa Goma mu minsi ishize, ubwo hari hatarigarurirwa n’uy’u mutwe wa M23; nko mu minsi ibiri gusa wasangaga hapfuye abantu barenze umwe, ariko ko ubu abaturage baryama bagasinzira, ngo nk’uko Adamu na Eva bari bameze mu ngobyi ya Edeni.

Usibye nibyo, yavuze kandi ko amazi n’amashanyarazi byari byarabaye ingume, ariko k’ubu biboneka amasaha 24 kuri 24.

Ati: “Mu mujyi wa Goma amazi yari yarabaye ikibazo gikomeye igihe cya Tshisekedi, kimwe kandi n’amashanyarazi, ariko ubu ngwino nawe wirebere. Biboneka amasaha 24 kuri 24.”

Agaragaza ko ibyo abaturage batuye i Goma n’ahandi mu bindi bice bigenzurwa n’uyu mutwe wa M23 n’uwa Twirwaneho, babikesha iyo mitwe ibiri ibarizwa muri AFC.

Igitego cya kabiri, yavuze ko ari amajyanbere abaturage bari kwinjiramo batigeze babona n’ikindi gihe. Yanavuze ko hari mugusanwa ibyo izindi Leta zitigeze zishobora mu myaka 60 ishize.

Yasoje avuga ko agira inama Abanye-Congo bo mu Burasizuba bw’iki gihugu gushyigikira uyu mutwe wa M23 n’uwa Twirwaneho, ngo kuko bishyize imbere mukubashakira amahoro arambye.

Agaragaza ko n’ibindi bitaragerwaho, iyo mitwe ibiri izabibagezaho. Avuga ko gukunda igihugu n’abanyigihugu ko ari yo ntego y’iyi mitwe ibiri ibarizwa mu ihuriro rya AFC.

Tags: Ibitego bibiriRdcTshisekediUbusesenguzi
Share34Tweet22Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Intsinzi ya RDC ni Amateka Yibukije Ibihe bya Zaïre

by Bahanda Bruce
April 1, 2026
0
Intsinzi ya RDC ni Amateka Yibukije Ibihe bya Zaïre

Intsinzi ya RDC ni Amateka Yibukije Ibihe bya Zaïre Ku munsi w’ejo, Ikipe y’Igihugu ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (DR Congo) yanditse amateka mashya nyuma yo gutsinda...

Read moreDetails

Chuck Norris: Amateka y’Ubuzima bw’Intwari ya Sinema n’Imikino Njyarugamba Yahinduye Isi

by Bahanda Bruce
March 21, 2026
0
Chuck Norris: Amateka y’Ubuzima bw’Intwari ya Sinema n’Imikino Njyarugamba Yahinduye Isi

Chuck Norris: Amateka y’Ubuzima bw’Intwari ya Sinema n’Imikino Njyarugamba Yahinduye Isi Chuck Norris ni umwe mu banyabigwi b’ibihe byose mu ruganda rwa sinema n’imikino njyarugamba, izina rye rikaba...

Read moreDetails

Norimba TV: Umuyoboro w’Itangazamakuru Wiyemeje Kuvuganira Abarengana no Kugaragaza Ukuri mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
March 1, 2026
0
Norimba TV: Umuyoboro w’Itangazamakuru Wiyemeje Kuvuganira Abarengana no Kugaragaza Ukuri mu Burasirazuba bwa RDC

Norimba TV: Umuyoboro w’Itangazamakuru Wiyemeje Kuvuganira Abarengana no Kugaragaza Ukuri mu Burasirazuba bwa RDC Mu gihe uburasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bukomeje kurangwa n’ibibazo by’umutekano muke...

Read moreDetails

Sénégal Yegukanye Igikombe cya Afurika 2025 Nyuma y’Umukino Wabaye Intandaro y’Impaka n’Amateka Mashya

by Bahanda Bruce
January 19, 2026
0
Sénégal Yegukanye Igikombe cya Afurika 2025 Nyuma y’Umukino Wabaye Intandaro y’Impaka n’Amateka Mashya

Sénégal Yegukanye Igikombe cya Afurika 2025 Nyuma y’Umukino Wabaye Intandaro y’Impaka n’Amateka Mashya Ku Cyumweru, tariki ya 18/01/2026, ni bwo hasojwe ku mugaragaro irushanwa rikomeye ry’Igikombe cya Afurika...

Read moreDetails

Inkuru Ikomeye y’Umufana wa Congo Wafashe Imitima ya Afurika, Ariko Birangira Ari Amarira

by Bahanda Bruce
January 7, 2026
0
Inkuru Ikomeye y’Umufana wa Congo Wafashe Imitima ya Afurika, Ariko Birangira Ari Amarira

Inkuru Ikomeye y’Umufana wa Congo Wafashe Imitima ya Afurika, Ariko Birangira Ari Amarira Mu Gikombe cya Afurika kiri kubera muri Maroc, hagaragaye umufana w’Ikipe y’Igihugu ya Repubulika ya...

Read moreDetails
Next Post
Abantu babiri bishwe barashwe i Uvira muri iri joro.

I Uvira ubwoba ni bwose nyuma y'uko abahatuye batangiye kwikanga abaje kuyifata.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?