• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, March 16, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

M23 yigambye kuvugutira umuti ihuriro ry’Ingabo za RDC.

minebwenews by minebwenews
December 25, 2024
in Regional Politics
0
M23 yigambye kuvugutira umuti ihuriro ry’Ingabo za RDC.
95
SHARES
2.4k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

M23 yigambye kuvugutira umuti ihuriro ry’Ingabo za RDC.

You might also like

“Ibihano ku Rwanda Ntibizakemura Ibibazo by’Ingutu bya RDC”– Minisitiri Olivier Nduhungirehe

Ubutabera bw’u Bufaransa Bwatangije Iperereza ku Rupfu rw’Umukozi wa UNICEF Wishwe n’Igitero cy’Indege mu Burasirazuba bwa RDC

Amerika Yamaganye Ibitero byibasira Abasivile mu Burasirazuba bwa RDC

Bikubiye mu butumwa umuvugizi w’u mutwe wa M23 mu bya gisirikare yashize hanze ku mugoroba w’ejo hashize, aho yagaragaje ko ihuriro ry’Ingabo za Leta ya Kinshasa zabagabyeho ibitero simusiga muri Lubero, ariko bararikubitagura byemewe, ndetse basenya n’ibigo byaryo byagisirikare bibiri biri muri ibyo bice.

Ahar’ejo tariki ya 24/12/2024, FARDC n’abambari bayo barimo FDLR, Wazalendo, ingabo z’u Burundi n’ingabo za SADC yagabye igitero kigamije kw’isubiza umujyi wa Mambasa uheruka gufatwa na M23 ariko. biyibera ubusa

Mu butumwa bwa Lt Col Willy Ngoma, yatanze arimo kwishongora ko bakubise inshuro uruhande ru rwanirira Leta yagize ati: “Muri Mombasa, igitero twagabweho kigamije kutwambura uyu mujyi, abakigabye, twabahaye isomo, nta santimetero imwe ishobora kuducika; haje FARDC izwiho kujegajega, haza na babanywi b’urumugi bo muri Afrika y’Epfo, haza kandi FDLR yavumwe, ndetse n’abarya bahezanguni ba FDNB, ariko bose twabakubise inshuro.”

Ahandi uyu mutwe wavugitiye umuti ihuriro ry’Ingabo za RDC ni muri Kahutwa na Mbangi, utwo duce tubiri twarimo ibigo bikomeye by’ingabo za FARDC, maze M23 irabisenya ndetse kandi yigarurira n’inkengero zaho.

Nyamara kandi kuri uwo wa kabiri indi mirwano ikomeye yabereye i Kibumba muri teritware ya Nyiragongo. Uguhangana kwabaye hagati y’uruhande rwa M23 n’urw’ingabo za FARDC muri aka gace kegereye umujyi wa Goma kwari gukaze, nk’uko amakuru ava muri ibyo bice abivuga.

Kimweho muri iyi teritware ya Nyiragongo iherereye mu marembo y’umujyi wa Goma, amezi yaracyanyemo nta mirwano yongeye kuyivugwamo, ariko uduce twayo twatangiye kuyiberamo harimo na hitwa Muheto n’ahandi. Usibye imirwano hari n’uduce bivugwa ko abarwanyi ba M23 batangiye kugaragaramo, aho n’ejobundi byavuzwe ko binjiye muri Kibati, ndetse no muri Kirimanyoka no mutundi duce turi mu mwinjiro wa Goma nk’ahitwa Nyundo.

Ibyo bibaye mu gihe kuva mu mpera z’iki cyumweru kibanziriza iki cya Noel, umutwe wa M23 warwaye amakundura, kandi ugenda ufata uduce two muri teritware ya Lubero ku muvuduko uri hejuru cyane.

Kugeza ubu ku mirongo y’imbere y’urugamba impande zihanganye zirashamiranye, kandi mu bice byose.

Tags: FardcM23umuti
Share38Tweet24Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

“Ibihano ku Rwanda Ntibizakemura Ibibazo by’Ingutu bya RDC”– Minisitiri Olivier Nduhungirehe

by Bahanda Bruce
March 15, 2026
0
“Ibihano ku Rwanda Ntibizakemura Ibibazo by’Ingutu bya RDC”– Minisitiri Olivier Nduhungirehe

"Ibihano ku Rwanda Ntibizakemura Ibibazo by’Ingutu bya RDC"– Minisitiri Olivier Nduhungirehe Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda, Olivier Nduhungirehe, yagaragaje ko ibyishimo bamwe mu bayobozi ba Repubulika Iharanira Demokarasi...

Read moreDetails

Ubutabera bw’u Bufaransa Bwatangije Iperereza ku Rupfu rw’Umukozi wa UNICEF Wishwe n’Igitero cy’Indege mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
March 13, 2026
0
Uvira: Abaturage Bashinja Wazalendo Kwica Umuturage, Ubwoba Bwakomeje Kwiyongera mu Burasirazuba bwa RDC

Ubutabera bw’u Bufaransa Bwatangije Iperereza ku Rupfu rw’Umukozi wa UNICEF Wishwe n’Igitero cy’Indege mu Burasirazuba bwa RDC Ubutabera bw’u Bufaransa bwatangaje ko bwatangiye iperereza ku cyaha gishobora kuba...

Read moreDetails

Amerika Yamaganye Ibitero byibasira Abasivile mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
March 13, 2026
0
U Bufaransa, u Bubiligi na EU Bamaganye Igitero Cyahitanye Umukozi wa Loni

Amerika Yamaganye Ibitero byibasira Abasivile mu Burasirazuba bwa RDC Igitero cya drone cyagabwe mu mujyi wa Goma, umurwa mukuru w’intara ya Kivu y’Amajyaruguru mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira...

Read moreDetails

U Rwanda Rwamaganye Uburyarya bw’Amahanga ku Ntambara yo muri RDC

by Bahanda Bruce
March 12, 2026
0
U Rwanda Rwamaganye Uburyarya bw’Amahanga ku Ntambara yo muri RDC

U Rwanda Rwamaganye Uburyarya bw’Amahanga ku Ntambara yo muri RDC Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane w’u Rwanda, Olivier Nduhungirehe, yagaragaje ko uburyo umuryango mpuzamahanga witwara ku ntambara iri kubera...

Read moreDetails

Uwari Minisitiri w’Intebe w’u Burundi, Bunyoni, Yarekuwe Nyuma yo Kumara Hafi Imyaka Ine Afunzwe

by Bahanda Bruce
March 11, 2026
0
Uwari Minisitiri w’Intebe w’u Burundi, Bunyoni, Yarekuwe Nyuma yo Kumara Hafi Imyaka Ine Afunzwe

Uwari Minisitiri w’Intebe w’u Burundi, Bunyoni, Yarekuwe Nyuma yo Kumara Hafi Imyaka Ine Afunzwe Uwahoze ari Minisitiri w’Intebe w’u Burundi, Alain-Guillaume Bunyoni, yarekuwe nyuma yo kumara hafi imyaka...

Read moreDetails
Next Post
Mu Burundi, Umunyamulenge yatewe icyuma munda.

Mu Burundi, Umunyamulenge yatewe icyuma munda.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?