Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

M23 yavuze icyihutirwa igiye gukora i Bukavu muri Kivu y’Epfo.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
February 11, 2025
in Regional Politics
0
Agezweho y’urugamba rukomeye hagati ya M23 n’ingabo za Congo muri Kivu y’Amajyaruguru.
127
SHARES
3.2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

M23 yavuze icyihutirwa igiye gukora i Bukavu muri Kivu y’Epfo.

You might also like

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Ihuriro ry’imitwe ya politiki n’igisirikare rya Alliance Fleveuve Congo, AFC, ribarizwamo n’umutwe wa M23, rya menyesheje ko igihe kigeze ngo rije kubohora abaturiye i Bukavu muri Kivu y’Amajy’epfo, kuko barimo kwicwa n’ingabo za Republika ya demokarasi ya Congo, n’imitwe yitwaje intwaro ikorana byahafi nazo, irimo FDLR na Wazalendo.

Bikubiye mu itangazo iri huriro rya AFC ryashyize hanze ku mugoroba w’ahar’ejo hashize tariki 10/02/2025, aho iryo tangazo ritangira rigira riti: “Ihuriro rya AFC/M23 ryiyemeje kujya kubohora abatuye i Bukavu niba ntagikozwe mu guhagarika ubugizi bwa nabi burimo kwibasira Abaturage.”

Iri tangazo rigaragaza ko ubwo bwicanyi burimo gukorerwa abaturiye i Bukavu no mu nkengero zayo, bukorwa n’ingabo za FARDC n’abambari bazo, ari bo FDLR na Wazalendo.

Ati: “Ni ubwicyanyi bukorwa n’ingabo za Leta (FARDC) n’abo bafatanyije.”

Iri huriro kandi muri iri tangazo rivuga ko ryumvise gutaka kwaba baturage bicwa bakanasahurwa imitungo yabo bikozwe n’abashinzwe umutekano bagakwiye kubirinda.

Muri ubwo buryo, iri huriro rya AFC/M23 rigasaba ko ibyo bikorwa bibi bihagarara ako kanya, bitaba ibyo, iri huriro rigatanga umusanzu waryo mu gutabara abaturiye umujyi wa Bukavu ufatwa nk’umurwa mukuru w’intara ya Kivu y’Amajy’epfo.

Ryagize riti: “AFC/M23, turasaba ko ibyo bikorwa bibi bihagarara aka kanya, bitaba ibyo, tugatanga umusanzu wacu wo gutabara abaturage.”

Ku cyumweru niho abaturage baturiye umujyi wa Bukavu bahaye ingabo z’iki gihugu(FARDC ) amasaha 48 yokuba zavuye muri uyu mujyi. Bazishinja kwica abantu icyenda, bakavuga ko babiciye ahitwa i Katana no mu tundi duce duherereye mu nkengero z’umujyi muto wa Kavumu.

Hagataho, imirwano irakomeje hagati ya M23 n’ihuriro ry’ingabo zirwana ku ruhande rwa Leta, ikaba irimo kubera kuri zone ya Kalehe, muri Kivu y’Amajy’epfo.

Tags: BukavuM23
Share51Tweet32Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk'abamaraika, agaragaza n'impamvu yabyo. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi, yatangaje ko umukuru w'igihugu cy'u Rwanda Paul...

Read moreDetails

Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe.

Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe. Mu buryo budasanzwe umudipolomate wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Mutebwa Mulumba Jean Dieu, usanzwe ari umujyanama wa kabiri muri ambasade...

Read moreDetails

U Rwanda rwagize icyo ruvuga ku ntambwe imaze guterwa hagati ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 20, 2025
0
Icyo minisitiri Nduhungirehe yavuze ku biganiro biri kubera i Doha bihuza RDC na AFC/M23.

U Rwanda rwagize icyo ruvuga ku ntambwe imaze guterwa hagati ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Leta y'u Rwanda yatangaje ko yishimiye isinywa ry'inyandiko y'amahame y'ibanze ngenderwaho aganisha...

Read moreDetails
Next Post
Ikindi gihugu kigiye kohereza ingabo zacyo muri RDC.

Ikindi gihugu kigiye kohereza ingabo zacyo muri RDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?