Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

M23 yafashe Bukavu ihirukana ingabo z’u Burundi n’iza Congo.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
February 14, 2025
in Regional Politics
0
Kera kabaye, basabwe guhunga bakava i Kinshasa n’i Bukavu.
101
SHARES
2.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

M23 yafashe Bukavu ihirukana ingabo z’u Burundi n’iza Congo.

You might also like

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

Ingabo ziyobowe na Major Gen Sultan Makenga, zo mu mutwe wa m23, zafashe umujyi wa Bukavu ufatwa nk’umurwa mukuru w’i Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, aho zawikanyemo ihuriro ry’Ingabo zirwana ku ruhande rwa Leta ya Kinshasa.

Ku mugoroba wo kuri uyu wa gatanu tariki ya 13/02/2025, ni bwo uyu mutwe wa m23 wafashe umujyi wa Bukavu, nyuma y’aho ingabo z’u Burundi zifasha iza RDC kurwanya uyu mutwe zari zimaze kuwuhungamo n’iz’iki gihugu.

M23 yinjiye muri Bukavu nyuma yokwigarurira ikibuga cy’indege cya Kavumu n’utundi duce duherereye mu nkengero zacyo.

Amashusho yafashwe na bamwe mu baturiye i Bukavu yerekana abarwanyi b’uyu mutwe wa m23 bari mu mujyirwagati.

Bikavugwa ko m23 yageze muri uyu mujyi ingabo zirimo iz’u Burundi, Fardc, imitwe yitwaje imbunda ikorana byahafi na Leta ya Kinshasa zamaze guhungira mu bice byo muri teritware ya Walungu na Uvira.

Ikinyamakuru cya Jeunne Afrique cyanditse ko guverineri w’iyi Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo yahunze ku wa kane, kuri ubu nta muyobozi wo ku ruhande rwa leta ukiwurimo.

Ifatwa ry’umujyi wa Bukavu n’ikibuga cy’indege cya Kavumu, byatumye Perezida Félix Tshisekedi asiga inama yari yitabiriye mu Budage yigaga ku mutekano w’u Burasirazuba bwa RDC.

Bukavu ifashwe nyuma y’uko hashyize ibyumweru bitatu uyu mutwe ufashe Goma nayo ifatwa nk’umurwa mukuru w’i Ntara ya Kivu yaruguru.

Tags: BukavuM23Yafashe
Share40Tweet25Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

by Bruce Bahanda
June 5, 2025
0
Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

Perezida Tshisekedi yakiriye wa munyapolitiki uheruka kwibasira Kabila. Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, yakiriye umunyapolitiki wo muri iki gihugu Martin Fayulu uheruka gutangaza ko...

Read moreDetails

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
AFC/M23 yatangaje igikorwa iri bwereke Isi kuri uyu wa 5.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC, ryatangaje ko ryakiriye umunyapolitiki Marcelin Cishambo, kandi ko yazanye n'abandi banyapolitiki barimo n'abatavuga rumwe n'ubutegetsi...

Read moreDetails

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo. Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yahakanye ibivugwa ko iri mu kwibasira abasirikare ba kuru ba FARDC...

Read moreDetails

Hamenyekanye umunyapolitiki ugiye kuzahura na Tshisekedi vuba.

by Bruce Bahanda
June 3, 2025
0
Icyifuzo cy’ubutegetsi bwa Tshisekedi cyatewe ishoti.

Hamenyekanye umunyapolitiki ugiye kuzahura na Tshisekedi vuba. Umunyapolitiki uri mubasanzwe badacana uwaka n'ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi wa Congo, Martin Fayulu, byamenyekanye ko uyu mukuru w'iki gihugu yamwemereye...

Read moreDetails

Ibyimbitse ku bikorwa Kabila akomeje gukora i Goma mu Burasizuba bwa Congo.

by Bruce Bahanda
June 2, 2025
0
Sena ya RDC yafashe umwanzuro ukakaye kuri Kabila.

Ibyimbitse ku bikorwa Kabila akomeje gukora i Goma mu Burasizuba bwa Congo. Nyuma y'uko bimenyekanye ko Joseph Kabila Kabange wahoze ari perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo...

Read moreDetails
Next Post
Iby’igitero cyagabwe mu Banyamulenge aho bari i Kalemi.

Iby'igitero cyagabwe mu Banyamulenge aho bari i Kalemi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?