Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

M23 yavuze icyihutirwa igiye gukora i Bukavu muri Kivu y’Epfo.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
February 11, 2025
in Regional Politics
0
Agezweho y’urugamba rukomeye hagati ya M23 n’ingabo za Congo muri Kivu y’Amajyaruguru.
127
SHARES
3.2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

M23 yavuze icyihutirwa igiye gukora i Bukavu muri Kivu y’Epfo.

You might also like

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

Ihuriro ry’imitwe ya politiki n’igisirikare rya Alliance Fleveuve Congo, AFC, ribarizwamo n’umutwe wa M23, rya menyesheje ko igihe kigeze ngo rije kubohora abaturiye i Bukavu muri Kivu y’Amajy’epfo, kuko barimo kwicwa n’ingabo za Republika ya demokarasi ya Congo, n’imitwe yitwaje intwaro ikorana byahafi nazo, irimo FDLR na Wazalendo.

Bikubiye mu itangazo iri huriro rya AFC ryashyize hanze ku mugoroba w’ahar’ejo hashize tariki 10/02/2025, aho iryo tangazo ritangira rigira riti: “Ihuriro rya AFC/M23 ryiyemeje kujya kubohora abatuye i Bukavu niba ntagikozwe mu guhagarika ubugizi bwa nabi burimo kwibasira Abaturage.”

Iri tangazo rigaragaza ko ubwo bwicanyi burimo gukorerwa abaturiye i Bukavu no mu nkengero zayo, bukorwa n’ingabo za FARDC n’abambari bazo, ari bo FDLR na Wazalendo.

Ati: “Ni ubwicyanyi bukorwa n’ingabo za Leta (FARDC) n’abo bafatanyije.”

Iri huriro kandi muri iri tangazo rivuga ko ryumvise gutaka kwaba baturage bicwa bakanasahurwa imitungo yabo bikozwe n’abashinzwe umutekano bagakwiye kubirinda.

Muri ubwo buryo, iri huriro rya AFC/M23 rigasaba ko ibyo bikorwa bibi bihagarara ako kanya, bitaba ibyo, iri huriro rigatanga umusanzu waryo mu gutabara abaturiye umujyi wa Bukavu ufatwa nk’umurwa mukuru w’intara ya Kivu y’Amajy’epfo.

Ryagize riti: “AFC/M23, turasaba ko ibyo bikorwa bibi bihagarara aka kanya, bitaba ibyo, tugatanga umusanzu wacu wo gutabara abaturage.”

Ku cyumweru niho abaturage baturiye umujyi wa Bukavu bahaye ingabo z’iki gihugu(FARDC ) amasaha 48 yokuba zavuye muri uyu mujyi. Bazishinja kwica abantu icyenda, bakavuga ko babiciye ahitwa i Katana no mu tundi duce duherereye mu nkengero z’umujyi muto wa Kavumu.

Hagataho, imirwano irakomeje hagati ya M23 n’ihuriro ry’ingabo zirwana ku ruhande rwa Leta, ikaba irimo kubera kuri zone ya Kalehe, muri Kivu y’Amajy’epfo.

Tags: BukavuM23
Share51Tweet32Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

by Bruce Bahanda
June 5, 2025
0
Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

Perezida Tshisekedi yakiriye wa munyapolitiki uheruka kwibasira Kabila. Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, yakiriye umunyapolitiki wo muri iki gihugu Martin Fayulu uheruka gutangaza ko...

Read moreDetails

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
AFC/M23 yatangaje igikorwa iri bwereke Isi kuri uyu wa 5.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC, ryatangaje ko ryakiriye umunyapolitiki Marcelin Cishambo, kandi ko yazanye n'abandi banyapolitiki barimo n'abatavuga rumwe n'ubutegetsi...

Read moreDetails

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo. Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yahakanye ibivugwa ko iri mu kwibasira abasirikare ba kuru ba FARDC...

Read moreDetails

Hamenyekanye umunyapolitiki ugiye kuzahura na Tshisekedi vuba.

by Bruce Bahanda
June 3, 2025
0
Icyifuzo cy’ubutegetsi bwa Tshisekedi cyatewe ishoti.

Hamenyekanye umunyapolitiki ugiye kuzahura na Tshisekedi vuba. Umunyapolitiki uri mubasanzwe badacana uwaka n'ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi wa Congo, Martin Fayulu, byamenyekanye ko uyu mukuru w'iki gihugu yamwemereye...

Read moreDetails

Ibyimbitse ku bikorwa Kabila akomeje gukora i Goma mu Burasizuba bwa Congo.

by Bruce Bahanda
June 2, 2025
0
Sena ya RDC yafashe umwanzuro ukakaye kuri Kabila.

Ibyimbitse ku bikorwa Kabila akomeje gukora i Goma mu Burasizuba bwa Congo. Nyuma y'uko bimenyekanye ko Joseph Kabila Kabange wahoze ari perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo...

Read moreDetails
Next Post
Ikindi gihugu kigiye kohereza ingabo zacyo muri RDC.

Ikindi gihugu kigiye kohereza ingabo zacyo muri RDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?