• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, April 25, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

M23 yakoze amateka ifata uduce turindwi idahanganye cyane.

minebwenews by minebwenews
April 28, 2025
in Conflict & Security
0
Imisozi ihanamiye Kaziba yigaruriwe na M23.
108
SHARES
2.7k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

M23 yakoze amateka ifata uduce turindwi idahanganye cyane.

You might also like

L’AFC/M23 annonce un programme d’échange de prisonniers avec le gouvernement de Kinshasa, basé sur les accords de la Suisse

AFC/M23 yatangaje gahunda yo guhererekanya imfungwa na Leta ya Kinshasa hashingiwe ku masezerano yo mu Busuwisi

James Swan Visits Goma, an Area Controlled by the AFC/M23 Alliance

Umutwe wa M23 urwanya ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, wakoze amateka ufata uduce turindwi icyarimwe muri Kivu y’Amajyepfo.

Amasoko yacu atandukanye agaragaza ko M23 yafashe utu duce turindwi icyarimwe mu ijoro ryo ku wa gatandatu rishyira ku cyumweru tariki ya 27/04/2025.

Utwo duce akaba ari aka Kasheke, Lemera, Bugamanda, Bushaku ya 1 n’iya 2 na Kofi. Utu duce twose nk’uko aya makuru abihamya duherereye muri teritware zibiri ariko tukaba twegeranye cyane. Ni muri teritware ya Kabare na Kalehe mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo.

Aya makuru kandi agaragaza ko kugira ngo aba barwanyi bafate utwo duce bakoresheje abarwanyi baturutse ku muhanda wa Bukavu-Goma, maze berekeza muri turiya duce ni bwo Wazalendo, FDLR, Ingabo z’u Burundi n’iza FARDC zari ziturumo zahise zihunga.

Kimwecyo, hari n’andi makuru agaragaza ko ingabo zo mu ruhande rwa Leta zari muri utwo duce zitari nyinshi, bikaba ari byo byatumye zihunga rugikubita zerekeza iy’ishyamba zitiriwe zihangana nk’uko zagiye zibigenza mbere.

Ariko nyamara hari akandi gace kitwa Luhihi ko muri Kalehe aba barwanyi bo mu mutwe wa M23 bikuyemo ubwo bafataga turiya duce, nubwo amakuru agaragaza ko ntaho Wazalendo boca kugira ngo bakageremo. Ni mu gihe uduce twose tugakikije tugenzurwa n’uyu mutwe wa M23.

Kuri uwo wo ku wa gatandatu kandi, uyu mutwe na none wa M23 wafashe umujyi wa Kaziba wo uherereye muri teritware ya Walungu, muri iyi ntara ya Kivu y’Amajyepfo.

Ni nyuma y’aho wari wafashe n’imisozi ya Kaziba harimo uwa Murambi ndetse n’uwa Bushyenyi yo, iherereye hagati ya Nyangenzi n’uy’u mujyi wa Kaziba.

Kurundi ruhande, imirwano hagati y’impande zombi irakomeje aho kuri ubu iri kubera mu misozi miremire ihanamiye i Kibaya cya Rusizi ahazwi nko muri Plaine Dela Ruzizi.

Tags: KaleheM23Uduce 7
Share43Tweet27Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

L’AFC/M23 annonce un programme d’échange de prisonniers avec le gouvernement de Kinshasa, basé sur les accords de la Suisse

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
L’AFC/M23 annonce un programme d’échange de prisonniers avec le gouvernement de Kinshasa, basé sur les accords de la Suisse

L’AFC/M23 annonce un programme d’échange de prisonniers avec le gouvernement de Kinshasa, basé sur les accords de la Suisse Le porte-parole adjoint en charge des affaires politiques de...

Read moreDetails

AFC/M23 yatangaje gahunda yo guhererekanya imfungwa na Leta ya Kinshasa hashingiwe ku masezerano yo mu Busuwisi

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
AFC/M23 yatangaje gahunda yo guhererekanya imfungwa na Leta ya Kinshasa hashingiwe ku masezerano yo mu Busuwisi

AFC/M23 yatangaje gahunda yo guhererekanya imfungwa na Leta ya Kinshasa hashingiwe ku masezerano yo mu Busuwisi Umuvugizi wungirije mu rwego rwa politiki w’ihuriro AFC/M23, Dr Balinda, yatangaje ko...

Read moreDetails

James Swan Visits Goma, an Area Controlled by the AFC/M23 Alliance

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
James Swan yagiriye uruzinduko i Goma ahagenzurwa n’ihuriro AFC/M23

James Swan Visits Goma, an Area Controlled by the AFC/M23 Alliance James Swan, the Special Representative of the UN Secretary-General and Head of MONUSCO, arrived this Friday, April...

Read moreDetails

James Swan yagiriye uruzinduko i Goma ahagenzurwa n’ihuriro AFC/M23

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
James Swan yagiriye uruzinduko i Goma ahagenzurwa n’ihuriro AFC/M23

James Swan yagiriye uruzinduko i Goma ahagenzurwa n’ihuriro AFC/M23 James Swan, Intumwa yihariye y’Umunyamabanga Mukuru wa Loni akaba n’Umuyobozi wa MONUSCO, yageze kuri uyu wa Gatanu tariki ya...

Read moreDetails

Impunzi z’Abanyekongo zatangiye gutahuka iwabo

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
Impunzi z’Abanyekongo zatangiye gutahuka iwabo

Impunzi z’Abanyekongo zatangiye gutahuka iwabo Nubwo umutekano utaragaruka uko bikwiye mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, impunzi z’Abanyekongo zari zarahungiye mu Burundi zatangiye gutahuka ku bushake,...

Read moreDetails
Next Post
Igisirikare cya Koreya ya Ruguru ku nshuro ya mbere kigira icyo kivuga ku ntambara cyagiye gufashamo u Burusiya.

Igisirikare cya Koreya ya Ruguru ku nshuro ya mbere kigira icyo kivuga ku ntambara cyagiye gufashamo u Burusiya.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?