Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

M23 yafashe Bukavu ihirukana ingabo z’u Burundi n’iza Congo.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
February 14, 2025
in Regional Politics
0
Kera kabaye, basabwe guhunga bakava i Kinshasa n’i Bukavu.
101
SHARES
2.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

M23 yafashe Bukavu ihirukana ingabo z’u Burundi n’iza Congo.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Ingabo ziyobowe na Major Gen Sultan Makenga, zo mu mutwe wa m23, zafashe umujyi wa Bukavu ufatwa nk’umurwa mukuru w’i Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, aho zawikanyemo ihuriro ry’Ingabo zirwana ku ruhande rwa Leta ya Kinshasa.

Ku mugoroba wo kuri uyu wa gatanu tariki ya 13/02/2025, ni bwo uyu mutwe wa m23 wafashe umujyi wa Bukavu, nyuma y’aho ingabo z’u Burundi zifasha iza RDC kurwanya uyu mutwe zari zimaze kuwuhungamo n’iz’iki gihugu.

M23 yinjiye muri Bukavu nyuma yokwigarurira ikibuga cy’indege cya Kavumu n’utundi duce duherereye mu nkengero zacyo.

Amashusho yafashwe na bamwe mu baturiye i Bukavu yerekana abarwanyi b’uyu mutwe wa m23 bari mu mujyirwagati.

Bikavugwa ko m23 yageze muri uyu mujyi ingabo zirimo iz’u Burundi, Fardc, imitwe yitwaje imbunda ikorana byahafi na Leta ya Kinshasa zamaze guhungira mu bice byo muri teritware ya Walungu na Uvira.

Ikinyamakuru cya Jeunne Afrique cyanditse ko guverineri w’iyi Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo yahunze ku wa kane, kuri ubu nta muyobozi wo ku ruhande rwa leta ukiwurimo.

Ifatwa ry’umujyi wa Bukavu n’ikibuga cy’indege cya Kavumu, byatumye Perezida Félix Tshisekedi asiga inama yari yitabiriye mu Budage yigaga ku mutekano w’u Burasirazuba bwa RDC.

Bukavu ifashwe nyuma y’uko hashyize ibyumweru bitatu uyu mutwe ufashe Goma nayo ifatwa nk’umurwa mukuru w’i Ntara ya Kivu yaruguru.

Tags: BukavuM23Yafashe
Share40Tweet25Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
Iby’igitero cyagabwe mu Banyamulenge aho bari i Kalemi.

Iby'igitero cyagabwe mu Banyamulenge aho bari i Kalemi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?