• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, February 1, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Lt.Gen.Bonyoni yajanwe mu cumba cy’indembe

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
October 14, 2025
in World News
0
Bonyoni yagejejwe mu bitaro aherekejwe bikomeye
74
SHARES
1.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Lt.Gen.Bonyoni yajanwe mu cumba cy’indembe

You might also like

Tehran Yemeye Ibiganiro Ariko Isaba Icyubahiro n’Umutekano

U Buyapani Bwatangaje Umushinga Udanzwe wa “Solar Ring”: Intangiriro y’Igihe Isi Ishobora Kubaho Itagikeneye Peteroli?

Menya Ingaruka Isi Ishobora Guhura na Zo mu Gihe Amerika Yagaba Igitero kuri Irani

Lieutenant General Alain Guillaume Bonyoni wahoze ari minisitiri w’intebe w’u Burundi, yamaze kujya muri “coma.”

Gen Guillaume Bonyoni yagiye muri coma nyuma y’iminsi itanu avanwe muri gereza nkuru ya Gitega afungiwemo akajyanwa kuvurizwa mu bitaro bikuru by’iyi ntara ya Gitega.

Ubuzima bwa Alain Guillaume Bonyoni buri mu kaga, mu gihe bisanzwe bizwi ko kuva afunzwe mu kwezi kwa cyenda umwaka wa 2023, yafungiwe mu kumba ka wenyine.

Binazwi kandi ko yakatiwe igifungo cya burundu, kuko ubutegetsi bw’iki gihugu bumushinja ibyaha byinshi, birimo gushaka kugirira nabi umukuru w’iki gihugu, ndetse no guhirika ubutegetsi bwe.

Bumushinja kandi gukoresha ububasha yarafite mu nyungu ze bwite zitari iz’igihugu.

Uyu akaba yarahoze ari igikomerezwa muri Leta ya CNDD-FDD, kuko yari mu bategetsi bavuga rikijana. Mbere y’uko agirwa minisitiri w’intebe yaravuye mu nshingano zo kuyobora igipolisi cy’iki gihugu.

Ariko kuri ubu, amakuru avugwa n’Abarundi bageze aho arwariye avuga ko yajanwe mu cumba cy’indembe cy’ibitaro bya Gitega bikuru.

Bakavuga ko ari gukurikiranwa bidasanzwe n’itsinda ry’Abaganga baturutse i Bujumbura ku murwa mukuru w’ubukungu w’iki gihugu. Ibi bitaro ari kuvurirwamo umutekano wabyo na wo wakajijwe, ni mu gihe hasutswe Abapolisi n’abasirikare benshi bo mu ishami ry’iperereza.

Amakuru yo ku ruhande akavuga ko Bonyoni arembye cyane, ndetse ko n’amahirwe ye yo gusubira mu ibohero gufungwa ubuzima bwe bwose ari make.

Tags: BunyoniGitegaIcumba cy'indembeImfungwa
Share30Tweet19Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

Tehran Yemeye Ibiganiro Ariko Isaba Icyubahiro n’Umutekano

by Bahanda Bruce
February 1, 2026
0
Tehran Yemeye Ibiganiro Ariko Isaba Icyubahiro n’Umutekano

Tehran Yemeye Ibiganiro Ariko Isaba Icyubahiro n’Umutekano Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Iran, Abbas Araghchi, yatangaje ko igihugu cye cyiteguye kugirana ibiganiro na Leta Zunze Ubumwe za Amerika, mu...

Read moreDetails

U Buyapani Bwatangaje Umushinga Udanzwe wa “Solar Ring”: Intangiriro y’Igihe Isi Ishobora Kubaho Itagikeneye Peteroli?

by Bahanda Bruce
February 1, 2026
0
U Buyapani Bwatangaje Umushinga Udanzwe wa “Solar Ring”: Intangiriro y’Igihe Isi Ishobora Kubaho Itagikeneye Peteroli?

U Buyapani Bwatangaje Umushinga Udanzwe wa “Solar Ring”: Intangiriro y’Igihe Isi Ishobora Kubaho Itagikeneye Peteroli? U Buyapani bwashyize ahagaragara umushinga udasanzwe ushobora guhindura burundu amateka y’ingufu ku Isi....

Read moreDetails

Menya Ingaruka Isi Ishobora Guhura na Zo mu Gihe Amerika Yagaba Igitero kuri Irani

by Bahanda Bruce
January 31, 2026
0
Menya Ingaruka Isi Ishobora Guhura na Zo mu Gihe Amerika Yagaba Igitero kuri Irani

Menya Ingaruka Isi Ishobora Guhura na Zo mu Gihe Amerika Yagaba Igitero kuri Irani Mu gihe ibiganiro hagati ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Irani byananirana burundu,...

Read moreDetails

Amerika Yateguye Igitero Gikomeye kuri Iran, Umutekano w’Isi Urahungabana Bikomeye

by Bahanda Bruce
January 31, 2026
0
Amerika Yateguye Igitero Gikomeye kuri Iran, Umutekano w’Isi Urahungabana Bikomeye

Amerika Yateguye Igitero Gikomeye kuri Iran, Umutekano w’Isi Urahungabana Bikomeye Isi yose iri mu rungabangabo, amaso yayerekeje mu gace ki kigobe cya Perse, aho ingabo za Leta Zunze...

Read moreDetails

Umwuka w’Intambara mu Burasirazuba bwo Hagati: U Bushinwa Bwahaye Amerika Umuburo Ukomeye ku Bijyanye na Iran

by Bahanda Bruce
January 29, 2026
0
Umwuka w’Intambara mu Burasirazuba bwo Hagati: U Bushinwa Bwahaye Amerika Umuburo Ukomeye ku Bijyanye na Iran

Umwuka w’Intambara mu Burasirazuba bwo Hagati: U Bushinwa Bwahaye Amerika Umuburo Ukomeye ku Bijyanye na Iran U Bushinwa bwahaye Leta Zunze Ubumwe za Amerika umuburo ukomeye kandi udasanzwe,...

Read moreDetails
Next Post
Ijambo Abarabu ryaciwe muri Misiri

Ijambo Abarabu ryaciwe muri Misiri

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?