• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, September 16, 2026
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
  • Login
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

M23 yafashe Bukavu ihirukana ingabo z’u Burundi n’iza Congo.

minebwenews by minebwenews
February 14, 2025
in Regional Politics
0
Kera kabaye, basabwe guhunga bakava i Kinshasa n’i Bukavu.
101
SHARES
2.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

M23 yafashe Bukavu ihirukana ingabo z’u Burundi n’iza Congo.

Ingabo ziyobowe na Major Gen Sultan Makenga, zo mu mutwe wa m23, zafashe umujyi wa Bukavu ufatwa nk’umurwa mukuru w’i Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, aho zawikanyemo ihuriro ry’Ingabo zirwana ku ruhande rwa Leta ya Kinshasa.

READ ALSO

U Rwanda n’u Bubiligi: Minisitiri Nduhungirehe Yavuze Icyo Bihagazeho, Anagaruka ku Mubano na Tanzania, u Burundi na RDC

Bujumbura Mu Rujijo: Pasiteri Isidori Mbayahaga Ari Kubazwa n’Inzego z’Iperereza

Ku mugoroba wo kuri uyu wa gatanu tariki ya 13/02/2025, ni bwo uyu mutwe wa m23 wafashe umujyi wa Bukavu, nyuma y’aho ingabo z’u Burundi zifasha iza RDC kurwanya uyu mutwe zari zimaze kuwuhungamo n’iz’iki gihugu.

M23 yinjiye muri Bukavu nyuma yokwigarurira ikibuga cy’indege cya Kavumu n’utundi duce duherereye mu nkengero zacyo.

Amashusho yafashwe na bamwe mu baturiye i Bukavu yerekana abarwanyi b’uyu mutwe wa m23 bari mu mujyirwagati.

Bikavugwa ko m23 yageze muri uyu mujyi ingabo zirimo iz’u Burundi, Fardc, imitwe yitwaje imbunda ikorana byahafi na Leta ya Kinshasa zamaze guhungira mu bice byo muri teritware ya Walungu na Uvira.

Ikinyamakuru cya Jeunne Afrique cyanditse ko guverineri w’iyi Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo yahunze ku wa kane, kuri ubu nta muyobozi wo ku ruhande rwa leta ukiwurimo.

Ifatwa ry’umujyi wa Bukavu n’ikibuga cy’indege cya Kavumu, byatumye Perezida Félix Tshisekedi asiga inama yari yitabiriye mu Budage yigaga ku mutekano w’u Burasirazuba bwa RDC.

Bukavu ifashwe nyuma y’uko hashyize ibyumweru bitatu uyu mutwe ufashe Goma nayo ifatwa nk’umurwa mukuru w’i Ntara ya Kivu yaruguru.

Tags: BukavuM23Yafashe

Related Posts

U Rwanda n’u Bubiligi: Minisitiri Nduhungirehe Yavuze Icyo Bihagazeho, Anagaruka ku Mubano na Tanzania, u Burundi na RDC
Regional Politics

U Rwanda n’u Bubiligi: Minisitiri Nduhungirehe Yavuze Icyo Bihagazeho, Anagaruka ku Mubano na Tanzania, u Burundi na RDC

September 15, 2026
Bujumbura Mu Rujijo: Pasiteri Isidori Mbayahaga Ari Kubazwa n’Inzego z’Iperereza
Regional Politics

Bujumbura Mu Rujijo: Pasiteri Isidori Mbayahaga Ari Kubazwa n’Inzego z’Iperereza

September 14, 2026
Rwanda–Burundi: Amagambo Akomeye ya Nduhungirehe Asubiza Bizimana ku Kibazo cya FDLR
Regional Politics

Rwanda–Burundi: Amagambo Akomeye ya Nduhungirehe Asubiza Bizimana ku Kibazo cya FDLR

September 14, 2026
Following the Arrest of Three Pastors, Another Munyamulenge Arrested in Bujumbura
Regional Politics

Following the Arrest of Three Pastors, Another Munyamulenge Arrested in Bujumbura

September 12, 2026
Nyuma y’Abapasitori Batatu, Undi Munyamulenge Yafashwe i Bujumbura
Regional Politics

Nyuma y’Abapasitori Batatu, Undi Munyamulenge Yafashwe i Bujumbura

September 12, 2026
Amayobera ku Ifatwa ry’Abapasitori Batatu b’Abanyamulenge mu Burundi: Pasitori Jelos Yafatiwe ku Kibuga cy’Indege
Regional Politics

Amayobera ku Ifatwa ry’Abapasitori Batatu b’Abanyamulenge mu Burundi: Pasitori Jelos Yafatiwe ku Kibuga cy’Indege

September 11, 2026
Next Post
Iby’igitero cyagabwe mu Banyamulenge aho bari i Kalemi.

Iby'igitero cyagabwe mu Banyamulenge aho bari i Kalemi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Conflict & Security Regional Politics Religion Shop & Explore sport & entertainment Uncategorized World News

RECENT POSTS

  • RDC: Manda ya Gatatu ya Tshisekedi: Ibyo Perezida Yavuze n’Impaka Byateje mu Gihugu
  • Perezida Theodore Roosevelt na Donald Trump: Abayobozi Babiri Bashatse Guhindura Amerika, Amateka Yabo Atandukaniye He?
  • Uvira : La visite du député Justin Bitakwira suscite des réactions contrastées
  • About Us
  • Home
  • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In
Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?