• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, January 19, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

M23 yageze iwabo w’Abanyamulenge ahazwi nk’i Mulenge, ibyari byifuzo bikomeye.

minebwenews by minebwenews
March 12, 2025
in Regional Politics
0
M23 yageze iwabo w’Abanyamulenge ahazwi nk’i Mulenge, ibyari byifuzo bikomeye.
123
SHARES
3.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

M23 yageze iwabo w’Abanyamulenge ahazwi nk’i Mulenge, ibyari byifuzo bikomeye.

You might also like

Abasirikare b’u Burundi barenga 500 bari guhigwa bukware

Perezida Ndayishimiye Yizeje MONUSCO Kurinda U Rwanda, Ntiyashyigikira Gusenywa kwa FDLR

Uganda Yongeye Gufungura Internet Nyuma y’Itangazwa ry’Ibyavuye mu Matora ya Perezida

Umutwe wa m23 urwanya ubutegetsi bw’i Kinshasa, abarwanyi bawo bamaze gukandagiza ibirenge byabo iwabo w’Abanyamulenge ahazwi nk’i Mulenge muri Kivu y’Amajyepfo, nk’uko amakuru ava yo abivuga.

Akarere k’i Mulenge kagizwe na Rurambo, i Ndondo ya Bijombo, i Cyohagati, Mibunda, Bibogobogo na Minembwe. Utu turere tubarizwa muri za teritware ya Mwenga, Fizi na Uvira.

Gusa, hari utundi duce tutagituwe n’aba Banyamulenge kuko aba barwanya bashigikiwe na Leta y’i Kinshasa bagiye batubirukanamo, kuri ubu tukaba dutuwe n’Abapfulero, Ababembe n’andi moko; utwo duce hari aka Mirimba, Matanganika na Ngandji.

Amakuru Minembwe Capital News yamaze kwakira, ayo dukesha abaturiye imisozi ya Rurambo, ahamya ko m23 yageze iwabo.

Uyu waduhaye iyi nkuru yavuze ko iri ahitwa i Gashama, kandi ko yamaze guhura na Twirwaneho yari isanzwe muri ibyo bice.

Yagize ati: “Turi i Gashama. Ubu turi kumwe na m23. Twese turi hamwe.”

Abarwanyi bo mu mutwe wa m23 bageze i Gashama muri Rurambo, nyuma yuko birukanye ingabo z’u Burundi n’iza Congo, n’imitwe irimo FDLR na Wazalendo i Kaziba muri teritware ya Walungu.
Na nyuma y’aho m23 yakomeje gukurikira ririya huriro ry’ingabo za Congo, baryirukana mu misozi iri hagati ya Rurambo n’i Kaziba, maze iri huriro rihungira mu misozi yunamiye i Lemera muri Uvira.

Uyu mutwe wa m23 gukandagiza ibirenge byabo iwabo w’Abanyamulenge, byari inzozi ku Banyamulenge kuko bari batesetse igihe kirekire, ariko ubu bisa nk’aho babonye umucyunguzi bari bategereje igihe kirekire.

Ntimugura Felix uri mu Rurambo yabwiye Minembwe Capital News ati: “Ibi bisa nk’aho twageze ku mahoro arambye. Erega m23 ni igisubizo kuri twe.”

M23 igeze mu Rurambo mu gihe Twirwaneho iheruka kwigarurira igice cya Minembwe, giherereye mu birometero nka 200 uvuye aha mu Rurambo.

Si Minembwe gusa Twirwaneho yafashe, kuko yanafashe Kamombo na Mikenke. Ubu uyu mutwe wa Twirwaneho uranagenzura ikibuga cy’indege cya Minembwe giherereye ku Kiziba.

Nyamara nubwo ari ibyishimo bidasanzwe ku Banyamulenge bagezwemo na m23, ariko kandi ibagezemo mu gihe ubutunzi bwabo bw’inka bwanyazwe na Wazalendo(Mai Mai), ibifashijwemo n’ingabo za Leta y’i Kinshasa.

Mu mibare yagiye ishyigwa hanze n’imiryango itandukanye y’Abanyamulenge irimo n’uwa Mahoro Peace Association, mu myaka ishyize, yagaragazaga ko Inka zabo Banyamulenge zanyazwe hagati mu mwaka wa 2017 kugeza uwa 2020, zibarirwa mu bihumbi amagana ane.

Ikindi nuko aba Banyamulenge bagiye basenyerwa imihana yabo, ndetse kandi bakicwa bazira ubwoko bwabo.
Hagataho, kuri ubu basa nabatangiye gukandagiza ibirenge byabo mu bisubizo by’amahoro.

Tags: ImulengeM23Rurambo
Share49Tweet31Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Abasirikare b’u Burundi barenga 500 bari guhigwa bukware

by Bahanda Bruce
January 18, 2026
0
Abasirikare b’u Burundi barenga 500 bari guhigwa bukware

Abasirikare b’u Burundi barenga 500 bari guhigwa bukware Abasirikare b’Igihugu cy’u Burundi barenga 500 bari guhigwa bukware n’inzego z’umutekano, bashinjwa gutoroka inshingano za gisirikare nyuma yo gutsindwa ku...

Read moreDetails

Perezida Ndayishimiye Yizeje MONUSCO Kurinda U Rwanda, Ntiyashyigikira Gusenywa kwa FDLR

by Bahanda Bruce
January 18, 2026
0
Perezida Ndayishimiye Yizeje MONUSCO Kurinda U Rwanda, Ntiyashyigikira Gusenywa kwa FDLR

Perezida Ndayishimiye Yizeje MONUSCO Kurinda U Rwanda, Ntiyashyigikira Gusenywa kwa FDLR Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yatangaje ko ingabo z’Umuryango w’Abibumbye ziri mu butumwa bw’amahoro muri Repubulika Iharanira...

Read moreDetails

Uganda Yongeye Gufungura Internet Nyuma y’Itangazwa ry’Ibyavuye mu Matora ya Perezida

by Bahanda Bruce
January 18, 2026
0
Uganda Yategetse Gufunga Internet mu Gihugu Hose Mbere y’Amatora

Uganda Yongeye Gufungura Internet Nyuma y’Itangazwa ry’Ibyavuye mu Matora ya Perezida Leta ya Uganda yongeye gufungura internet mu gihugu hose nyuma y’itangazwa ry’ibyavuye mu matora y’Umukuru w’Igihugu, byemeje...

Read moreDetails

Uganda Yategetse Gufunga Internet mu Gihugu Hose Mbere y’Amatora

by Bahanda Bruce
January 13, 2026
0
Uganda Yategetse Gufunga Internet mu Gihugu Hose Mbere y’Amatora

Uganda Yategetse Gufunga Internet mu Gihugu Hose Mbere y’Amatora Leta ya Uganda yafashe icyemezo gikomeye cyo guhagarika internet mu gihugu hose mu gihe kitazwi. Iki cyemezo cyatangajwe n’Ikigo...

Read moreDetails

Bobi Wine Yatanze Gasopo yo Kwigaragambya mu gihe Amatora Yagaragaramo Ubujura

by Bahanda Bruce
January 13, 2026
0
Bobi Wine Yatanze Gasopo yo Kwigaragambya mu gihe Amatora Yagaragaramo Ubujura

Bobi Wine Yatanze Gasopo yo Kwigaragambya mu gihe Amatora Yagaragaramo Ubujura Umuyobozi w’abatavuga rumwe n’ubutegetsi muri Uganda, Robert Kyagulanyi Ssentamu, uzwi cyane ku izina rya Bobi Wine, yatangaje...

Read moreDetails
Next Post
Byakaze, abagabo bakubita abagore babo, m23 yababuriye.

Byakaze, abagabo bakubita abagore babo, m23 yababuriye.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kabila Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?