• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, August 6, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Mbere yuko ibiganiro hagati ya m23 na Leta y’i Kinshasa bitangira, hari byasabwe.

minebwenews by minebwenews
March 17, 2025
in Regional Politics
0
Mbere yuko ibiganiro hagati ya m23 na Leta y’i Kinshasa bitangira, hari byasabwe.
134
SHARES
3.3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Mbere yuko ibiganiro hagati ya m23 na Leta y’i Kinshasa bitangira, hari byasabwe.

You might also like

RDC : Une enquête internationale sème le doute : de l’uranium aurait-il été exporté sous couvert de l’hydroxyde de cobalt ?

RDC Mu Rujijo Nyuma y’Iperereza Mpuzamahanga: Uranium Yaba Yarajyanwaga Mu Mahanga Mu Izina rya Cobalt?

Gen. Kabarebe Yahishuye Uruhare rwa Perezida Kagame mu Kumenyekanisha Tshisekedi ku Isi

Umukuru w’igihugu cya Angola, umuhuza ku makimbirane mu Burasizuba bwa Congo, akaba anayoboye umuryango wa Afrika Yunze ubumwe, Joao Lourenco yasabye impande zirwana mu Burasizuba bwa Congo kutagira ibitero bigabwa , ndetse kandi ntihagire akandi gace kigarurirwa na buri ruhande mu minsi ibiri ibanziriza ibiganiro.

Uyu muhuza yasabye ko aka gahenge gatangira kubahirizwa tariki ya 16/03/2025, kuko ibiganiro hagati y’izi mpande zombi biteganyijwe kuba ku ya 18/03/2025, bikazabera i Luanda muri Angola niba ntagihindutse.

Nk’uko itangazo Angola yashyize hanze ribigaragaza aka gahenge kagamije gufasha impande zirwana kwitegura ibiganiro biganisha ku mahoro.
Ni itangazo risaba kandi guhagarika ibitero ku basivili no guhagarika gufata ibindi bice.

Ariko nubwo ibi biganiro bisigaje umunsi umwe bikaba, kugeza ubu Leta y’i Kinshasa ntirerura ko izaja mu biganiro nubwo yagaragaje ko ubwo buryo ibushigikiye. Usibye ko ku ruhande rwa m23 rwo rwagiye rugaragaza ko rubishigikiye, nk’uko n’ubundi rwo rwabyifuje kera mu rwego rwo gushaka igisubizo kirambye cy’u mutekano muke muri iki gihugu cyabo.

Ahagana tariki ya 11/03/2025, ni bwo perezidansi ya Angola yashyize hanze itangazo rimenyesha ko perezida Joao Lourenco azakira ibiganiro by’imishikirano hagati ya Congo n’umutwe wa m23.

Nanyuma yabwo kandi ihita imenyesha ko ibyo biganiro bizaba tariki ya 18/03/2025.

Tags: FardcibiganiroIbyasbweKinshasaM23
Share54Tweet34Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

RDC : Une enquête internationale sème le doute : de l’uranium aurait-il été exporté sous couvert de l’hydroxyde de cobalt ?

by Bahanda Bruce
August 6, 2026
0
RDC : Une enquête internationale sème le doute : de l’uranium aurait-il été exporté sous couvert de l’hydroxyde de cobalt ?

RDC : Une enquête internationale sème le doute : de l’uranium aurait-il été exporté sous couvert de l’hydroxyde de cobalt ? MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Une enquête internationale...

Read moreDetails

RDC Mu Rujijo Nyuma y’Iperereza Mpuzamahanga: Uranium Yaba Yarajyanwaga Mu Mahanga Mu Izina rya Cobalt?

by Bahanda Bruce
August 6, 2026
0
RDC Mu Rujijo Nyuma y’Iperereza Mpuzamahanga: Uranium Yaba Yarajyanwaga Mu Mahanga Mu Izina rya Cobalt?

RDC Mu Rujijo Nyuma y'Iperereza Mpuzamahanga: Uranium Yaba Yarajyanwaga Mu Mahanga Mu Izina rya Cobalt? MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Iperereza mpuzamahanga ryakozwe na Lighthouse Reports ku bufatanye na...

Read moreDetails

Gen. Kabarebe Yahishuye Uruhare rwa Perezida Kagame mu Kumenyekanisha Tshisekedi ku Isi

by Bahanda Bruce
August 5, 2026
0
Gen. Kabarebe Yahishuye Uruhare rwa Perezida Kagame mu Kumenyekanisha Tshisekedi ku Isi

Gen. Kabarebe Yahishuye Uruhare rwa Perezida Kagame mu Kumenyekanisha Tshisekedi ku Isi MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Mu kiganiro aherutse kugirana n'itangazamakuru, Gen. James Kabarebe, Umunyamabanga wa Leta ushinzwe...

Read moreDetails

EASTERN DRC REACHES A CRITICAL JUNCTURE: MRDP-Twirwaneho and AFC/M23 Reportedly Continue Expanding Their Territorial Control as the Role of Burundian Forces Remains Controversial

by Bahanda Bruce
August 2, 2026
0
EASTERN DRC REACHES A CRITICAL JUNCTURE: MRDP-Twirwaneho and AFC/M23 Reportedly Continue Expanding Their Territorial Control as the Role of Burundian Forces Remains Controversial

EASTERN DRC REACHES A CRITICAL JUNCTURE: MRDP-Twirwaneho and AFC/M23 Reportedly Continue Expanding Their Territorial Control as the Role of Burundian Forces Remains Controversial MINEMBWE CAPITAL NEWS The ongoing...

Read moreDetails

UBURASIRAZUBA BWA RDC BUGEZE AHANTU HAKOMEYE: MRDP-Twirwaneho na AFC/M23 Bavugwaho Gukomeza Kwagura Igenzura, Mu Gihe Uruhare rw’Ingabo z’u Burundi Rukomeje Guteza Impaka

by Bahanda Bruce
August 2, 2026
0
Umusesenguzi Christian Moleka Yagaragaje Impungenge ko RDC Ishobora Guhura n’Ibyago byo Gucikamo Ibice

UBURASIRAZUBA BWA RDC BUGEZE AHANTU HAKOMEYE: MRDP-Twirwaneho na AFC/M23 Bavugwaho Gukomeza Kwagura Igenzura, Mu Gihe Uruhare rw'Ingabo z'u Burundi Rukomeje Guteza Impaka MINEMBWE CAPITAL NEWS Imirwano ikomeje kubera...

Read moreDetails
Next Post
Iby’imishikirano ya RDC n’umutwe wa m23 i Luanda.

Iby'imishikirano ya RDC n'umutwe wa m23 i Luanda.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Mikenke Minembwe Monusco MRDP-TWIRWANEHO Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?